\v 2 Kandi ubuzima bwayigaregeze turabureba, nibwo turigutanza kandi turikubatumira ngo mubyumve, ubuzima buhoragaho, bwabeye na Data kandi ni bwa bundi twayerekirwe
\v 3 Uwo twabwenye no kumumva, turikumubabwira namwe ngo mugumye gufatanya na twewe kandi ubufatanye bwetu tubusangiye na Data n'Umwana we Yesu Kristo.
\v 1 Bana banje batoto, mbandikiye bino bindu kugira ngo mureke ibyaha, kandi umundu abeye akorire ibyaha, dufite Umuvugizi kuri Data ariwe Yesu Kristo Indungane.
\v 5 Ariko ucungaga Igambo ry' Imana muri we, urukundo rw' Imana ya kweli ruri muri we kandi bibonekanire ko na twewe turi muri we.
\v 6 Buri mundu ugambaga ngo ari muri we, agombire kugendera mu njira yo yagendeyemo.
\p
\v 7 Bira banje, ndo ari itegeko rishasha ryo ndikubandikira, ahubwo n'itegeko ryo mwahewe guturuka kera kandi iryo tegeko rya kera n' Igambo ryo mwamarire kwumva.
\v 8 Ibyari byo byoshe, na ni rishasha tu. Kandi niko kuri, igambo riri muri mwewe kubera ko umuyobe gwashirire ahubwo umwangaza gwamarire kukifunura.
\v 9 Buri mundu ugambaga ko ari m'umwangaza kandi yangaga muvukanyi we, anari m'umuyobe.
\v 10 Ukundaga mwene nyina we ari mu mwangaza kandi ndo yopfa gusitira.
\v 11 Ariko uwanganga mwenye nyina ari m'umuyobe kandi ugenderaga m'umuyobe, ndo yiji iyo ariguturuka n'iyo arikugendera kubera ko umuyobe gwafungire amiso ge.
\p
\v 12 Ndabandikiye mwewe bana batoto, kubera ko ibyaha byenyu byamarire kubabarirwa kubera izina rye. Ndabandikiye na mwewe bavukanyi kubera ko mwamarire kumenya Uwahorireho guturuka ku ndangiro. Ndabandikiye na mwewe basore kubera ko mwamarire gutsinda wa mubesi shetani. Nabandikiye na mwewe bana batoto kubera ko mwamenyire Data.
\v 18 Bana bototo, kino ni igihe ca nyuma kuko mwamenyire kera ko antikristo arikwija. Nyamara, hariho ba antikristo akangari. Kubera ibyo, tumenye ko turi mu gihe ca nyuma.
\v 19 Kandi batuvuyemo kuko ndo bari bira betu. Iyoba bari ari abetu, tuba twagumire kuba hamwe nabo. Ariko ibyo byoshe byamenekanye kugira ngo bitwereke ko ndo bari abetu.
\v 20 Ariko mwewe mwamarire kujwizwa biturukire kuri wa wundi Utungenye kandi mwese mwiji ubwenge.
\v 21 Ndo nabandikiye kubera ko mutari mwiji ukuri, oya, ukuri murakwiji. Mumenye ko nda kuri kuvaga mu kubesa.
\v 22 Ni nde mubesi? Ni wawundi uhakanaga ko Yesu ari Kristo. Uwo niwe antikristo, ahakanaga Data n'Umwana.
\v 26 Nbandikiye bino byoshe kubera ko ba bandi bandega kubahabya.
\v 27 Kandi kuri mwewe gusigwa ko mwayakiriye biturukire muri we, bikomeze kuba muri mwewe. Nda nubwo mukeneye ko babigisa kubera ko gusigwa kwe kwabaheye ibindu byoshe kandi ko Niwe Ukuri kutabeshaga, mugumye kuba muri We mukurikize amagisho go yabaheye.
\p
\v 28 None rero bana batoto, muhagarare neja muri we kugira ngo umusi akayije, tutakabe turikumwara kumureba.
\v 1 Reba uko urukundo rw' Imana Data yadukundire uko rumerire kugira ngo tube abana bayo kandi koko turibo. Nico gitumire abo mu si ndo batwiji kubera ko ndo bamenye Imana Data.
\v 2 Bira banje, guturuka none turi abana b'Imana nubwo bitari byagaragara uko tukamere. Twiji neza ko Yesu akagaruke, tukasane nawe kandi tukamurebe n'amiso uko ari.
\v 3 Buri mundu woshe umwizerire agombye gutungana kubera ko nawe atungene.
\v 4 Buri mundu ukoraga icaha abaga annyase itegeko, kandi icaha ni gusuzugura itegeko.
\v 5 Mwiji neja ko Yesu yayijire kuduhanaguraho ibyaha byetu kandi muri we nda caha kimurimo.
\v 6 Buri mundu uri muri We ndakoraga icaha, ariko ukoraga icaha ndo yamubwenye ndetse nda naho yamumenyire.
\v 7 Bana badukundaga, here kubaho umundu wo kubahabisa. Umundu ukorerega m'ukuri nawe n' ukuri, nguko Yesu Kristo ariwe ukuri.
\v 8 Ukoraga ibyaha ni uwa shetani kuko shetani yakorire ibyaha guturuka mbere, nico gitumire Umwana w' Imana yija gukuraho imirimo za shetani.
\v 9 Umundu woshe wazewe n' Imana ndo akoraga icaha, kubera ko imbuto z' Imana ziri muri we. Ndawe ukoraga icaha koko yazewe n' Imana.
\v 10 Ico nico cerekanaga abana b' Imana n' abana ba shetani. Umundu woshe udatungenye cangwa udakundaga umuvukanyi we ndo ari uw' Imana.
\p
\v 11 Buno ni bwo butumwa nayumvisize guturuka mbere, ngo dukundane twewe kuri twewe.
\v 12 Twere kumera nga Kaini waviye ku mubi wayitire mutoya we. Mbesi yamuheye ki? Nuko ingeso ze zari zibi, ni za mutoya zabaga ziboneye.
\v 15 Umundu woshe ukagambe hagati y'abantu akangari ko Kristo ari Umwana w' Imana, Imana ikagume nawe, nawe mu Mana.
\v 16 Kandi tubyizerire ko Imana yadukundire. Imana ni Ukundo kandi umundu woshe uri m'urukundo ari mu Mana n'Imana imurimo.
\v 16 Kinoya ni co kitumeyesaga urukundo ico rumarire, nuko Yesu yaduheye ubuzima buhoragaho.
\v 17 Tugombire na twewe kugitanga kuri bagenzi betu. Ariko ufite ibintu byo muri yino si, akareba ko mwene she ari mu bukene, atamufungurira umuryango gw' imbabazi, urukundo rw' Imana riri muri we gute?
\v 18 Bana banje bo nkundaga, twere gukunda mu magambo go ku rurimi gusha ahubwo mu bikorwa no mu rukundo rwa kweli
\p
\v 19 Kinoya nico kikatumenyese ko turi abo ukuri kandi ko imitima yetu ifite ibyiringiro muri we.
\v 18 Twiji ko buri mundu wazewe n'Imana adakoraga icaha kandi uwazewe n'Imana, Imana imurindaga umwanzi kandi umwanzi ndo yomukoraho.
\v 19 Twiji ko turi ab'Imana kandi ko isi yoshe iri musi y'ingufu z'umwanzi.
\v 20 Kandi twiji ko Umwana w'Imana yayijire, nuko yaduheye ubwenge kugira ngo tumenye iby'ukuri; kandi turi m'ukuri tubeye turi mu Mwana we Yesu Kristo. Niwe Mana y'ukuri n'ubuzima bukahoreho.