71 lines
5.6 KiB
Plaintext
71 lines
5.6 KiB
Plaintext
\id TIT
|
|
\ide UTF-8
|
|
\h Tito
|
|
\toc1 Tito
|
|
\toc2 Tito
|
|
\toc3 tit
|
|
\mt Tito
|
|
\c 1
|
|
\cl Isura 1
|
|
\p
|
|
\v 1 Paulo, umukozi w'Imana n'indumwa ya Yesu Kristo; wemerewe kukizeza abacagwiwe n'Imana no kubamenyesa ukuri guhuye no gutungana,
|
|
\v 2 bishingiye ku byiringiro by'ubuzima buhoragaho, byaraganiwe n'Imana itabesaga guhera mu bihe bya kera.
|
|
\v 3 Kandi yayerekenye igambo rye mugihe caryo, kubera amahubiri, naherewe uruhusha kubwo itegeko ry 'Imana umukiza wetu.
|
|
\v 4 Kuri weho Tito, mwana wanje wa kweli, tukizerire kimwe. Ubundu, imbabazi, n'ituze biviye ku Mana Data n'Umukiza wetu Yesu Kristo bibane namwe.
|
|
\v 5 Nagusigire i Krete kugira ngo urangize ibyasigeye bidakorirwe no guhiraho abazehe b'amakanisa mu migi yoshe nguko nabigutegekire.
|
|
\v 6 Umuzehe w'ikanisa agombire kuba atariho umugayo, umugabo utungire umugore umwe, ufite abana bizerire, batarikuregwaho ubugome no kutumvira.
|
|
\v 7 Umuzehe w'ikanisa ni umucunzi w'imali y'Imana, agombire kutabaho iribi ryo kumugambaho, utarakaraga vuba, udakundaga inzoga, utari uwo guhubuka kandi udakundaga ifaida mbi, ndabe uwo kugira byoshe ibye.
|
|
\v 8 Agombire kuba uwo kupokeya abageni, ukundaga ibiboneye, ubabariraga, ugambaga ukuri, indungane, Uri tayari kugifata.
|
|
\v 9 Agombire gukunda cane igambo ry'ukuri nguko ryayigisizwe kugira ngo ashobwere kugarura abapinzani bateye inyigisho za kweli.
|
|
\p
|
|
\v 10 Kweli mu kanisa harimo abatubahaga, cane cane muri babandi bakatirwe. Bakoresaga amagambo gatagira akamaro, bahemukiraga abandu kandi bakabayobora mu njira mbi.
|
|
\v 11 Bene ngabo bagombire guhagarikwa. Bateranyaga imiryango barikugisha ibidakwiriye kubera kwenda ifaida zimwazize.
|
|
\v 12 Umwe webo, umugabo w'ubwenge agambire ngo: Abandu b'i Krete bahoraga barikubesa, ni babi kandi bamerire ng'ibisimba bikarihire kandi n'ibinnyeteri.
|
|
\v 13 Gano magambo ni ga kweli. Nico gitumaga ugombire kubamaganira kure kugira ngo bakomere m'ukukizera kwebo.
|
|
\v 14 Bere guhangayikira imigani za Kiyuda cangwa amategeko ga abenda kubahabya.
|
|
\v 14 Were guta umwanya gwawe ku migani y'Abayuda n'amategeko y'abantu baguye no kuva mu nyigisho za kweli.
|
|
\v 15 Ku bandu batungenye, byoshe biratunganaga. Ariko nda kindu cotungana mu bandu bandwiye n'abatizerire, kuko indekerezo n'imitima yebo byandwiye.
|
|
\v 16 Bagambaga ko biji Imana ariko bakoraga ibitanye nibyo bagambaga. Nabo kwangwa koko, n'abahakanyi kandi ndo bashobweye gukora ikiboneye na kimwe.
|
|
\c 2
|
|
\cl Isura 2
|
|
\p
|
|
\v 1 Ariko weho, wigise ibihuye ni inyigisho ziboneye.
|
|
\v 2 Uyigise abakambwe ngo babe imifano ziboneye, bakiyubahe, borohe, batungane m'ukukizera, bagire urukundo no kugihangana.
|
|
\v 3 No kubera ibyo, uyigise abagore bagendere mu biboneye. Bakirinde amanjwa. Bere kugumya kugnwa inzoga kangari.
|
|
\v 4 Ariko bigise ibiboneye kugira ngo bahagamare abakiri batoto kubigana,
|
|
\v 5 babatere ubwira bwo gukunda abagabo n'abana bebo, kugira ngo bagire ubwenge, bakifate neja, bacunge ubuzu bwebo neja, no kumvira abagabo bebo kugira ngo Igambo ry' Imana ryere gutukwa.
|
|
\v 6 Kandi wigise abasore kugira ibitekerezo biboneye,
|
|
\v 7 ube buri musi umufano guboneye mu bikorwa, wubahe inyiso z'ukuri, zikwiriye igambo rya kweli kandi riri heru yo gusekwa.
|
|
\v 8 Babwire amagambo gakwiriye kandi ago badashobweye kurwanya kugira ngo umwanzi amware kandi babure ikibi batugambaho
|
|
\v 9 Ababoyi bubahe abatware bebo muri byoshe, bababonerere, bere kubateza imbaka,
|
|
\v 10 batagira ico biba, ahubwo babonere m'ukuri kugira ngo bahe icubahiro inyigisho z' Imana Umukiza wetu.
|
|
\p
|
|
\v 11 Ubundu bw'Imana, isoko y'agakiza ku bandu boshe bwayigarageze.
|
|
\v 12 Kandi butwigisaga kureka ibibi, kudakururwa n'ibyiza bya yino si, kandi kugira ngo tubeho kino gihe dufite ubwenge, ukuri no kutakiyandwiza.
|
|
\v 13 Dufite ibyiringiro bisimisize, turindiriye ko ububonere by'Imana Nguru na Yesu Kristo, Umukiza wetu byo kukiyereka.
|
|
\v 14 Yesu yatugitangiye kugira ngo aturihire ibeyi ry'ibyaha byetu byoshe no kuduhindura ikabila yiwe, abo yakitunganirize kandi abahiremo ubwira bwo gukora ibiboneye.
|
|
\p
|
|
\v 15 Gamba, bahiremo ubwira, kosora ukoreseze ingufu zoshe. Here kubaho uwo kunnyega.
|
|
\c 3
|
|
\cl Isura 3
|
|
\p
|
|
\v 1 Ubibutse kugitondera amategeko, no kugipunguza imbere y'abategetsi, kububaha no kuba tayari gukora imirimo iboneye.
|
|
\v 2 Mwere kuvuma umundu numwe, mukirinde imbaka, mubonerere no kugipunguza imbere y'abandu.
|
|
\p
|
|
\v 3 Kuko na twewe twabaga turi abatumviraga, abatubahaga, abahabire, imibiri yetu niyo yatuyiboraga, kandi tukisibira mu bibi. Twabaga turi abo kwangwa no kwangana.
|
|
\v 4 Ariko, igihe ububonere bw'Imana Umucunguzi wetu n'urukundo rwayo ku bandu ryashohweye,
|
|
\v 5 yadukizize bitaviye ku mirimo y'ukuri twakorire, ahubwo byaturukire ku mbabazi twaboneye m'umubatizo gwo kukiyunuza kubwo guhindurwa mushasha n' Umuka Guboneye.
|
|
\v 6 Imana yatunyanyagizeho Umuka Guboneye muri Yesu Kristo Umukiza wetu.
|
|
\v 7 Kugira ngo tubonezwe n'ubundu, tube mu byiringiro ng'abaragwa b'ubuzima bukahoreho.
|
|
\p
|
|
\v 8 Rino gambo ni rya kweli. Ndenda ko utinda kuri bino bindu, kugira ngo abizerire Imana bagire ubwira bwo gukora imirimo iboneye. Bino bindu biboneye kandi bifitiye abandu akamaro.
|
|
\v 9 Ariko kirinde imbaka z'ubupfapfa, ibisekuruza n'intonganya zirekeye amategeko.
|
|
\v 10 N'ibindu bitadufitye umumaro. Kirinde umundu utanyaga abandi, umwiyame.
|
|
\v 11 Umenye ko umundu woshe waviye mu njira iboneye agakomeza ibibi yakiciriye urubanza.
|
|
\p
|
|
\v 12 Marire kugutumira Artemasi cangwa Tikiko. Ukore bwangu ungereho i Nikapolisi kuko ariho ngarangirize igihe c'imbeho.
|
|
\v 13 Ndumire vuba Zenasi, umuhanga mu mategeko hamwe na Apolo banzanire ibikenewe byoshe.
|
|
\v 14 Abandu betu bige gukora imirimo iboneye kugira ngo bave m'ubukene, kandi bashobwere kwera imbuto ziboneye.
|
|
\p
|
|
\v 15 Abo turi hamwe boshe barikugutasha, nawe utashe abadukundaga boshe mu kukizera. Ubundu bw'Imana bubane na mwewe mweshe.
|