\v 1 Ku byerekeye kugaruka k'Umwami wetu Yesu Kristo no guhuzwa kwetu nawe, turikubashaba turikubahendahenda bavukanyi,
\v 2 kugira ngo mwere kugwa mukava m'ubwenge, cangwa ngo muhagarike imitima yenyu, naho mwoba mubitewe na bimwe mu by'Umwuka, cangwa n'amagambo gamwe na gamwe, cangwa n'urwandiko rurikugamba ngo: Umusi gw'Umwami Mana gwashohweye.
\v 3 Here kubaho umundu woshe wo kubabesa ngo mukizere guno mwaze. Umwami ndo akayije mara moja. Hambere, abandu akangari bakahakane Imana. Bakayumvire no kubaha umundu w'umuhakanyi w'Imana, uwo ni wawundi wakorire ibyaha akangari imbere y'Imana kandi ni wawundi ukashakishe gufuta ibyo Imana yakorire.
\v 4 Akabe umwanzi wihiraga heru y'Imana na cose gisengwaga, kugeza aho akayiyingize mu kanisa ry'Imana, akayiyikeze ku ndebe ngo ategeke. Akayitangeze ko ariwe Mana wonyine.
\v 5 Ndo muri kwibuka ko nababwiye bino bindu igihe nabaga ndi ndi iwanyu i Tesalonika?
\p
\v 6 Kandi mwiji ko ikimubuzaga kwija, ari kugira ngo Imana amwemerere kugipandisha mu gihe ce.
\v 8 Niho umugome akayije, uwo wayangire kumvira amategeko g'Imana ngo akiyereke ko ariwe mukuru imbere ya boshe. Hanyuma igambo rimwe riturukire mu kanwa ka Yesu rikamurimbure no kumubuza gukora ikindu. Hanyuma Yesu akayije.
\p
\v 9 Ariko mbere yo kumurimbura, shetani ikahe ingufu uwo mugome. Igikurikiyeho ni uko uwo mugome akakore ibiteye ubwoba n'ibitangaza kandi abandu akangari bakamukurikire.
\v 10 Kubera ibyo, uwo mugome akasitaze abandu kangari cane cane ba bandi bayandikirwe kurimbuka. Ibyo byoshe bikashoboke kubera ko bayangire kukizera no kwakira urukundo rw'ukuri kugira ngo bakizwe.
\v 15 Nuko rero mwewe mwayizeye hamwe na twewe muhagarare bwuma, mukomeze amigisho go mwayigisizwe, ago mwabwenye binyuriye mu magambo twababwiye, cangwa mu barua zo twabandikiye.
\p
\v 16 Nuko rero, turigushaba ko Umwami wetu Yesu Kristo wo wonyine, n'Imana Data wetu tweshe, wadukundire kandi waduheye k'ubundu bwe ihumure rihoragaho n'ibyiringiro bikwiriye,
\v 17 Imana na Yesu Kristo babahumurize imitima yenyu kandi babakomeze mu mirimo yoshe iboneye, n'amagambo goshe gaboneye.