rw-x-kinyabwisha_reg/42-MRK.usfm

939 lines
71 KiB
Plaintext
Raw Normal View History

2022-11-18 15:59:42 +00:00
\id MRK
\ide UTF-8
\h Marko
\toc1 Marko
\toc2 Marko
\toc3 mrk
\mt Marko
\c 1
\cl Isura 1
\p
\v 1 Intangiro ry'Umwaze gw'agakiza ka Yesu Kristo, Umwana w'Imana,
\p
\v 2 ukurikije uko byayandikirwe na Isaya, imbuzi ngo: Reba ntumye hambere yawe intumwa ya nyowe ikagutayarishirize inzira;
\q
\v 3 N'ijwi ry'urikwabirira mu butayu. Mutegure inzira y'Imana, muharure inzira ze.
\p
\v 4 Yohana arija, arikubatiriza mu butayu, kandi ariguhubiri iby' umubatizo gwo kwihana, kugira ngo bahanagurweho ibyaha.
\v 5 Igihugo cose ca Yudeya hamwe n'abahatuye bose b'i Yerusalemu bamugendeye, bakihana ibyaha byabo, barikwibatirisha nawe mu mugezi gwa Yorodani.
\v 6 Yohana yari afite umwenda g'ubwoya bw'ingamiya hamwe n'umukaba g'uruhu gufashe m'urukenyerero. Ibiryo bye byabaga isanani n'ubuhura.
\p
\v 7 Yabaga arikwigisha arikugamba ngo: Uri kwija hanyuma ya nyowe arakomeye kunduta, kandi ndo nemerewe kumufungura imigozi y'ibirato bye.
\v 8 Nyowe, nababatirishije amazi, ariko we, akababatize m'Umwuka Guboneye.
\p
\v 9 Muri ico gihe, Yesu yija aturutse i Nazareti yo muri Galilaya, abatizwa na Yohana m' umugezi gwa Yorodani.
\v 10 Aturutse mu mazi, yabwenye ijuru rifunguwe, n'Umwuka guteremutse kuri we gumerire nk'inuma.
\v 11 Niho ijwi ryayunvikaniye riturutse mu juru ririkugamba ngo: Uri umwana wa nyowe, ndagukundaga kandi ni wowe nishimiraga.
\p
\v 12 Muri ako kanya, Umwuka gwajenye Yesu mu butayu,
\v 13 aho yabeye imisi mirongo ine arikugeragezwa na shetani. Yari ari hamwe n'ibisimba bikarishe, na malayika baramuchungaga.
\p
\v 14 Yohana amarire gufungwa, Yesu agenda i Galilaya, arikwigisha Umwaze gw'Imana.
\v 15 Yabaga arikugamba ngo: Umwanya gwagerire, kandi ubwami bw'Imana buri hafi. Mwihane kandi mwizere ubutumwa buboneye bw'Imana.
\p
\v 16 16 Yabeye arikunyura mu ngengero y'ingezi y'i Galilaya, yabwenye Simoni na Nderea, mwene nyina wa Simoni, bariguterera ubutimba mu ngezi, kubera ko babaga bari abarobyi.
\v 17 Yesu arababwira ngo: Munkurikire, kandi nkabagire abarobyi b'abantu.
\v 18 Muri ako kanya baretse ubutimba bwabo, baramukurikira .
\v 19 Bageze hirya gatoya, yabwenye Yakobo muhungu wa Zebedayo na Yohana mwene nyina, nabo bari mu bwato barigutegura ubutimba.
\v 20 Nabo arabahamagara, basiga Se Zebedayo mu bwato hamwe n'abandi bakozi, hanyuma baramukurikira.
\p
\v 21 Baragenda i Kaperinaumu ku musi gw'isabato, Yesu arabatanga, yinjira ha Sinagogi, arigisha.
\v 22 Batangajwe n'inyigisho ze kuko yigishaga nk'ufite ubushobozi bitari bwa bundi bw'abakarani bigishaga.
\v 23 Muri iyo Sinagogi habonekamo umuntu urimo imyuka mibi, yatabazaga arikugamba ngo.
\v 24 Ni rihe sano dufutanye na wowe Yesu w'i Nazareti? Wayijire kuduhitana? Twiji uwo uri we: Uri Intungane y'Imana.
\p
\v 25 Yesu arabatombokera ngo: Muzibe vuba kandi muve muri wuno muntu.
\v 26 Iyo mwuka mibi ziramugwisha, zimuvamo arikwabira cane .
\v 27 Bose baratangara, k'uburyo ki babazanyaga hagati yabo ngo: Bino n'ibiki byabeye? N'inyigisho nshasha zikomeye! Arigutegeka imyuka mibi n'imbaraga kandi nazo zikamwumvira!
\v 28 Ibyo byatumye amenyekana mu migi yose y'i Galilaya.
\p
\v 29 Baviye mu Sinagogi, Yakobo, Yohana na we bagenda mu nzu ya Simoni na Ndereya.
\v 30 Nyirabukwe wa Simoni yari aryamye arwaye agapururu, muri ako kanya babibwira Yesu.
\v 31 Yamwegereye no kumuhagurutsa amufashe ukuboko. Ako kanya agapururu kamuviyemo, nuko atangira kubakorera
\p
\v 32 Bigeze n'imugoroba izuba ryamarire kurenga bamuzaniye abarwayi bose n'abafashwe n'ibizimu
\v 33 Abantu bose bo mu mugi bij kumushengerera ku rembo.
\v 34 Akiza abantu akangari bari bafite uburwayi butandukanye, yirukana n'ibizimu akangari, kandi ndo yemereraga abizimu ko bigira ico bagamba kuko byari bamwiji.
\p
\v 35 Mu gitondo karekare hakiriho umuyobe, arabyuka agenda mu butayu gusenga.
\v 36 Simoni n'abari hamwe nawe batangira kumushaka.
\v 37 Bamarire kumubona, baramubwira ngo: Abantu bose bari kugushaka.
\p
\v 38 Arabasubiza ngo: Tugende ahandi, mu yindi migi iri hambavu ya hano, mbone uko nahigishiriza naho, kubera ko arico canzanye).
\v 39 Nuko agenda kwigisha mu zindi Sinagogi zo muri Galilaya yose arikwirukana abazimu.
\p
\v 40 Umuntu urwaye ibibembe yija aho Yesu yari ari, apfukama hambere ye arakumuhendahenda arikugamba ngo: Ubeye wemeye, wonkiza kuko ubishobweye.
\p
\v 41 Yesu, kubera imbabazi yamugiriye yarambwiye ukuboko, amukoraho, arikugamba ngo: Ndabishatse, ukire.
\v 42 Muri ako kanya ibibembe birasimbuka, arakira .
\v 43 Murako kanya Yesu aramwirukana n'amagambo yo kumwihanangiriza,
\v 44 aramubwira ngo: Wirinde, were kugira uwo ubwira ibyakubeye ho, ariko ugende kwiyereka umutambyi, kandi utange ituro ryo gushima kuko ukize ibibembe, ukurikije ibyo Musa yabategetse, kugira ngo ibyo bibabere ubuhamya.
\v 45 Ariko uwo mugabo amarire kwigendera, atangira kwihara, acurira abantu ibyamubeyeho. Ibyo byabujije Yesu kwinjira mu mugi bose barikureba. Mugihe yarahagaze hanze y' umugi, ahantu h' ubutayu, abantu bazaga aho ari baturutse hirya no hino.
\c 2
\cl Isura 2
\p
\v 1 Hashije imisi mikeya, Yesu agaruka i Kapernaumu. Bimenyekana ko ari m'urugo.
\v 2 Hateranira abantu akangari k'uburyo aho bakirirwaga imbere y'umuryango habsye hato. Niho yababwiriye amagambo .
\v 3 Nuko bamuzanira ikirema gihetswe n'abantu bane.
\v 4 Ariko babwenye ko badashobweye kumugeraho kubera abantu akangari, basambura igisenge c'inzu, bateremura uburiri bwo ico kirema cari kiryamyeho no kumutoza hambere ye.
\v 5 Yesu abwenye ukwemera kwabo, abwira ikirema ngo: Mwana wa nyowe, ibyaha bya wowe wabibabariwe.
\p
\v 6 Aho hari hariho abakarani bikeye, babwira imitima yabo ngo:
\v 7 Kubera ki wuno muntu agambye guca? Yatse Imana icubahiro cayo. Ni nde ushobweye kubabarira ibyaha atari Imana gusa ?
\p
\v 8 Yesu amarire kumenyera mu mwuka ibyo bari barigutekereza mu mitima yabo, arababwira ngo: Kubera ki mufite ibitekerezo nka bino mu mitima yanyu?
\v 9 Icorohire n'ikihe hagati yo kubwira ikirema ngo: Ibyaha byawe wabibabriwe cangwa kugamba ngo: Haguruka, ufate uburiri bwawe wigendere ?
\v 10 Ariko, kugira ngo mumenye ko Umwana w'umuntu ashobweye kubabarira ibyaha hano ku si:
\v 11 Abwira ikirema ngo: Ndagutegetse: Haguruka, fata uburiri bwawe, ugende iwawe.
\p
\v 12 Muri ako kanya, arahaguruka afata uburiri bwe, asohoka bose barikumureba, kuburyo bose muguye m'ukumiro, bahimbaza Imana, barikugamba ngo: Ndo twari twabona ikintu gisa na kino.
\p
\v 13 Yesu yongera gusohokera iruhande rw'ingezi. Abantu kangari bija aho yari ari arabigisha.
\v 14 Ari gutambuka, yabwenye Lawi, umuhungu wa Alfayo, yikeye aho barihiraga imisoro. Aramubwira ngo: Winje, unkurikire. Lawi arahaguruka, aramukurikira.
\p
\v 15 Yesu yabeye yikeye ku meza mu nzu ya Lawi, hamwe n'abasoreshaga, n'abantu b'imibereho idatungenye akangari, nabo bija ku meza hamwe n'abanafunzi be; kuko isoko ry' abantu ryari rimukurikiye.
\v 16 Abakarani n'Abafarisayo, bamubwenye arigusangira n'abasoresha n'abantu b' imibereho idatungenye, babwira abanafunzi be ngo: Kubera ki arigusangira n'inkozi z' ibibi ?
\p
\v 17 Yesu abumvishije aragamba ngo: ndo ari abazima bakeneye muganga ahubwo n'abarwayi. Ndo nayijire guhamagara intungane ahubwo abanyabyaha.
\p
\v 18 Abanafunzi ba Yohana n' Abafarisayo bari barikwifunga kurya. Abantu hamwe bija kubwira Yesu ngo: Kubera ki abanafunzi ba Yohana n' Abafarisayo bafungaga, ariko abawe barikurya?
\p
\v 19 Yesu arabasubiza ngo: Bira b'umukwe bashobweye gute gufunga bakiri hamwe nawe? Igihe cose bari hamwe nawe, ndo bofunga.
\v 20 Imisi zirikwija aho umukwe akabakurwemo, muri iyo misi bakafunge.
\v 21 Nta muntu wadodera ikiraka gishasha ku gishangi. M'ubundi buryo, igitambara gishasha coshanyura igishaje, hanyuma rero ubushanyure bukaba bubi kurusha hambere.
\v 22 Nta muntu washira inzoga y'umushuhira mu kibindi gishaje; kuko bibeye guco, inzoga y'umushuhira yosandaza bya bibindi. Inzoga n'ibibindi bigashira byose. Ariko birakwiriye ko inzoga ishushe yoshirwa mu bibindi bishasha.
\p
\v 23 Umusi gumwe gw'isabato guragera, Yesu anyura mu murima gw'ingano hamwe n'abanafunzi be. Nuko batangira guca amahundo g'ingano.
\v 24 Abafarisayo baramubwira ngo: Reba, kubera ki barigukora ibitemewe ku sabato ?
\p
\v 25 Yesu arabasubiza ngo: Ndo mwashomire ico Daudi yakoze igihe inzara yamwitire, akeneye ibiryo, we nabo bari hamwe nawe?
\v 26 None so ndo yinjiye mu nzu y' Imana, igihe c'umutambyi Abiyatari akarya imitsima go kwerekana, gutemerewe kuribwa n'abandi uretse abatambyi? None si ndo mwiji ko yahayeho abo bari hamwe nawe !
\v 27 Hanyuma arababwira ngo: Isabato yabeye ho kubera umuntu, ariko nta muntu yabeyeho kubera isabato.
\v 28 Guco rero, Umwana w'umuntu ni we Mwami w'isabato.
\c 3
\cl Isura 3
\p
\v 1 Yesu yinjira muri Sinagogi. Asanga umugabo udaze akaboko.
\v 2 Bari barikwitegereza Yesu barindiye nimba aramukiza ku musi gw'Isabato kugira ngo babone ibyo kumurega.
\v 3 Yesu abwira uwo mugabo ufite akaboko kadaze ngo: Haguruka wije guhagarara hano hagati.
\v 4 Arababwira ngo: Mbesi bwemewe gukora ibiboneye k' umusi gw'isabato cangwa gukora ibyaha, gukiza ubuzima cangwa ikibi? Ariko bose barahora.
\v 5 Arabitegereza afite agahinda kandi ababejwe kubera imitima yabo y' ikibuye.
\v 6 Abafarisayo bagenda hanze bapanga inama n'Abaherode kugira ngo bashake uko bakamwite.
\p
\v 7 Yesu n'abanafunzi be berekeza ku ngezi, abantu akangari baturutse i Garilaya no muri Yudeya baramukurikira
\v 8 nabo i Yerusalemu, ni Dumeya no hakurya ya Yorodani, abo mu nkengero ya Tira, na Sidoni, bamenye ko yijire bose bija kumusanganira
\v 9 Asaba abanafunzi be ngo bakomeze kurinda ubwato bwe kugira ngo abantu batamusunikira hasi.
\v 10 Kubera ko yakizaga abantu akangari, abarwayi bose barikumwirundaho ngo bamukoreho
\v 11 Imyuka mibi zimubwenye, zira mupfukamira zirikwabira ngo: Uri umwana w'Imana.
\v 12 Ariko arabihanangiriza cane ngo bagende bate kugira ico bagamba
\p
\v 13 Yongera gutaramira k' umusozi yakura abo ashaka ngo bamusangeyo,
\v 14 arondora mo icumi n'ababiri ngo babere nawe. Niho yabatumye kugenda guhubiri,
\v 15 n'ubushobozi bwo kwirukana amadaimoni.
\v 16 Bano nibo icumi n'ababiri bo yarondoye: Simoni wo yise Petro,
\v 17 Yakobo umwana wa Zebedayo na Yohana mwenenyina wa Yakobo, maze ibita Boanerige bigambye ngo "abana b'inkuba",
\v 18 Nderea, Filipo, Bartoromayo, Matayo, Tomasi, Yakobo umwana wa Alufayo, Tadeyo, Simoni umukanani
\v 19 na Yuda Iskarioti wawundi wagambaniye Yesu, bose baragenda baja m' urugo.
\p
\v 20 Abantu akangari bongera guterana k' uburyo ndoho babonaga umwanya go kurya.
\v 21 Ababyeyi ba Yesu bamenye ibyo ari gukora bija kumwenda kuko bagambaga ngo yasarize.
\p
\v 22 Kandi aba Karani baragogoma baviye i Yerusalemu baragamaba ngo: Yatewe na Berzebuli umwami w' ibizimu, ngo niwe umhaga ingufu zo kwirukana ibizimu.
\p
\v 23 Yesu arabahamagara nuko abagambisha mu migani: Nigute shetani yokwirukana kwirukana undi shetani?
\v 24 ubwami bwe bubeye bwigabanyijemo ibice, ndo bwokomera.
\v 25 None koko inzu ibeye yigabanyijemo ibice ndo yokomera.
\v 26 shetani nawe abeye yigabanijemo ibice ndo yogira ingufu kandi aba atsindirwe.
\v 27 Umuntu ndo yokwinjira mu nzu y'umuntu ufite ingufu ngo yibe ibintu bye atamufungire.
\v 28 Ndababyiye mu by'ukuri, ibyaha byose by'abana b'abantu bikababarirwe naho botuka Imana,
\v 29 ariko umuntu wese ukatuke Umwuka Guboneye, ndo akababarirwe na gatoya. Akatsindishwe urubanza ruhoragaho.
\p
\v 30 Yesu yagambye gutyo kuberako bagambaga ngo arimo ibuzimu.
\p
\v 31 Nyina n'abene nyina baribari hanze batuma abantu kumwakura ngo bari kumushaka.
\v 32 Abantu akangari bari bamuzungurutse baramubyira ngo nyoko na bene nyoko bari hanze barikugushaka.
\p
\v 33 Arabasubiza ngo: Mama ni nde na bene mama ni bande?
\v 34 Hanyuma atumbira abo bantu bari bamuzungurutse arababwira ngo: ni mwewe mama na bene mama.
\v 35 Kubera umuntu wose ukoraga ubushake bw'Imana niwe mwene mama, mushiki wa nyowe, na mama.
\c 4
\cl Isura 4
\p
\v 1 Yesu yigisha tena ari ku nkengero y'ikivo abantu akangari baramuzunguruka. Aratarama, yicara mu bwato hejuru y'amazi.
\v 2 Abantu bo bari bikeye hasi ku inkengero y'ikivo hanyuma abigisha ibintu akangari mu migani arikubwira ngo:
\v 3 Mwunve: Umuhinzi umwe yagiye gutera imbuto
\v 4 arigutera zimwe zigwa mu nzira, inyoni ziraza zirazitoragura.
\v 5 izindi zaguye mu makoro ahatari ubutaka buhagije, zameze ariko ndo zayinjije imizi m' ubutaka.
\v 6 Izuba ryaviye rirazitwika zirapfa.
\v 7 Izindi zagwiye mu mishubi, imishubi irakura, irazisonga izibuza kwera imbuto.
\v 8 Izindi zigwiye m' ubutaka buboneye, zitanga imbuto akangari, zimwe miringo itatu, mirongo itandatu, n'izindi ijana kuri buri igiti.
\v 9 N'uko arababwira ngo: ufite amatwi go kumva ni yumve.
\p
\v 10 Yesu yicara wonyine, abantu bari bari hafi ye n' abanafunzi be baramubaza kubyerekeye iyo migani.
\v 11 Arabasubiza ngo: ni mwewe mwahewe amabanga g'ubwami bw' Imana ariko ku abari hanze, byose ni ukubyumvira mu migani,
\q
\v 12 kugira ngo bareba ariko babure babona, bumve ariko bere kumenya, kugira ngo bate kwihana ibyaha byabo bere kubabarirwa.
\p
\v 13 Nuko arababaza ngo: ndo mwumvishije guno mugani? Umuhinzi uwo nagambye ni uwo kuminja igambo ry'Imana.
\v 14 Zazindi zagwiye mu nzira inyoni zira zitoragura;
\v 15 niba bandi bumvaga igambo ry'Imana, ako akanya shetani akaza agakura mu mitima yabo rya Gambo baribumvishije.
\v 16 Abandi nabo n'uko, imbuto zagwiye mu makoro ni babandi bumvaga igambo ry'Imana bakaryakira bishimire,
\v 17 ariko muri bo nta mizi, ntpdo bafite kwihangana kuko iyo hijire ikigeragezo cangwa kubabazwa kubera Kristo n'uguhita baguye bagasubira inyuma.
\v 18 Abandi imbuto zirwaga mu imishubi ni babandi bumvaga ijambo ry'Imana,
\v 19 ariko kwifuza iby'isi bibarimo, amaganya no kurarikira byinshi bitagira akamaro bikaribyiga ntiryere imbuto.
\v 20 Ariko imbuto zaguye mubutaka bwiza ni babandi bunvaga ijambo baka ryakira rika byara amatunda (umusaruro), mirongo itatu, mirongo itandatu, n'ijana burigiti.
\p
\v 21 Arongera ara babwira ngo: Mbese umuntu yocana itara akarirambika hasi, cangwa musi y'uburiri? Oya, ahubwo n'ukurishira ku meza rigatanga umwangaza.
\v 22 Kuberako ikintu cyose kizahishwa kizahishurwa nibizakorerwa bwihishwa bizashirwa ku akarubanda.
\v 23 Umuntu wese ufite amatwi gumvaga niyumve.
\v 24 Yongera kubabwira: Mwitondere
\v 25 ibyo mwumvishije kuberako igipimo mupimiragamo abandi nico mukapimirwemo ndetse mukatsindagirirwe kubera ufite niwe ukongererwe ariko udafite bakamwake n'ako yaganyiragaho
\p
\v 26 Arababwira kandi, ubwami bw'Imana bumerire nk'umuntu uteraga imbuto m'ubutaka,
\v 27 uko buriguca nuko buri kwira ndo amenyaga ukuntu imbuto iri gukura cangwa kwera.
\v 28 Ubutaka bwonyine bumeraga ibyatsi bikazana ihundo ririmo imbuto ariko byose bibaga biri muri iryo hundo.
\v 29 Iyo amahundo geza, bagatemeshaga umupanga kubera ko igihe co gusarura kigerire.
\p
\v 30 Yongera kugamba ngo: Ubwami bw'Imana twabunganishaga n'iki cangwa ni uguhe mugani gwabusobanura?
\v 31 Bumerire nk'imbuto ya sinapi yo uyiteye m'ubutaka niko kabuto gatoya kurusha izindi zose zibagaho.
\v 32 Ariko iyo gutewe karameraga kakavamo igiti kinini cane gifite amatabi manini gaboneye, kugezaho inyoni zose zarikagamo kuberako harimo igicucu.
\p
\v 33 Ni muri iyo nzira y' imigani akangari yashoboraga kubahubira igambo akurikije n'uko bashoboraga kuyisobanukirwa.
\v 34 Yabwiraga abantu bose akoresheje imigani ariko yagera mu bwiherero agasobanurira abanafunzi be byose.
\p
\v 35 Kuri ugo umusi k'umugoroba Yesu arababwira ngo: twambukire hakurya.
\v 36 Amarire kwirukana abantu bose, abanafunzi be bija m'ubwato bwo yararimo kubera harihariho ubundi ubwato akangari.
\v 37 Umuvumba munini gurimo umuyaga gurabatera, amazi guzira m'ubwato hafi ya kuzama.
\v 38 Naho Yesu yararyamye yisinziriye. Baramubyutsa baramubyira ngo: Mwalimu ndo ubabejwe n'uko twenda kuzama?
\p
\v 39 abutse yiyama ugo muyaga abwira ingezi ngo tuza, hora ako kanya umuyaga guratuza.
\v 40 Arabannyega, arikubabaza ngo: Kubera ki mwagize ubwoba? Kubera ki mufite ukwizera gukeya?
\p
\v 41 Ubwoba bwinshi barabazambya, nuko baragambana ngo: Wuno we ni umuntu ki? Umuyaga n'ingezi birikubaha?
\c 5
\cl Isura 5
\p
\v 1 Bagera ko yindi nkengero y' ingezi ya Gederenia.
\v 2 Igihe Yesu yari aviye mu bwato, yabwenye umugabo hambere ye, uturutse mu kaburi yujwiyemo n'imyuka mibi.
\v 3 Uwo mugabo yaberaga mu kaburi nta muntu washoboraga kumuboha naho yokoresha umunyororo.
\v 4 Buri gihe, yabaga afunzeho ibyuma ku maguru kandi yambitswe imihama. Ariko yarazicaga izo minyororo n' ibyuma, ntawe wari ushobweye kumufata.
\v 5 Buri gihe yabaga mu kaburi no ku misozi arikwabira no gushanyuguza umubiri gwe amabuye.
\v 6 Abwenye Yesu, yamwirukangiye, no kunama hambere ye,
\v 7 Yarize n'ijwi rireyi ngo: Urikundyoza ki Yesu Mwana w' Imana Isumba Byose? Ndagusabye mu zina ry'Imana were kuntesa. Kubera ko yabaga arakumutegeka ngo: Muvemo, weho muzimu mubi.
\p
\v 9 Aramubaza ngo: izina ryawe ni nde? Nawe arasubiza ngo: Izina rya nyowe ni abasoda kangari, kuebra ko turi kangari nyine.
\v 10 Aramuhendahenda cane ngo yere kubirukana murico gihugo.
\v 11 Kuri ugo musozi hari hariho ingurube kangari zirikurisha.
\v 12 Baramuhendahenda ngo: utwohereze muri ziriya ngurube twiberemo.
\v 13 Arazemerera izo muzimu, ziragenda no kwinjira muri zo ngurube, sasa izo ngurube zigogomera mu ngezi. Amazi garazica zari ziri nk'ibihumbi bibiri .
\v 14 Abaragizi bizo ngurube bariruka cane baririkanga, begenda m' umugi barigamba into babwenye. Umugi gose gwija kureba ibyabeye.
\v 15 Bageze aho Yesu yari ari, basanze wa mugabo yikeye, yambeye neza, afite ubwenge nk' abandi bantu; baratinya cane .
\v 16 Babwenye ibyo bibeye kuri uwo muntu ni ngurube zagwiye mu ngezi.
\v 17 Sasa baramuhendahenda ngo ave mu gihugu cabo.
\p
\v 18 Igihe yabaga yinjiyd mu bwato wa muntu wabagamo ibizimu yija kumuhendahenda ngo bajane.
\v 19 Ariko Yesu ariyangira, ahubwo aramubwira ngo: Genda iwanyu, umubwire umuryango gwawe mutoya n' umunini ico Imana yamukoreye n' imbabazi yakugiriye.
\v 20 Aragenda atangira gucurira ugo mwazi i Dekapoli arikugamba uko Yesu yamukijije abantu bose baratangara .
\p
\v 21 Yesu asubira hirya ari m'ubwato abantu akangari bateranira aho iruhande rw' ingezi.
\v 22 Umwe mu bakuru b' i Sinagogi izina rye ni Yairo. Abwenye Yesu, yija kumupfukamira.
\v 23 Aramuhendahenda cane arikugamba ngo: agahara ka nyowe kenda gupfa, ndikuguhendahenda ngo wije ugakozeho undoke zawe kere gupfa.
\v 24 Yesu agendana nawe, abantu akangari baramukuririka barikumubyiga .
\p
\v 25 Habagaho umugore wari urwaye kuzana amaraso, kandi iyo ndwara yabanaga nayo imwaka cumi n'ibiri.
\v 26 Ifaranga ze zari zashiriye mu banganga barigupima kumukiza, ibintu bye byose birashira ahubwo akomeza kurwara.
\v 27 Uwo mugore amarire kunva umwaze kuri Yesu, arija, anyura mu bantu, no gukora k'umukaba gw'iropo rye.
\v 28 Kuko yatekereje ngo: Mbeye nkorire ku ropo rye gusa ndakira.
\v 29 Ako kanya amaraso garafunga, amenya m' umubiri gwe ko akize iyo ndwara .
\p
\v 30 Yesu nawe, muri ako kanya, yumva ko ingufu zipungutse. Arabaza ngo: Ni nde si wamunkozeho.
\p
\v 31 Abanafunzi be baramusubiza ngo: ariko si, ko abantu barikukubyigabyiga, urikabaza gute ngo: ni nde wankozeho.
\p
\v 32 Nuko Yesu arena hose kugira ngo arebe uwa mukoze ho .
\v 33 uwo mugore aratinya cane aratitira kuko yari yiji ica mubeyeho, arija aramupfukamira amubwira ukuri kose.
\v 34 Yesu aramubwira ngo: muhara wa nyowe, ukwizera kwawe kuragukishije, genda amahoro ukire .
\p
\v 35 Arikuganira nawe hija abavuye kuri wa mukuru w'i Sinagogi barikugamba ngo: Wa mwana wawe ko yapfiye kuki urigusumbuwa tena umwigisha ?
\p
\v 36 Ariko Yesu ndo yahangayikiye ibyo barikugamba, ahubwo abwira uwo mukuru w'i sinagogi ngo: were gutinya, upfe co kwizera gusa.
\v 37 Yesu yanga ko undi muntu ajana nawe keretse Petro na Yakobo na Yohana mwene nyina wa Yakobo.
\v 38 Bageze mu muryango gw' inzu yuwo mukuru w'i Sinagogi yahasangire abarikurira cane .
\v 39 Nuko arinjira arababaza ngo: ni iki kiri gutuma murikurira? Umwan ndo yapfiye, ahubwo arasinziriye. Baramuseka cane.
\v 40 Abirukaho bose, asigara hamwe na se w'uwo mwana na nyina nabaribari hamwe na Yesu agenda aho uwo mwana yari ari .
\v 41 Yafashe ukuboko k' uwo mwana, aramubwira ango: "Talita, kumi. Ni ukugamba ngo gahara we, ndakubwiye ngo: byuka ".
\v 42 Ugo mwanya ako gahara karabyuka, karagenda, kuko kari kamarire imyaka cumi n'ibiri kavutse. Ugo mwanya baratangara cane.
\v 43 Yesu arababwira ngo: Here kugira umuntu n'umwe wobabimenya. Arababwira ngo bamuhe ibiryo .
\c 6
\cl Isura 6
\p
\v 1 Yesu avayo, agendera iwabo. Abanafunzi be baramukurikira. Isabato igerire, atangira kwigisha mu Sinagogi.
\v 2 Abantu akangari bari barikumwumva baratangara. Baragamba ngo: Bino bintu arikubikura he? Buno ni bwenge ki yahewe? Ni gute bino bitangaza arikubikora?
\v 3 Wuno si ndo ari wa muhungu wa Maria, mwene nyina wa Yakobo, wa Yosi, wa Yuda na Simoni? Bashiki be ndo bari hano hamwe na twewe? Bababazwa na we.
\p
\v 4 Ariko Yesu arababwira ngo: Imbuzi ndo yubahwaga iwabo, hagati y'ababyeyi be no mu nzu ye.
\v 5 Nta kindi gitangaza yigeze gukora keretse kurambika amaboko ku barwayi bamwe na bamwe bagakira.
\v 6 Kutizera kwabo kuramutangaza. Yesu agumya kugendagenda mu nsisiro zihakikije arikwigisha.
\p
\v 7 Nuko yakura ba bandi cumi na babiri atangira kubatuma babiri babiri, abahereza ingufu zo kwirukana imyuka mibi,
\v 8 abahereza amategeko ngo be kugira ico baheka m'urugendo keretse inkoni. Bere kujana umukati, uruhago cangwa amakuta m'umufuko.
\v 9 Ahubwo bambare isanda kandi bere kugendana imyenda zibiri.
\v 10 Yongera kubabwira ngo: Igihe mwinjiye mu nzu, mukaberemo kugeza aho mugiye ahandi.
\v 11 Kandi aho mukagere abantu bakanga kubakira cangwa kubumva, mukave yo, mubakunkumuriye umucucu go musi y'ibikandagizo kugira ngo bikababere ubuhamya.
\v 12 Baragenda, bigisha abantu ngo bareke ibyaha.
\v 13 Birukanaga abizimu akangari, kandi basigaga abarwayi akangari amavuta, bakabakiza.
\p
\v 14 Umwami Herode yumva ibyo barikugamba kuri Yesu, kubera ko izina rye ryari rimarire kumenyekana hose. Hamwe Bari barikugamba ngo: Yohana Umubatiza yazutse mu bapfiye, nico kirigutuma ibitangaza birigukorwa kubera we.
\v 15 Abandi barikugamba ngo ni Eliya, abandi ngo n'imbuzi nk'umwe wo mu mbuzi so hambere.
\p
\v 16 Ariko Herode abyumvise aragamba ngo: Wuno Yohana wo nacishije umutwe niwe wazutse.
\p
\v 17 Kuko uwo Herode yari yarafunze Yohana kandi umushira mu gasyo bitewe na Herodia umugore wa Filipo mwene nyina kuko yari yaramucuye.
\v 18 Kandi Yohana yabaga arikumubwira ngo: Ndo wemerewe gucura umugore wa mwene nyoko.
\v 19 Ariko Herodia aramurakarira kandi amupangira gupfa ariko arananirwa.
\v 20 kuko Herode yatinyaga Yohana. Yari amwiji nk'umuntu w'ukuri kandi w'intungane. Yaramucungaga kandi yamwumvaga arigutangara, no kumwumviriza yishimye.
\p
\v 21 Umusi mukuru gugerire, Herode yibuka umusi gwe go yavukiyeho, akorera umusi mukuru abategetsi n'abakuru b'abasoda n'abategetsi b' i Galilaya.
\v 22 Umuhara wa Herodia yinjira mu cumba araceza, Herode n'abo yari yararitse barishima cane. Umwami abwira uwo muhara ngo: Unsabe ico ushaka ndakiguha.
\v 23 Yongera kurahira ngo: Ico uransaba ndakiguha naho yoba ari inusu y'igihugo ca nyowe.
\p
\v 24 Uwo muhara arasohoka, abiwia nyina ngo: Mama, nsabe ki? Nyina aramusubiza ngo: Umutwe gwa Yohana Umubatiza.
\p
\v 25 Agenda vuba, asusubira aho umwami yari ari aramusaba arikugamba ngo: Ndigusaba buno buno umutwe gwa Yohana Umubatiza ku mbehe.
\v 26 Umwami yicwa n' agahinda. Ariko kubera ko yari yarahiye kandi kubera abo yari yatumiye, abura uko yomwangira.
\v 27 Muri ako kanya, ategeka umusoda wari ari ku zamu kuzana umutwe gwa Yohana Umubatiza. Umuzamu aragenda atema umutwe gwa Yohana Umubatiza mu gasyo.
\v 28 Yazanye ugo mutwe ku mbehe, aguha uwo muhara agujanira nyina.
\v 29 Abanafunzi ba Yohana bamarire kubyumva bagenda gushikira umubiri gwe baraguhamba.
\p
\v 30 Intumwa zisubura kwa Yesu, zimubwira ibyo zakoze byose n'ibyo zari zigishije byose.
\v 31 Yesu arababwira ngo: Mugende kwiherera m' ubutayu, muruhuke gakeya kuko hariho abantu kangari barikugenda no kugaruka n'umwanya go kurya gwari gwabuze.
\v 32 Binjira mu bwato bagenda kwiherera m' ubutayu.
\v 33 Abantu kangari babareba bari kugenda barabamenya, bava mu mugi ku maguru babatanga iyo bari barikugendera.
\v 34 Baviye mu bwato, Yesu abona abantu kangari, arababarira kuko bari bamerire nk'intama zitagira umuragizi, tangira kubigisha amagambo menshi.
\p
\v 35 Kuko amasaha gari garenze, abanafunzi be bija hafi ye baramubwira ngo: Hano ni m'ubutayu n'isaha zarenze.
\v 36 Birukane bagende mu mago no mu nsisiro zidukikije kugira ngo bihahe ibiryo.
\p
\v 37 Yesu arababwira ngo: Na mwewe mwobaha si ibiryo. Baramusubizi ngo: Twogenda kugura imikati y'amafaranga magana abiri tubahe barye?
\p
\v 38 Arababaza ngo: Mufite imikati zingahe? Mugende murebe. Baramubwira ngo: Ibipande b bitanu by' imikati n'isamaki zibiri.
\v 39 Nuko arabategeka ngo babicaze m'udukundi k' umucaca.
\v 40 Nuko bicara mu mirongo y'ibikundi ijana ni ibya mirongo itanu.
\v 41 Afata ya mikati itanu na za samaki abiri. Apandisha amaso mu juru arasenga. Hanyuma amanyura imikati aha abanafunzi be kugira ngo bayigabire abantu. nNago mahere abiri nago agagabira abantu bose.
\v 42 Bose bararya kandi barahaga.
\v 43 Kandi bajana ibisobane cumi na bibiri byujwiye imikati n'amasamaki gari gasigeye.
\v 44 Abari bariye imigati bari abagabo ibihumbi bitanu.
\p
\v 45 Hanyuma, Yesu ategeka abanafunzi be kwinjira mu bwato no kuja hakurya ngo bamutange i Betisaida, mu igihe we yari ari gusezera ku bantu.
\v 46 Amarire kubasezerera, agenda ku musozi gusaba.
\v 47 Ku mugoroba, ubwato bwari mu ngezi hagati naho Yesu yari wonyine k'ubutaka.
\v 48 Abona ko bafite ikibazo co kugendesha ubwato, bitewe n'umuyaga kuko gwari gubaturutse hambere. Mu masaha ga sa kumi, arabasanga arigendera ku mazi, hafi yo kubatambuka ho.
\v 49 Bamubwenye arikugenda hejuru y'ingezi, bibwirako ari igihindi, baratabaza; kuko bose baramurebye baratinya.
\v 50 Ugo mwanya Yesu arababwira ngo: Mwizere ni nyowe, mwere gupfa n' ubwoba.
\v 51 Agerire aho, yinjira mu bwato; ugo muyaga guratuza. Bose babwenye baratangara kandi barumirwa.
\v 52 Kuko bose bari binangiye kuko bari batumvishije igitangaza c'imikati.
\p
\v 53 Bamarire kwambuka ingezi, binjira mu gihugo c 'i Nazareti.
\v 54 Bamarire kuva mu bwato, abantu bamenya ko ari Yesu.
\v 55 Bazunguruka igihugo cose bazana abarwayi ku bipoyi, hose aho bamenyagako ari.
\v 56 Hose aho yageraga mu nsisiro, mu migi no mu giturage, bazanaga abarwayi ku karubanda. Bamusabaga ko bakora ku migunjo myenda ye kandi abamukorire ho bose bakijijwe.
\c 7
\cl Isura 7
\p
\v 1 Abafarisayo n'abakarani bari baviye i Yerusalemu bahurira aho Yesu ari .
\v 2 Babwenye abanafunzi be bamwe barikurya imikati n' intoke ziriho umucafu n' ukugamba, batakarabye.
\v 3 Kubera ko Abafarisayo n' Abayuda Bose batorya badakarabye, kubera ko bafatiye Ku migenzo z' abazehe.
\v 4 Kandi igihe Abayuda baviye mu soko, ndo borya badakarabye, bafatiye cane Ku migenzo, ngo koza amakopo, utubindi, ibyombo by' ibyuma, hamwe ... byo bariragaho.
\v 5 Nuko Abafarisayo n'abakarani baramubaza ngo: Abanafunzi bawe kuki badakurikizaga imigenzo z' abazehe, kuko baryaga badakarabye ?
\p
\v 6 Yesu arababwira ngo: Mwa ndyadya mwe, m'ukuri Yesaya yababuriye ngo:
\q
\v 7 Bano bantu banyubahishaga umunwa gusa, ariko imitima yabo iri kure ya nyowe. Banyubahaga ku busa, kuko bashira hambere amategeko y'abantu.
\v 8 Mwiji kwanga amategeko g' Imana, mukifungiraho imigenzo z' abantu.
\v 9 Arongera kubabwira ngo: Mwangaga ibyo Imana ishaka, ariko mugacunga imigenzo yanyu.
\v 10 Kubera Musa yagambye ngo: Wubahe swo na mama wawe, kandi buri wose ukavume se we cangwa mama we akapfe gupfa.
\v 11 Ariko mwewe, muragambaga ngo: Umuntu abeye abwiye se na mama we ngo: Ico nari ngombye kubaha ni korobani (mana yake ituro ry'Imana),
\v 12 mukamubuza atakorera na gatoya se cangwa nyina,
\v 13 bico mubammugize busha igambo ry' Imana kubera imigenzo mwihimbiye. Kandi mukoraga n'ibindi akangari mwihimbiye.
\v 14 Yongera guhamagara abantu, arababwira ngo: Mufungure amatwi mwese kandi mwumve.
\v 15 Ikintu coee giturutse hanze y'umuntu ndo gishobweye kumucafuwa; ahubwo ikivuye mu muntu nico kimucafuwaga.
\v 16 Niba hari umuntu ufite amatwi go kumva, ngaho yumve.
\v 17 Yari amarire kwinjira mu nzu kure y'abantu; abanafunzi be baramubaza kubyo yagambye.
\v 18 Arababwira ngo: Na mwewe muri ba nta bwenge? Ndo mwumvaga ko ibiturukire hanze y'umuntu bidashobweye kumucafuwa?
\v 19 Kuko ndo byinjiraga mu mutima gwe, ahubwo bijaga mu nda, mugifu, kibiyungurura hanyuma bikaja mu musarani.
\v 20 Arongera aragamba ngo: Ibivuye mu muntu n'ibyo bimucafuwaga.
\v 21 Kuko ni mu muntu; mu mutima gwe havagamo ibitekerezo bibi, ubusambanyi, ubusambo, ubwicanyi,
\v 22 kurarikira, ububi, ubutiriganya, gahunda mumyifatire, kwifuza kubi, gateranya, ubwibone, ubusazi.
\v 23 Ibyo bibi byose biturukaga mu ndani y' umuntu, kandi bikamucafuwa.
\p
\v 24 Yesu avayo, agera aho bitaga Tiro na Sidona. Yinjira mu nzu ariko yari adashaka ko babimenya; ariko ndo byashobotse. Umugore umwe wari afite umuhara wari yafashwe n'ibihindi, yaguye hambere ye, amusaba kumukiriza umwana.
\v 25 Uwo mugore yari umugirikikazi wo muri Sidoni y'Abafenisi.
\v 26 Aramuhendahenda ngo: mbabarira ubinyirukanire bimuvemo.
\v 27 Yesu aramubwira ngo: Reka abana bamanze bahage: Kuko bitaboneye gufata ibiryo by'abana nuko ukatererera ibibwana.
\p
\v 28 Yego, Nyagasani, uwo mugore aramusubiza. Ariko ibibwana nabwo biryaga ubuvungu bw'ibiryo by'abana.
\p
\v 29 Nuko aramubwira ngo: Kubera iryo gambo, genda umuhara wawe yakize.
\v 30 Ibihindi byagiye. Yaratashe asanga umuhara we aryamye yakize koko.
\p
\v 31 Yesu ava i Tiro, anyura i Sidona agenda ku ngezi ya Galilaya yambukira mu gihugo ca Dekapoli.
\v 32 Bamuzanira umurwayi utumvaga, kandi udashobweye kugamba. Bamusaba ko yomurambikaho ibinabiro.
\v 33 Aramufata, amugendana ahatara abantu, ashira intoke mu matwi ge, amukora k'ururimi akoresheje amacanshwe ge.
\v 34 Nuko areba hejuru aragamba ngo "Ephphatha" n'ukugamba ngo funguka.
\v 35 Aho aho amatwi ge garafunguka n'ururimi rwe rurahambuka atangira kugamba neza.
\p
\v 36 Yesu arabategeka ngo bere kubwira umuntu. Ariko, nkunko yabaga arikubabuza niko bari barikurenzaho kubigamba.
\v 37 Baratangara cane, baragamba ngo: Arigukora ibitangaza, arikumvisha ibipfamatwi, akagambisha ibiragi.
\c 8
\cl Isura 8
\p
\v 1 Muri ugo musi abantu kangari bongera kumuzunguruka babuze ibiryo. Yesu ahamagara abanafunzi be, arababwira ngo:
\v 2 Mpfiriye bano bantu imbabazi. kubere bako babeye na nyowe imisi itatu batari kurya.
\v 3 nanje, Mbasezeraho ngo bagende iwabo, ingufu zirabashiramo mu zira, kuko bamwe muribo baturutse kure.
\p
\v 4 Abanafunzi be baramusubiza ngo: None turakura imikati he so kubahaza muri buno butayu?
\p
\v 5 Yesu arababaza ngo: Mufite i mikati ingahe, bamusubiza ngo: Irindwi. Nuko arategeka ko bicaza abantu hasi, bafata za mikati irindwi, arayisabira, hanyuma arazimanyagura, aziha abanafunzi be be ngo bazigabire abantu .
\v 7 Bari basigaranye isamaki zikeya, Yesu arazisabira, aziha abanafunzi ngo bazigabire abantu.
\v 8 Bararya Bose kandi barahaga. Basigaza ibitebo binini birindwi byujwiyemo imisagara.
\v 9 Bari bari hafi ibihumbi bine, hanyuma Yesu arabasezera.
\v 10 Yinjira m' ubwato hamwe n' abanafunzi be, bagendera mu karere k' i Dalmanuta .
\p
\v 11 Hija Abafarisayo batangira kumugirisha impaka, barikumushakaho urwiyenzo. Bamusabye ikimenyetso giturutse mu juru.
\v 12 Yesu yibaza mu mutima gwe ngo: kubera ki bano bantu bo muri kino gihe babazaga ibimenyetso? Ndikubabwira ukuri, ndo hakabeho tena ikimenyetso kuri bano bantu ba kino gihe.
\v 13 Hanyuma arihagurikira, yingendera m'ubwato yerekeza hakurya .
\p
\v 14 Abanafunzi bari bibagiwe gufata imikati bari basigaranye kubera ko m' ubwato Bari harimo igipande c' umukate kimwe gusa.
\v 15 Yesu arababurira arikubabwira ngo: Mwirinde neza imisemburo y' Abafarisayo n'iya Abaherode.
\p
\v 16 Abanafunzi barabazanya hagati yabo no kugambz ngo: Ni uko tudafite imikati.
\p
\v 17 Yesu arabimenya arababaza ngo: Kubera ki murigutekereza ko mudafite umukati? Ndo amaso ganyu garigareba neza? Ndo mwari mwamenya? Mufite imitima zitemeraga ?
\v 18 Mufite amaso ariko ndo murebaga? Mufite amatwi ndo mwumvaga?
\v 19 Ndo mwibukaga? Igihe namanyaguye imikati itano k' ubantu ibihumbi bitanu, hasigeye ibitebo bingahe byujwiye ubuvungunyikira? Baramusubiza ngo: Icumi n'abibiri .
\p
\v 20 None si igihe namanyaguye imikati irindwi ku bantu ibihumbi bine, hasigeyeho ibitebo bingahe byujwiyemo ubuvungunyukira?
\p
\v 21 Baramusubiza ngo: biridwi. Arababwira ngo: Ndo mwari mwamenya ?
\p
\v 22 Bija i Betesaida. Abantu bija n' impumwi aho Yesu ari, bamusaba ngo ayikoreho.
\v 23 Yesu yafashe iyo impumwi ukuboko, agendana nawe hanze y' urusisiro. Acira ku maso no kumushiraho ibinabiro. Aramubaza ngo: hari ico urikureba?
\p
\v 24 Uwo mugabo yafunguye am a so, hanyuma aragamba ngo: Ndikureba abantu ariko bamerire nk' ibiti birikugendagenda
\p
\v 25 Yesu yongera kumukoraho ku maso, impumwi itumbira Yesu, irakira, ireba byose neza.
\v 26 Nuko Yesu amutuma iwabo arikumubwira ngo: were kwinjira m' umugi.
\p
\v 27 Yesu aragenda hamwe n'abanafunzi be m' urusisiro rwi Kaisaria iwabo wa Filipo. Bari mu muhare, yababajije ngo: munvaga barikugamba ngo ndi nde?
\p
\v 28 Baramusubiza ngo: Yohana umubatiza, abandi ngo Eliya, abandi ngo umwe wo mu mbuzi .
\p
\v 29 Arababaza ngo: None si mwewe mugambaga ngo ndi nde? Petro aramusubiza ngo: uri Kristo.
\v 30 Yesu ababurira kutabibyira umuntu wose
\p
\v 31 Atangira kubigisha ko Umwana w'Umuntu agombye kubabazwa cane, akangwa n' abakuru, n'abatambyi bakuru, hamwe n' abakarani; yuko akicwe, hanyuma y'imisi itatu akazuka.
\v 32 Yabibabwiye atabahishe. Niho Petro yamishije pembeni, atangira kumukosora.
\v 33 Yesu arahindukira, areba abanafunzi be, yamagana Petero, aramubyira ngo: Subira inyuma weho shetani kuko imipango yawe atari iy'Imana. Ibyo urigutekereza no kwerekana niby'abantu.
\v 34 Nuko yakura abantu hamwe n'abanafunzi be arababwira ngo: Umuntu abeye ashatse kungurikira amanze yiyange, yikorere umusaraba gwe abone kunkurikira.
\v 35 Kubera ko ukakenere gukiza ubuzima bwe akabubure, ariko ukabubure kubera nyowe no kubera umwaze guboneye, akabubone.
\v 36 Nine si bimariye ki umuntu kunguka ibyo mu si byose, hanyuma agapoteza ubuzima bwe bwose?
\v 37 Ni igiki umuntu yotanga kummwanya g' ubuzima bwe?
\v 38 Umuntu wose akamwazwe na nyowe n' amagambo ga nyowe, muri kino gihe c' urubyiruko rw' ubusambanyi n' abanyabyaha, Umwana w' Umuntu nawe akamwazwe nawe, igihe akayije m'ubwiza bwa Se hamwe na malayika batungenye.
\c 9
\cl Isura 9
\p
\v 1 Yongera kubabwira ngo: Ndikubabwira ukuri yuko bamwe muri bano barihano ndo bakapfe batarabona ubwami bw'Imana bwije n' imbaraga.
\p
\v 2 Hanyuma y' imisi itandatu Yesu afata Petro, Yakobo na Yohana, agendana nabo ku musozi mureyi, ahinduka ukundi hmbere yabo.
\v 3 Imyenda ye ihinduka gurereza k' uburyo nta woshobora kugufura ngo gubere guco .
\v 4 Eliya na Musa barababonekera barikuganira na Yesu.
\v 5 Petro abwira Yesu ngo: Mwalimu, biraboneye ko tubera hano: Twubake amahema gatatu, irya wowe n'irya Musa n'irya Eliya.
\v 6 Ndo yari yiji ico arikugamba kubera ko bose baribatinye .
\p
\v 7 Igiho kirabatwikira, muri ico giho havamo ijwi ngo: Wuno n'umwana wa nyowe wo nkundaga mumwumve.
\v 8 Hanyuma abanafu zi barakebaguza babona Yesu ari wonyine, atari hamwe nabo.
\p
\v 9 Babeye barikurindimuka ugo musozi, Yesu arabategeka ngo bere kubwira umuntu ibyo babwenye, kugeza igihe Umwana w'Umuntu akazukireho.
\v 10 Iryo Gambo baribika m' umutima, ariko batangira kubazanya ico kuzuka ari co .
\v 11 Abanafunzi be baramubaza ngo: kuki abakarani bavuga ko Eliya ariwe ukayije hambere?
\p
\v 12 Arabasubiza ngo: Ni koko Eliya agombye kwija hambere kugira ngo atunganye byose. Niyo mpanvu bwanditswe ko Umwana w'Umuntu akababazwe no gusuzugurwa.
\v 13 Ariko ndabawira ko Eliya yayijire, bamugirira ibyo bashatse nkuko byandistwe kuri we.
\p
\v 14 Ageze hafi y'abanafunzi be, babona abantu akangari babazungukire hamwe n'abakarani barigutera impaka nabo.
\v 15 Nuko abantu babwenye Yesu barashituka, bija kumuramutsa.
\v 16 Arababaza ngo: murigytera impaka z'iki ?
\p
\v 17 Umuntu umwe muri abo bantu aramusubiza ngo: Mwalimu, nakuzaniye umwana wa nyowe wafatirwe n'umwuka mubi g'uburagi.
\v 18 Aho afatiwe hose ugo mwuka mubi gumutimbaga hasi, akazana ifuro. Nahendahenze abanafunzi bawe kwirukana ugo mwuka mubi ariko bananiwe.
\p
\v 19 Yesu arababwira ngo: Mwa bwoko butizera mwe, nkavumiliye ibyanyu ngeze ryari? Mumunzanire .
\v 20 Baramumuzanira. Uwo mwana abwenye Yesu, umuzimu guramutimba cane, niho yaguye hasi arikwihirika hasi arikuzana ifuro.
\v 21 Yesu abaza Se wuwo mwana ngo: Hashize igihe kingana gute bino bimubeye ho? Aramusubiza ngo: ni uguturuka m'ubwana bwe.
\v 22 Akenshi umwuka mubi gumutimbaga m' umuriro no mu mazi kugira ngo gumwite. Ariko ubeye ushobweye, nyabuna udutabare kandi utugirire impuhwe .
\p
\v 23 Yesu aramusubiza ngo: uragambye ngo niba nshobweye? Byose birashoboka k' uwizeye.
\p
\v 24 Hanyuma se wuwo mwana aragamba cane ngo: ndizeye Mwami, wije untabare mu kutizera kwa nyowe.
\p
\v 25 Yesu abwenye ko abantu babeye akangari, acaha ugo mwuka mubi, aragutegeja ngo: Weho muzimu go kutagamba kandi go kutumva, ndagutegetse: va muri wuno mwana, were kongera kumwinjiramo .
\p
\v 26 ugo muzimu gurarira cane, guhirika hirika uwo mwana gumerire ng' ugwenda kumwita, abantu kangari baragamba ko yapfiye.
\v 27 Ariko Yesu amufata ukuboko aramwegura, nawe arahagarara .
\p
\v 28 Igiye co Yesu yinjiye mu nzu, abanafunzi be bamubaza mu kafico ngo: kubera ki twewe twananiwe kwirukana iyo mizimu?
\p
\v 29 Arabasubiza ngo: bene ibizimu nga bino ndo bivagamo keretse kubera amashengesho .
\p
\v 30 Bagendera i Galilaya. Yesu ndo yari arigushaka ko bamumenya.
\v 31 Kubera ko yabaga arikwigisha abanafunzi be, arababwira ngo: Umwana w'umuntu akatangwe mu maboko g'abantu bakamwite, hanyuma y' imisi zitatu amarire gupfa akazuke.
\v 32 Ariko abanafunzi be ndo bamenya ico iryo jambo rigambire, kandi batinye kumubaza
\p
\v 33 Bagera i Kapernaumu. Agerire mu nzu, Yesu arababaza ngo: mwari muri mu mpaka z'iki?
\v 34 Ariko barahora kuko mu nzira bari bari mu mpaka z'ukabe mukuru hpwabo.
\v 35 Nuko aricara, ahamagara abo cumi na babiri arababyira ngo: umuntu usnatse kuba uwambere akabe uwanyuma ya bose kandi abe umuboyi wa bose .
\v 36 Nuko aterura umwana mutoya, amuhagarika hagati yabo aramukikira arababwira ngo:
\v 37 Uwemeye kwakira mui zina rya nyowe umwe muri bano bana batoya aba anyakiriye, kandi unyakiriye ndo akabe anyakiriye nyowe gusa, ahubwo yakiriye uwantumye .
\p
\v 38 Yohana aramubwira ngo: Mwalimu, twabwenye umuntu urikwirukana ibizimu mu zina ryawe turamubuza kuko atari hamwe na twewe.
\p
\v 39 Yesu arabasubiza ngo: Mwere kumubuza, kuko nta muntu ukora igitangaza mu zina rya nyowe hanyuma akangamba nabi .
\v 40 Utari kuturwanya abari uwacu.
\v 41 Kandi ukabahe ikopo ry'amazi mu zina rya nyowe, ndababyiye m' ukuri ndo akabure ibihembo .
\v 42 Ariko ukagwishe umwe muri bano bizeye mu cana, ni byiza kumuzirika ibuye rinini ryo gusyeraho ku gosi no kumuterera mu ngezi. Ukuboko kwawe kukubeyere igikigwisho, uguce.
\v 44 Birakubonereye kwigirw mu juru ufite kumwe aho kugira gombi ugatabwa mu jehenamu ahari umuriro gutazimaga.
\v 45 Ikirenge cawe kigukoresheje icaha, gice.
\v 46 Birakubonereye kwinjira mu juru ufite ukuguru kumwe aho kuba ufite amaguru gombi ugatabwa muri jehenamu mu muriro gutazimaga.
\v 47 Iryisho rigukoresheje icaha urikuremo, kwinjira m' ubwami bw'Imana ufite ijisho rimwe biraboneye kurusha gutabwa ikuzimu ufite amajisho gombi.
\v 48 Aho hantu inyo z'abapfu ndo zipfaga, kandi umuriro guhoraga gurigutwika .
\v 49 Kuko buri muntu akashirweho umunyu n'umuriro.
\v 50 Umunyu ni mwiza ariko iyo gutakaje uburyohe, n' iki cokongera kuguryosha? Mugire umunyu muri mwe kandi mubereho murikumvikana .
\c 10
\cl Isura 10
\p
\v 1 Umwami Yesu yavuyaho, agendera i Yudeya hakurya ya Yorodani. Abantu akangari bongera kumukurikiayo. Nawe arabigisha.
\v 2 Abafarisayo baramubaza ikibazo co kumugerageza ngo: Mbesi biremewe ko umugabo yirukana umugore we.
\p
\v 3 Yesu arababaza ngo: Musa yabigambyeho ki?
\p
\v 4 Baramusubiza ngo: Musa yategetse kwandika ibaruwa y'ubutane.
\p
\v 5 Yesu arababwira ngo: Kubera imitima yanyu itarimo urukundo, Musa yabaheye iryo tegeko.
\v 6 Ariko mu ntangiro ryo kuremwa, Imana yaremye umugabo n'umugore.
\q
\v 7 Niyo mpanvu umugabo akate se na nyina no kubana n'umugore we. Bombi bakahi nduke umubiri gumwe.
\q
\v 8 Guco, ndo bakiri babiri ahubwo babeye umubiri gumwe.
\v 9 Nuko rero umuntu atere gupima gutanya ico Imana yahujije.
\p
\v 10 Bagerire mu nzu, abanafunzi bongera kumubaza. Ara abwira ngo: Uwirukanye muka we
\v 11 akazana uwundi, aba asambanye nawe.
\v 12 Kandi umugore abeye atanye n'umugabo we, agasohozwa n'uwundi, nawe aba asambanye.
\p
\v 13 Hanyuma bamuzanira abana batoya, kugira ngo abakoreho. Ariko abanafunzi babuza ababweyi babo.
\v 14 Yesu abibwenye, arababara, arababwira ngo: Mureke abana batoya bike who ndi, mwere kubabuza; ubwami bw'Imana ni ubwa abamerire ngabo.
\v 15 Mbabwiye ukuri. Umuntu wose utemeye ubwami bw'Imana nk'umwana mutoya, ndo akabwinjiremo.
\v 16 Nuko arabakikira, abarabagisha no kubashiraho amaboko.
\p
\v 17 Yesu akomeje kugenda, hija umuntu arikumwirukangira, aramupfukamira arikumubaza ngo: Mwalimu was kweli, nkore kugira ngo mpeshwe ubuzima buhoragaho?
\p
\v 18 Yesu aramubaza nawe ngo: Kuki unyise uboneye? Nta uboneye ubagaho uretse Imana gusa.
\v 19 Mbesi wijii amategeko: were gusambana, were kwica, were kwiba, were kubesha m' urubanza, were guhemuka, wubahe swo na mama wawe.
\p
\v 20 Uwo mugabo arasubiza ngo: Mwalimu, ibyo byose ndabikurikizaga guturuka m' ubusore bwa nyowe.
\p
\v 21 Yesu aramwitegereza, aramukunda, aramubwira ngo: Ubuze ikintu kimwe. genda, ugurishe ibyawe byose, ubigabanye abakene. ukagire ubukire mu juru. Nuko wije unkurikire.
\v 22 Ariko kubera iryo gambo arababara, agenda afite agahinda kenshi kubera ko yari afite ibintu kangari.
\p
\v 23 Yesu areba inyuma, nuko abwira abanafunzi be ngo: Ndo byoroheye abakire kwinjira m' ubwami bw' Imana.
\v 24 Abanafunzi baratangara kubera Yesu agambye guco. Yongera kubabwira ngo: Bana, abashije imitima yabo ku bintu byabo ndo bibohroheye kwinjira m' ubwami bw' Imana!
\v 25 Byoroheye infamous kunyurira mu tundu ry' urushindano kuruta ko umukire yinjira m' uwami bw' Imana.
\p
\v 26 Abanafunzi baratangara cane, baragambana ngo: None si ni nde ukakizwe?
\p
\v 27 Yesu arabitegereza, aragamba ngo: Ibyo ndo bishibitse k' ubantu ariko sku Mana oya. Kuko ku Mana byose bishobwewe.
\p
\v 28 Petro aramubwira ngo: Twewe si ko twasize byose turagukurikira .
\p
\v 29 Yesu aramusubiza ngo: Ndababwiye m' ukuri, nta muntu wasize inzu ye, cangwa benenyina, cangwa bashiki be cangwa nyina, cangwa se, cangwa abana, cangwa imirima ye kubera nyowe no kubera Umwaze Guboneye.
\v 30 Utazabona kari ijana buno buno amazu, abavukanyi, ababyeyi, abana, hamwe n'imirima hamwe n' amateso mu gihe kirikwija, n'ubuzima budashiraga.
\v 31 Ariko abenshi bo hambere bakabe abanyuma, kandi abenshi bo hanyuma bakabe aba mbere .
\p
\v 32 Bakiri hq muhare go gutaramira i Yerusalemu, Yesu atanga abanafunzi be. Bari bahagaritse imitima yabo, Mandi Bari bamukurikiye barigutinya. Yesu yongera gufata cumi n'ababiri atangira kubabwira ibyenda kumubaho ngo:
\v 33 Si tugiye i Yerusalemu. Umwana w'umuntu yenda gufatwa n' abatambyi bakuru n'abakarani. Baramucira urubanza rwo gupfa baramutanga ku abapagani.
\v 34 Bakamushinyagurire, bakamucireho, bakamukudihe, bakamwite nuko hanyuma y'iminsi itatu akazuke .
\p
\v 35 Abahungu ba Zebedayo, Yakobo na Yohana, bija hafi ya Yesu baramubwira ngo: Mwalimu, dushatse ko udukorera ico tugusabye.
\p
\v 36 Arababaza ngo: Murigushaka ko mbakorera ica he? Baramusubiza ngo:
\p
\v 37 Wemere ko twicara umwe m'uburyo bwa wowe, uwundi m' ugutandi kwa wowe umusi ukabegera umwami.
\p
\v 38 Yesu arabasubiza ngo: Ndo mwiji ibyo murigusaba. Mushobweye si kugnwera mu kopo ryo ngombye kugnwera ho? Cangwa si kubatizwa umubatizo go ngombye kubatizwamo?
\p
\v 39 Barasubiza ngo: Tubishobweye. Yesu arababwira ngo: N'ukuri ko mukagnwere ku kopo nkagnwere ho no kubatizwa umubatizo nkabatirizwemo.
\v 40 Ariko kwicara m' uburyo bwa nyowe cangwa m'ugutandi, ibyo ndo ari nyowe nobitanga, ahubwo bikabwe ku bo byapangiwe .
\v 41 Abo cumi babyumvishije, barakazwa na Yakobo na Yohana.
\v 42 Yesu arabahamagara arababwira ngo: Mwiji ko abatware batwaraga n'agahato, kandi ko abakuru bicariraga abatoya .
\v 43 Ariko kuri mwewe ibintu biri tofauti. Umuntu wose ushatse kuba mukuru muri mwewe, agombye kuba umukozi wanyu.
\v 44 Kuko ushaka kuba uwambere muri mwewe, ababere mwese mukozi.
\v 45 Kuko Umwana w'umuntu ndo yayijire gukorerwa, ahubwo yayijire gukorera abandi no gutanga ubuzima bwe gukiza akangari .
\p
\v 46 Yesu n' abanafunzi be bagenda i Yeriko. Baviyeyo abantu akangari bija nabo. Babona Baritimayo mwene Timayo impumyi yikeye ha muhare arigusabiriza.
\v 47 Yumvishije ko ari Yesu w' i Nazareti atangira kuyomba ngo: Yesu, Muhungu wa Daudi we, ngirire imbabazi!
\p
\v 48 Abantu akangari baramutuka ngo kumuhoza. Ariko we arayomba cane ariguhamagara ngo: Mwene Daudi we, ngirire imbabazi .
\p
\v 49 Yesu arahagarara arababwira ngo: Mumwakure. Baramuhamagara barikumubwira ngo: Wihangane h uhaguruke, Yesu arikukwakura.
\v 50 Impumyi ita umwenda gwayo, irasimbuka yija kwa Yesu.
\p
\v 51 Yesu afata igambo ngo: Urigushaka ngukorere ki? Impumyi iramusubiza ngo: Mwalimu, umpe kureba.
\p
\v 52 Maze Yesu aramubwira ati: Igendere, kwizera kwawe kuragukijije. Ugo mwanya arahumuka akurikira Yesu.
\c 11
\cl Isura 11
\p
\v 1 I Betaniya hafi y'umusozi gwa Mizeituni, Yesu atuma babiri mu banafunzi be, no kubatuma ngo:
\v 2 Mugende mu rusisiro ruri aho mbere murahabona icana c'ipunda co batari bagendaho kiziritse, mugifate mukizane.
\v 3 Nyiraco abeye ababajije, mumubwire ko Umwami ariwe ugitumyeho, arakigarura vuba.
\p
\v 4 Baragenda, bagisanga kiziritse hambavu iruhande y'inzira barakimuzanira.
\v 5 Abantu bari bari aho barababaza ngo murigukora ki?
\v 6 Kubera iki murikuzitura iyo punda? Barusubiza nguko Yesu yari yababwiye, barabareka baragenda.
\v 7 Bazanira Yesu ca cana c' ipunda basasaho imyenda, na Yesu acicaraho.
\v 8 Abantu akangari basasa imyenda mu nzira, abandi amatabi bari baciye m'umirima.
\v 9 Abari barikugenda imbere n'inyuma bari barikumuririmbira ngo: Hozana, hagishwe uwijiree mu zina ry'Umwami.
\q
\v 10 Hahirwa ubwami bujire, ubwami bwa Daudi, sogokuru! Hozana ashirwe hejuru !
\p
\v 11 Yesu yinjjira i Yerusalemu, mu kanisa nkuko yabitekerezaga, abonye ko bitinze, agendana n'abanafunzi be cumi na babiri.
\v 12 Bukeye, ava aho i Betania, Yesu agira inzara.
\v 13 Acari kure, areba igiti c'umutini gifite ibibabi, aragenda ngo aceho itunda. Yahagaraze hambavu yaco, ariko aburaho amatunda, kuko igihe caco cari kitaragera.. Nuko aragamba ngo:
\v 14 Ntawe ukakuryeho itunda tena! Abanafunzi be barabyumva.
\p
\v 15 Agera i Yerusalemu yinjira mu kanisa. Atangira kwirukana abacuruzi n' abaguzi bari barimo, ahenura ameza y'abavunjayi, n' intend z'abacuruzi b' inuma.
\v 16 Ndo yasigiye wose wikoreye ikintu mu kanisa.
\v 17 Yesu atangira kubigisha ko inzu ya Se ari iyo gusengeramo n'amoko gose, ariko mwewe mwayigize isoko ry'abasambo. Abatambyi bakuru n'abakarani babyumvishije bashakisha uko bamwica, ariko batinya abantu kubera inyigisho ze zikuru.
\v 19 Umugoroba gugerire, Yesu ava m' umugi.
\p
\v 20 Mu gitondo intumwa za Yesu zirahanyura, zibona ca giti yari yavumye cumire.
\v 21 Petro yibuka ibyo Yesu yari yagambye. Baragamba ngo: Mwami, reba ca giti co wavumye cakawutse.
\p
\v 22 Yesu afata igambo aragamba ngo: mwizere Imana.
\v 23 Ndikubabwira ukuri ko umuntu yobwira umusozi ngo: Uve aho, witerere mu kivo, ubeye udafite gushidikanya akabireba bishohweye.
\v 24 Nuko ndikubabwira: Ibyo musabaga, mwizere ko mukabibone bishohweye.
\v 25 Muhagurutse ngo mugiye gusenga ufite ikibazo na muturanyi wawe, umubabarire kwanza, kugira ngo na Swo wo mu juru abababarire ibyaha byanyu.
\v 26 Mubeye mwangire kubabrira abandi, Swo nawe ndo akababarire ibyaha byanyu.
\p
\v 27 Yongera gusubira i Yerusalemu. Yesu yabeye arikuzunguruka mu kanisa, abatambyi bakuru n'abakarani, n'abakuru bija aho ari.
\v 28 Baramubaza ngo: ukoresha izihe ngufu gukora bino bintu, kandi ninde waziguheye.
\p
\v 29 Yesu arabasubiza: Na nyowe ndibabaza ikibazo kimwe. mumbwire na nyowe ndababwira uwampeye buno butware.
\v 30 Umubatizo gwa Yohana gwaviye mu juru cangwa mu bantu? munsubize rero.
\v 31 Baratekereza mu mitima yabo ngo: Tumusubije ngo: Muijuru aragamba ngo n'iki catumye tutamwizera.
\v 32 Kandi nidusubiza ngo mu bantu ... Batinyaga abaturage kuko bari biji ko Yohana ari imbuing.
\v 33 Baramusubuza ngo: ndo twiji. Yesu nawe arababwira ngo: Na nyowe ndo mbyiji, kandi ndo nibabwira niba ubushobozi nkoreshaga nabuhewe na nde.
\c 12
\cl Isura 12
\p
\v 1 Hanyuma, Yesu arabacurira umwaze ngo: Umuntu umwe yateye igiti c'umuzabibu. Agishiraho urupango, acukuramo urwina, yubaka urukuta, ararufunga, asigamo abahinzi, nuko agenda mu kindi gihugu.
\v 2 igihe co gusarura kigerire yatumyeyo umukozi we ku abahinzi b' umuzabibu kugira ngo abone amatunda y'umuzabibu.
\v 3 Abanzi bara mufata baramudiha, bamwirukana mboko boko.
\v 4 Yongera kubatumira uwundi umukozi bamukubita m'umutwe, baramumwaza. Atuma uwagatatu.
\v 5 Uwo we baramwica, atuma abandi akangari nabo barabakubita no kubica .
\v 6 Kandi yarafite umwana wo akundaga cane, aramubatumira: Yibwira ko bakatinye umwana we.
\p
\v 7 Ariko abahinzi baragambana ngo: Nguwo umuragwa. Mwije tumwice, umurage gukabe ugwacu .
\v 8 Nuko baramufata, baramwica baramujugunya kure y' umurima.
\v 9 None nyiri uruzabibu akakore ki? Akayije, yite abo bahinzi, kandi uruzabibu akaruhe abandi .
\v 10 Ndo mwashomire inyandiko ngo: Ibuye abubatsi bayangire kubakisha niryo ryabeye iryo gukomeza inyubako.
\q
\v 11 Byabsye guco kubera ubushake bw' Umwami Imana. Iki n' ikimenyetso tubwenye.
\p
\v 12 Bashaka kumufata, ariko bagatinya abantu. Bamenyako ugo mugani gwa Yesu aribo gucurira, nuko baramusiga baragenda .
\p
\v 13 Batuma kuri Yesu Abayuda hamwe nabo m' uruhande rwa Herode kugira ngo: bamufatire mu magambo ge.
\v 14 Bija aho ari baramubwira ngo: Mwigisha, twija yuko uri umunyakuri, ko ndo uberaga, utareba ku gihagararo c' abantu kandi wigishaga m' ukuri inzira y'Imana. Twemerewe kuriha umusoro gwa Kaizari? Mbesi tugombye gusora cangwa oya?
\p
\v 15 Yesu amenya uburyarya bwabo arabasubiza ngo: Kubera ki murikungerageza? Rero munzanire igiceri kimwe nkirebe.
\v 16 Barakizana. Yesu arababaza ngo: Yino foto n' ibyanditsweho n'ibya nde? Baramusubiza ngo: N' ibya Kayisari.
\p
\v 17 Arababyira ngo: Rero ibya Kayisari mubihe Kayisari, iby'Imana mubihe Imana. Nuko baramutangarira cane .
\p
\v 18 Abasadukayo bagambagako kuzuka ndo kukabeho. Basanga Yesu, baramubaza ngo:
\v 19 Mwalimu, reba ibyo Musa yatwandikiye: Mwene nyina w'umuntu apfiye, agasiga umugore utari yabyara, mutoya we akasohoza uwo mupfakazi maze abana bavutsemo bakabe aba mukuru we.
\v 20 Nuko rero, habeyeho ibyene nyina barindwi. Uwambere yasohweje, apfa atezeye.
\v 21 Uwa kabiri nawe yasohweje uwo mupfakazi, nawe agenda atamuzeyeho.
\v 22 Biba guco no kuwa gatandatu. Bose nta numwe muri abo barindwi wazeye nawe.
\v 23 Nyuma ya bose umugore nawe yapfiye. None si igihe co kuzuka, uwo mugore akabe uwande muri bose? Kuko abo bose barindwi babenye nawe.
\p
\v 24 Yesu arabasubiza ngo: nta kosa mufite kuko mutumvaga ibyanditswe cangwa ingufu z'Imana.
\v 25 Kuko mugihe co kuzuka abagabo ndo bakasohoze abagore nabo ndo bakashwejwe, kuko bakabe nka malayika bo mu juru.
\v 26 Ku ibihuye no kuzuka kw'abapfiye ndo mwasomire iby'Imana yabwiye Musa ubwo umugina gwakaga ngo: Ni nyowe Imana ya Aburahamu, Imana ya Isaka, n' Imana ya Yakobo?
\v 27 Imana ndo ari Imana y'abapfiye ahubwo n'Imana y'abazima. Muri mu makosa kabisa.
\p
\v 28 Umwe mu bakaranj wumvishije impaka nuko Yesu yashubije neza Abasadukayo, yigira hino aramubaza ngo: Mu mategeko gose iri hejuru no nka rihe?
\p
\v 29 Yesu aramusubiza ngo: Iryo hambere ni rino: Wumve, weho Israeli, Umwami Imana yacu niwe Mwami wonyine.
\v 30 Kunda rero Umwami Mana yawe, n'umutima gwa wowe gose, n'ubuzima bwa wowe bwose, n'ubwenge bwa wowe bwose, n'ingufu za wowe zose.
\v 31 Irya kabiri ni rino: kunda mwira was wowe nguko wikundaga. Ndo hariho irindi rigaruta .
\p
\v 32 Umukarani aramubwira ngo: Mwalimu, ugambye ukuri ko Imana ari imwe gusa, kandi ko nta wundi umerire ngayo.
\v 33 Kandi kumukundisha umutima gose, n'ubwenge bwose, n'ubugingo bwose n'ingufu zose, no gukunda uwundi nguko wikundaga bisumbye ibitambo byose.
\p
\v 34 Yesu abwenye ko yashubije n'ubwenge aramubwira ngo: Ndo uri kure y'ubwami b' Imana. Nuko habura uwo kongera kumubaza ikibazo.
\p
\v 35 Yesu akomeza kwigisha mu kanisa ngo: kubera ki si abakarani bagambaga ko Yesu ari Umwana wa Daudi?
\v 36 Daudi wonyine ayobwewe n'Umwuka Gutungenye, yagambye ngo: Umwami yabwiye Umwami wa nyowe ngo: icara m'uburyo bwa nyowe kugeza igihe ukannyate abanzi ba wowe.
\v 37 Ubwo Daudi si wonyine amwitaga Umwami we, none si ni gute yabeye Umwana we kandi? Abantu kangari bamutega amatwi cane .
\p
\v 38 Mu nyigisho ze Yesu yagambye ngo: Mwirinde abakarani bakundaga kwambara amaropo mareyi no kuramutswa mu bantu akangari.
\v 39 Bashakaga ifasi zambere mu makanisa no mu misi mikuru.
\v 40 Banjiraga mu nzu z'abapfishije abagabo, bagasenga amasengesho mareyi. Urubanza rukomeye rukabatsinde .
\p
\v 41 Yesu yari yikeye hambere pembeni yaho baturaga amaturo, arikureba uko abantu barigushira amafaranga mu cibo. Abakire bashiragamo amafaranga umurundo.
\v 42 Ariko hija umupfakazi w'umutindi, ashiramo ibipande bibiri by' ifeza bingana na kimwe ca kane c'ifaranga.
\v 43 Yesu yahamageye abanafunzi be arikubabwira ngo: Ndababwiye ukuri ko wumo mupfakazi asumbije bose bari hano barigutanga.
\v 44 Kuko bo batanze imisigara ariko we atanze ico yaratezeho amakiriro .
\c 13
\cl Isura 13
\p
\v 1 Igihe Yesu yasohokaga mu Kanisa, umwanafunzi we umwe agamba ngo: Mwalimu, mbega amabuye gaboneye, mbega inzu nziza!
\p
\v 2 Yesu aramusubiza ngo: urikureba yino nzu? Nta buye rikasazigare hejuru y' irindi ridahirimye hasi.
\p
\v 3 Niho yikeye k'umusozi gwa Elayo guteganye n'ikanisa. Petro, Yakobo, Yohana na Ndereya baramubaza m'ubwiherero.
\v 4 Tubwire, giheki bino bintu bikashohwere? N' ikimenyetso kihe kikatwereke ko ibyo byose bikashohwere?
\p
\v 5 Nuko Yesu atangira kubabwira ngo: Mwirinde, here kugira umuntu wo kubayobya.
\v 6 Kuko abantu akangari bakayije mu zina rya nyowe barikugamba ngo: Ni nyowe. Kandi bakayobwe abantu akangari.
\v 7 Igihe mukayumve hose imyaze z' indwano, n'ibihuhwa by'indwano, mwere gutitira. Ni ngombwa bishohwere.
\v 8 Ariko ndo ikabe arigo mwisho. Igihugo kikarwanye ikindi, n'ubutegetsti bukarwanye ubundi butegetsi, hakabe umutingito ahantu hatandukanye. Amapfa gakatere henshi. Ariko ibyo bikabe ari intangiro y'ububabare.
\p
\v 9 Mwirinde. Bakabarege mu nzu z' imanza, bakakudihe ibiboko mu masinagogi, murikudyora izina rya nyowe, bakahekere abatware n'abami kubera nyowe kugira ngo mubabere ubudimwe.
\v 10 Ariko biragombye ko hambere na mbere Umwaze gw'agakiza gutangarizwa abantu bose.
\v 11 Igihe co bakabafunge no kubashira mu maboko gabo, mwere gutitira murikwibaza ibyo mukagambe. Kubera ko aho aho ibyo mukagambe mukabihabwe iyo saha, kuko ndo ari mwewe mukagambe ariko n'Umwuka Guboneye.
\v 12 Ibyene nyina bikagambanirane, umubyeyi akagambanira umwana we, abana baki gurumbanye hambere y'abyeyi babo, ngo babite.
\v 13 Abantu bose bakabange kubera izina rya nyowe. Ariko ukihangane akageza k' umwisho niwe ukarokoke.
\p
\v 14 Igihe mukabone ikizira kirimbuzi gihagaze aho kitagombye kuba, umusomyi abyitondere. Nuko abakabe bari mu Yudea bakahungire mu misozi.
\v 15 Ukabe ari hejuru y'igisenge ci inzu yere guteremuka, yere kwinjira mu nzu ngo afatemo ikintu.
\v 16 N'ukabe ari mu mirima yere kuzapima gusubira hanyuma gushikira ikoti rye.
\v 17 abagore bahekire inda n' abarikonsa bakagwe mu kaga muri izo misi. Musabe rero kugira ngo ibyo bintu bitakabe mugihe c' imbeho.
\v 18 Kuko umubabaro gwo muri iyo misi gukabe gukabije.
\v 19 Nta gundi mubabaro nkugo gwigeze kubaho kuva ku ntangiro y'isi Imana yaremye kugeza buno, kandi umubabaro nkugo ndo gukongere kubaho.
\v 20 Kandi yabeye Umwami atarapinguje izo misi nta muntu n'umwe wori kuzarokoka, ariko yayipungije kubera indobanure ze.
\v 21 Niba hari umuntu ugambye ngo: Kristo ari hano cangwa ari hariya, were kuzamwemera.
\v 22 Kuko hakahaguruke ba Kristo b' ububeshi, bakakore ibimenyetso n'ibitangaza kugira ngo bayobye abatoranijwe bibeye bishobotse.
\v 23 Mwirinde, mbibamenyesheje byose hakiri kare.
\p
\v 24 Ariko muri iyi misi nyuma yako kababaro, izuba rizahinduka umwijima, ukwezi ntaho kuzatanga umwangaza gwako.
\q
\v 25 Inyenyeri zizagwa zivuye zivuye hejuru, ibinyabushobozi byo hejuru bizahungabana.
\v 26 Ubwo bazabona Umwana w'umuntu aturutse mu bicu, azanye ubushobozi n'icubahiro.
\v 27 Nibwo azatuma aba marayika kandi azakumakuma abarobanuwe bo mumpande ine z'isi kuva mumupaka gw'isi kugeza kumupaka gw'ijuru.
\p
\v 28 Umufano g'igiti c' umutini gubigishe mwewe. Iyo amashami yaco gatangiye koroha, amababi gakamera, mumenye igihe c' izuba kiri hafi.
\v 29 Kandi murebe, igihe mukabine ibyo bintu bishohweye mukamenye ko Umwana w'umuntu yenda kwija, ndetse ko ari ha muryango.
\v 30 Ndikubabwiza ukuri, iki gisekuruza ndo kikashire ibyo bitabeye.
\v 31 Ijuri n'isi bikatambuke, ariko amagambo ga nyowe ndo gakashire na gatoya.
\v 32 Nta muntu n' umwe wiji ibyerekeye umisi cangwa isaha, habe malayika mu juru, cangwa Umwana w'umuntu, keretse Data wonyine .
\p
\v 33 Mwirinde. Mufungure maso, musabe kubera ko ndo mwiji ni ryari ico gihe kikashohwere.
\v 34 Bikabe nkuko muntu umwe yagiye mu safari asiga inzu ye, asigira ubutware abakozi be. Yereka buri umuntu umurimo gwe, no gutegeka umuzamu gucunga neza.
\v 35 Nuko rero, mwirinde, kubera ko ndo mwiji igihe umutware nyirinzu akayije. Ashatse yoyija ha mugoroba cangwa hagati mu joro, cangwa inkoko zibitse cangwa mu gitondo;
\v 36 Mutinye ko yasanga musinziriye, yijire akabagwaho muhuniye.
\v 37 Ibyo ndabibwiye mwese. Mufungure amaso.
\c 14
\cl Isura 14
\p
\v 1 Umusi mukuru gwa Pasika gw'imikati zidatubuwe gwari guraba hanyuma y'imisi zibiri. Abatambyi bakuru n'abakarani bashakisha uko bafatisha Yesu mu mayeri no kumwita.
\v 2 Kuko baragambaga ngo: There kubikora bitaba mu misi y' amafete kugira ngo hare kuvuka akavuyo mu bantu.
\p
\v 3 Yesu agerire i Betania mu nzu ya Simoni wari arweye ibibembe, bikeye ku meza, hija umugore ufite amavuta gari guhumura cane, g' ibeyi rinini, agasiga mu mutwe gwa Yesu.
\v 4 Bamwe birababara cane, barabaza ngo: gano mavuta gapfiye ki?
\v 5 Gari gogurishwa amafaranga akangari bakagaha abakene. Batombokeye uwo mugore.
\p
\v 6 Ariko Yesu aragamba ngo: mumureke. Kubera ki muri kumwiyenza ho? Ko yangiriye neza.
\v 7 Mufite abakene ibihe byose. Kandi mwobafasha igihe cose mushatse, ariko nyowe ndo tukahorane.
\v 8 Akorire uko ashobweye, yasize amavuta umubiri gwa nyowe ngo atayarishe uguhambwa kwa nyowe.
\v 9 Ndikubabwiza ukuri ko aho ugu mwaze gukaacurwe hose, mu si yose bakabare ico wuno mugore yakorire.
\p
\v 10 Yuda Eskariota, umwe muri abo cumi n'ababiri agenda ku batambwi bakuru kugira ngo agambanire Yesu.
\v 11 Hanyuma yo kumwumva, barishima, baragana kumuha amakuta. Na Yuda atangira gushakisha umwanya guboneye go kumubaha .
\p
\v 12 Umusi gwa mbere gw'imikati idatubuwe, babeye barikwishimira Pasika, abanafunzi babaza Yesu ngo: Ushatse ko tugenda gutayarisha Pasika hehe?
\p
\v 13 Atuma abanafunzi babiri ngo bagende mu mugi, nuko barasangayo umugabo wikoreye ikibindi c'amazi bamukurikire.
\v 14 Aho akayinjire, mumukurire kandi mubwire nyir'inzu ko Mwalimu arigushaka aho gusangirira Pasika hamwe n'abigishwa be .
\v 15 Yaberetse icumba kinini co hejuru gipanzwe neza. Niho batayarishirijea Pasika.
\v 16 Abanafunzi baragenda bagera mu mugi, basanga ibintu byose biri tayari uko yababwiye. Niho batayarishirije Pasika .
\p
\v 17 Ha mugoroba, arija hamwe n'abo cumi n' ababiri.
\v 18 Bikeye ha meza barikurya Yesu aragamba ngo: ndikubabwira ukuri, umwe hagati yanyu, urigukoramo hamwe na nyowe arangambanira.
\p
\v 19 Batangira kubabara no kumubaza umwe umwe ngo: Nizeye ko ndo ni nyowe ?
\p
\v 20 Yesu arabasubiza ngo: Ni umwe muri cumi n' abababiri wo turakorera rimwe mu sahani.
\v 21 Umwana w' umuntu arikwigendera nkuko byayanditswe kuri we, ariko ishano rikagwe ku uri kumugambanira. Iyoba atavutse .
\p
\v 22 Batangiye kurya, Yesu afata umukati. Amarire kugushimira, yagubaheye, arikugamba ngo: Mwakire, guno n'umubiri gwa nyowe.
\v 23 Hanyuma yafashe ikopo, amarire gushima, araribaha bagnwe bose.
\v 24 Arababwira ngo: gano ni amaraso ga nyowe, amaraso g'indagano gamenywe kubera akangari.
\v 25 Ndi kugamba ukuri, ndo nkagnwe tena ku mbuto z'imizabibu kugeza igihe nkagnwe vino nshasha m' ubukuru bw'Imana .
\p
\v 26 Barangije kuririmba, bagenda k'umusozi gw'Elayo.
\v 27 Yesu arababwira ngo: Mwese muragushwa kuko byanditswe ngo: Nzakubita umuragizi, intama zitatane .
\v 28 Ariko ni mara kuzuka, nkabatange kugera i Galilaya.
\p
\v 29 Petro aragamba ngo: Bose babeye baguye, nyowe ndo nkagwe .
\p
\v 30 Nuko Yesu aramubwira ngo: Ndakubwiye m'ukuri, muri rino joro, inkoko itarabika kabiri ukabe wanyihakenye gatatu.
\p
\v 31 Ariko Petro yongera kugambisha ingufu ngo: Niba bikabe ari ngobwa gupfa hamwe nawe, ndo nokwihakana .
\p
\v 32 Bongeye kugenda nawe bagiye ahantu hitwa i Kapernaumu. Nuko Yesu abwira abanafunzi be ngo: mwicare hano mugihe ndaba ndi gusaba.
\v 33 Agendana na Petro, Yakobo na Yohana, nuko atangira kwerekana umubabaro n'agahinda.
\v 34 Arababwira ngo: Umutima gwa nyowe gurababeye ndikumva nenda gupfa, musigare hano kandi mwere gusinzira.
\v 35 Nuko Yesu agenda hambere kannyori, yikubita hasi k' ubutaka, asaba arikugamba ngo: Bibeye byoshoboka, unkize yino saha.
\v 36 Yongeye kugamba ngo: Aba, Data, ibintu byose biragushobokeye, iki gikombe ugishire kure ya nyowe. Bitere kuba uko nyowe ndigushaka, ariko uko wowe ushatse .
\v 37 Nuko yija aho abanafunzi be bari bari, asanga baryamire, basinziriye. Abwira Petro ngo: Simoni Petro uraryamye? Ndo washobweye kuba maso n' isaha imwe gusa?
\v 38 Mufungure amaso mwerekugwa mu bishuko. Umwuka guri tayari, ariko umubiri guburire ngufu.
\v 39 Yongera kugenda kure yabo gusaba, arigukoresha ago magambo.
\v 40 Nuko agarutse asanga baryamire tena, kubera ko amaso gabo gari gafendegeye. Ariko babura ico kumubwira.
\v 41 Aragarutse ubwa gatatu arababwira ngo: Muraryame, muri no kwiruhukira. Isaha iragerire, Umwana w'umuntu ari tayari gufatwa n' inkozi z' ibyaha.
\v 42 Muhaguruke, tugende, uwenda kuntanga ari hano hafi .
\p
\v 43 Yabeye barikugamba guco, Yuda umwe w' abanafunzi be, yija ari hamwe n'abantu umunyika b'abagizi ba nabi bijire kumufata, bafite inkota n'ubihiri bari batumwe n' abatambyi bakuru, abakarani n'abazehe.
\v 44 Yuda yari yababwiye ngo: Uwo ndahobera niwe mukafate.
\v 45 Bageze aho Yesu ari, Yuda aramuhobera arikugamba ngo: Rabi.
\v 46 Nuko baramufata baramugendana .
\v 47 Umwe mu abari bari aho, afata indiga ashanguruza ugutwi kw'umukozi w'umutambyi mukuru.
\p
\v 48 Yesu afata igambo arababwira: ko mwijire nka abarikwija gufata umusambo mufite ibisu n'inkoni?
\v 49 Nabeye hamwe namwe, ndikubigisha mu kanisa ko ndo mwamfashe? Ariko bibeye guca kugira ngo inyandiko zishohwere.
\v 50 Bose bari bari hamwe baramusiga, baramutoroka .
\p
\v 51 Agasore kamwe kari hamwe nawe kambeye idarape gusa.
\v 52 Bagafashe karayibasigira kiruka kambeye busha .
\p
\v 53 Bagendana Yesu hambere y'umutambyi mukuru. Nuko bose baraterana hamwe n'umutambyi mukuru, abakuru b'ikanisa, n'abakarani.
\v 54 Petro arabakurikira ari kure, agera mu mbuga y' umukuru umwe, yicara n'abazamu hambavu y' umuriro, nuko arota.
\v 55 Abatambyi bakuru b'itribinali y' Abayuda bashakisha inzira zo kumurega, kumwica, ariko babura uburyo.
\v 56 Kuko abantu umunyika bari bari tayari kumubeshera, ariko bakabura uko botangira .
\v 57 Bamwe barahaguruka, baramubeshera barikugamba ngo:
\v 58 Twamumvishije ariguhubiri ngo: nkabomore yino nshengero yakozwe n'amaboko g'abantu, hanyuma y'imisi zitatu gusa nkubaka iyindi itakabe yubatswe n' ukuboko k'umuntu.
\v 59 Ariko ubudimwe bwabo bugumya guhaba.
\p
\v 60 Nuko umutambyi mukuru arahaguruka, abaza Yesu ngo: None si kutari gusubiza? Bano bantu barikukurega ki?
\v 61 Yesu arihorera, yanga gusubiza. Koko uri Umwana w'Imana wagishwe?
\p
\v 62 Yesu arasubiza ngo: Nyowe ndiwe kandi mukabone Umwana w'Imana yikeye m' ukuryo k'ubushobozi by'Imana; kandi arikwija mu bicu by' ijuru .
\p
\v 63 Hanyuma, umutambyi mukuru ashanyura imwenda ye, aragamba ngo: Mbesi hariho ubundi budimwe?
\v 64 Ndo mwunvishije mwenyine ko yiyise Imana? Mushaka ki tena? Bose baramutsindisha ngo agombaye gupfa.
\p
\v 65 Bamwe batangira kumuciraho, bamufunga amaso baramukubita, baramukomagura barikugamba ngo: Hanura! Abakuru baramufata, baramukubitagura
\p
\v 66 Igihe Petro yari ari mu mbuga hija umujakazi w' umutambyi mukuru.
\v 67 Amarire kubona Petro arikwota umuriro, aramuhengereza, hanyuma aragamba ngo: nawe wabaga na Yesu w'i Nazareti.
\p
\v 68 Petro ariyangira ari kugamba ngo: Ndo nyiji cangwa ndikumenya ibyo urigushaka kugamba. Nuko rero arasohoka agenda mu cumba hanze .
\p
\v 69 Umujakazi arongera aramubona, abwira abantu bari bari aho ngo: Wuno n'umwe wabo. Petro yongera kwanga. Hanyuma gatoya, abari bari aho bagambira Petro.
\p
\v 70 M' ukuri uri umwe wabo bantu, kandi uri Umugalilaya. Petro atangira kuvumana no guhakana.
\p
\v 71 Ndo nyiji uwo mugabo muri kungerekaho. Muri ako kanya isake irabika ubwa kabiri. Petro yibuka igambo Yesu yari yamubwiye ngo:
\p
\v 72 Mbere ko isake ibika, ukabe wanyihakanye gatatu. Amarire kubitekereza, arasaduka, ararira .
\c 15
\cl Isura 15
\p
\v 1 Mu gitondo kare kare, abatambyi bakuru, abazehe, n'abakarani, n'abajuji barahura. Bamarire kumuboha, bamuzanira Pilato.
\v 2 Pilato aramubaza ngo: Uri Umwami w'Abayuda? Yesu aramusubiza ngo: Urabigambye.
\v 3 Abatambyi bakuru bamurega ibirego akangari.
\p
\v 4 Pilato yongera kumubaza ngo: Ndo washubije kubyo bakureze?
\v 5 Yesu yirebera hasi, bitangaza Pilato.
\p
\v 6 Buri musi mukuru yarekuraga umufungwa umwe, uwo abantu basabaga.
\v 7 Muri pirizo, hari harimo umuntu umwe wari ari umusambo mukuru witwaga Baraba n'abo bakoraga ubusambo hamwe no mu ibibi bakoraga.
\v 8 Abantu barahaguruka, bagenda kwa Pilato bamusaba kubakorera nguko yabakoreraga guturuka hambere.
\v 9 Pilato arabasubiza ngo: Murigushaka ko mfungura Umwami w' Abayuda?
\v 10 Kuko bari biji ko ari shari ryateye abatambyi bakuru bamurenganya.
\v 11 Ariko abakuru b' abatambyi bosha abandi kugira ngo Pilato abafungurire Baraba .
\v 12 Pilato arongera afata igambo arababwira ngo: Murigushaka ko mbakorera ki ko uwo mwitaga Umwami w' Abayuda.
\p
\v 13 Bongera barayomba ngo: Abambwe .
\p
\v 14 Pilato arababwira ngo: ni ikihe kibi yakorire, bongera barayomba ngo: mumubambe.
\v 15 Pilato yenda gushimisha abantu, afungura Baraba. Amarire gukubita Yesu ikiboko, aramubatumira ngo abambwe .
\p
\v 16 Abasoda bagendana na Yesu hambere mu mbuga y'urukiko, bahuriraho n' abandi.
\v 17 Niho bamwambitse imwenda g'urutuku, bamuhambira ikizingo c' imishubi k' umutwe.
\v 18 Hanyuma baramuratsa barikumudyodyoboreza ngo: Uraho Mwami w' Abayuda !
\v 19 Niho bamukubitishije urubingo m'umutwe, bamuchiraho, hanyuma baramupfukamira no kumuramya.
\v 20 Bamarire kumwisekerera bamukuyemo gwa mwenda gutukuye, bamusubiza imwenda ye, baramugendana kumubamba.
\v 21 Bafashe umugenzi wari ari kwitambukira aviye guhinga, guheka umusaraba gwa Yesu. Izina ry' uwo mugabo ni Simoni w' i Ikureni, Se wa Alexandura na Rufo .
\p
\v 22 Bagendana na Yesu ahantu hitagwa Gologota, manayake aho bashiraga ibihanga.
\v 23 Bamusomesha ivino yari icanzeemo ibishariye.
\v 24 Ariko yanga kuyignwa. Baramubamba, bagabana imwenda ye, bafindira imyambaro ye kugira ngo babone urayigira iye .
\v 25 Yari isaha itatu barikumubamba k'umusaraba.
\v 26 Bashira ikirego ngo: Wuno ni umwami w' Abayuda.
\v 27 Bamubambye hamwe n'abasambo babiri, umwe mu buryo, uwundi m' ugutandi. Bico ibyayandikirwe bishohweye ngo:
\v 28 Yabambwe hamwe n'abasambo.
\v 29 Abamunyuraga hambavu babaga barikumutuka, barikuzunguza imitwe zabo barikugambaa ngo: Aha, ni wowe wosenye ikanisa, kandi ukaryubaka mu misi zitatu,
\v 30 wokwikura k' umusaraba si?
\p
\v 31 Abatambyi bakuru, nabo bamwe b'abanditsi, baramuseka barikugamba ngo: Ko yakijije abandi si, we ndo yokwikura hano?
\v 32 Uwo Kristo Umwami w'Isiraeli, yoteremuka k'umusaraba kugira ngo turebe no kwizera. N' abari babambwe hambavu ze baramutuka .
\p
\v 33 Ku saha ya gatandatu habeye ho umuyobe ku si yose kugeza ku saha ya cenda.
\v 34 Ku saha ya cenda Yesu arabira n' ijwi rireyi ngo: Eloi, Elo, Lama, sabakitani bigambye: Mana ya nyowe, Mana ya nyowe kuki wandetse nyenyine?
\v 35 Bamwe bari bari aho, baramwumva. Baratekereza ko arikwakura Eliya.
\p
\v 36 Umwe muri abo arirunkanga yizuza umukurugitira mu spongi k'urubingo arayimushomesha. Uwo muntu aragamba ngo: Twenda kureba ko Eliya arija kumuteremura.
\v 37 Ariko, Yesu yabira n' ijwi rireyi, umutima guraca.
\p
\v 38 Irido yaberaga ha kanisa ikingirije Ahatungenye usadukamo kabiri guturuka hejuru kugeza hasi .
\v 39 Umusoda wari ahagaze arikureba Yesu yabwenye ko gupfa kwa Yesu ni ukundi, nuko aragamba ngo: Nukuri yari ari Umwana w'Imana.
\v 40 Hari hariho abagore bari barikurebera. Muri no Bari harimo kure Maria Magadelena, Maria Mama wa Yakobo muto, na Yose na Salome.
\v 41 Nibo bamukurikaga no kumukorera igihe yari ari i Galilaya. Abandi bagire akangari bataramirae hamwe nawe i Yerusalemu.
\p
\v 42 Mu mugoroba, kubera ko gwari uri umusi gwo gutayarisha isabato,
\v 43 Yosefu wi Arimatayo arasohora, umujenama w' icubahiro ubwe yabagahonarindiriye ubwami bw'Imana, aratinyuka yija gusaba umubiri gwa Yesu.
\v 44 Pilato atangazwa kubona yapfiye vuba, atuma umusoda wari arikurinda aho aramubaza niba yari yapfiye kare
\v 45 Amarire kwemezwa n'umusoda w' umuzamu aha Yosefu ugo mubiri.
\v 46 Yosefu agura umwenda go gufunika abapfu, ateremuraYesu k'umusaraba, aguzingira muri ugo mwenda aguhamba mu kaburi ka bari baconze mu kibuye. Hanyuma ahirikaho ibuye k' ubwinjiro bw' ikaburi.
\v 47 Maria Magadelena na Maria nyina wa Yose bareba aho bamihambye.
\c 16
\cl Isura 16
\p
\v 1 Isabato imarire gushira, k' umusi gwa mbere w'icumweru, Maria Magadelena, Maria nyina wa Yakobo na Salome baguze amarashi go gusiga Yesu.
\v 2 Bazinduka karekare izuba ritari ryarasa.
\v 3 Hari ku musi gwa mbere gw'icumweru, bakigenda barikubazanya ngo: No nde urakuraho ibuye kuko ari rinini cane?
\v 4 Babeye bafunguye amaso babwenye rya buye rinini ryaviye ku kaburi.
\v 5 Barinjira, babona umusore wikeye yambeye imyenda iboneye cane birabatangaza cane
\p
\v 6 baragamba ngo: Byere kubatangaza, murigushaka Yesu w'i Nazareti wari wamanitswe k' umusaraba? ndo ari hano, yazukire, murebe aho yari aryamye.
\v 7 Mugende mubwire abanafunzi be, na Petero, ko yabatanze i Galilaya. Niho mukamusange nkuko yababwiye.
\p
\v 8 Barasohoka bafite ubwoba no gutangara, ndo babwenye ukuntu babwira abandi.
\v 9 Kuri ugo musi gwa mbere gw'icumweru yazutseho abonekera Maria Magadalena, wa mugore yari yakijije ibizimu birindwi.
\v 10 Uwo nawe yagiye kubibwira bira be bari bari bari hamwe nawe barikurira.
\v 11 Ugo mwaze gwabagezeho ko ari muzima nuko bamubwenye ariko ndo babyemeye.
\p
\v 12 Hanyuma yibyo Yesu yabonekeye abandi banafunzi babiri bari ari mu nzira yo mu giturage asa ukundi.
\v 13 Niho bagiye kubarira abasigeye nabo ndo babyemeye.
\p
\v 14 Yesu yiyeretse tena ku abanafunzi be cumi n' umwe bari bikeye ha meza, arabagaya kubera kutizera kwabo n' imitima zimerire ng' ikibuye. Ibyo byabeye kubera ko bari biyangiye kwemera abari bamubwenye hanyuma yo kuzuka kuva mu bapfu.
\v 15 Yababwiye rero ngo: Mugende mu si yose, muhubiri Umwaze guboneye ku ibiremwa byose.
\v 16 Ukabe yizeye akabatizwe no gukizwa. Noho uwangire kwizera akatsindwe n' urubanza.
\v 17 Murebe ibimenyetso bikabarangire abakabe bizeye: Mu zina rya nyowe bakirukane abizimu, bakagambe mu ndimi nshasha;
\v 18 bakafate inzoka zere kubadwinga, bakagnwe uburozi bwere kubita, bakarambure amaboko ku barwayi kubakiza.
\p
\v 19 Umwami, amarire kubabwira apandishwa mu juru, buno yikeye m'uburyo bw'Imana.
\v 20 Abanafunzi baratana, bagenda guhubiri hose. Umwami akorana nabo, abashigikira mu bikorwa n'ibitangaza bakoraga.