45 lines
3.9 KiB
Plaintext
45 lines
3.9 KiB
Plaintext
\id JUD
|
|
\ide UTF-8
|
|
\h Yuda
|
|
\toc1 Yuda
|
|
\toc2 Yuda
|
|
\toc3 jud
|
|
\mt Yuda
|
|
\c 1
|
|
\cl Isura 1
|
|
\p
|
|
\v 1 Yuda, umukozi wa Yesu Kristo kandi muvukanyi wa Yakobo, mbandikiye mweho mwahamagewe, abakundirwe mubaga mu Mana Data wetu tweshe, mwarindirwe kubera muri aba Yesu Kristo.
|
|
\v 2 Mwongererwe imbabazi, n'ituze, n'urukundo.
|
|
\p
|
|
\v 3 Abo ngundire, igihe nakoresaga ingufu zoshe ngo mbandikire ibigambire ku gakiza ketu tweshe, byambereye ngombwa ko nabongerera ingufu kugira ngo murwanirire kukizera ng'indungane zahewe rimwe n'ibihe byoshe.
|
|
\v 4 Kuko hariho bamwe banyomborokire bakabihisamo, babandi bandikirweho ikimenyero co gutsindwa: Ni abandu batumviraga Imana, bafataga ubundu bw'Imana no kabuhinduramo ibimwazize, bahakanaga Umukuru wetu ariwo Umwami Yesu Kristo.
|
|
\p
|
|
\v 5 None rero ndenda kubibutsa, naho hariho ikindi gihe mwabimenye byoshe neja, yuko Umwami Imana amarire gukiza ubwoko bwa Israeli no kubakura m'ugihugo ca Misri, yarimbwiye abatakizerire,
|
|
\v 6 na malaika bayangire gucunga ubutware bwebo, ahubwo bagahunga uburaro bwebo, yabafungiye mu prizo ya buri musi no m'umuyobe. Bunoya barindiriye urubanza rwa gwa musi gukomeye.
|
|
\v 7 Ni guco byabereye Sodomo na Gomora, n'imiji yabaga ihazungurukire. Uko nabo bitangire, bakihize m'ubusambanyi, no gushohozana m'uburyo imibiri itaremirwe. Iyo miji yahiriwe ho kubera imifano ku boshe, bakahanwe ibihe byoshe.
|
|
\v 8 Guco niko n'ababandi barotaga barikuzambaguza imibiri yebo, bakanga gutegekwa, bakanegura abakwiriye icubahiro.
|
|
\p
|
|
\v 9 Nyamara Mikaeli, malaika mukuru, igihe yatonganaga na shetani barigupfa umubiri gwa Musa, ndo yapimire kumucira urubanza no kumuvuma. Ahubwo yamubwiye ngo: Umwami Mana aguhane.
|
|
\v 10 Ariko abo bandu bo batukaga ibyo batiji, n'ibyo batari bumva. Kandi ibyo bamenyire, babimenyesezwe n'ubwenge bwa kavukire ng'ibisimba by'ibihwiji.
|
|
\p
|
|
\v 11 Ingorane zikabagweho, kuko bagifatire nga Kaini, bakibeye inzerezi, bakiyingize mu byaha bya Balamu, bakunda ifaida zitagira akamaro kandi boshe bakashire kubera bayemeye ububi bwa Kora.
|
|
\v 12 Abo nibo mucafu, musangiraga nabo mu biboneye bariguhira mu minwa yebo, batarikureba abari inyuma. Ni n'ibiho bitarimo amenci, bijanwaga hoshe birigutangatangiswa n'umuyaga; n'ibiti bikokokirwe bitariho amatunda, byapfiye mapfe, byarandwiwe.
|
|
\v 13 Ni umuraba go mu ngezi gwasarire, gujwiye mo urufuro, ibimwarize byujwiye mu mitima yebo; ni inyenyeri zizereraga, zibikiwe umuyobe gutakashire.
|
|
\p
|
|
\v 14 Enoki wa karindwi ku mustari utangiriye ku Adamu, yababuriye kubyo. Yagambire ngo: Nguwo, Umwami arikwija hamwe na malaika kangari.
|
|
\v 15 Arikwija ngo abagwiseho boshe urubanza. Arikwija ngo ayemeze abatumviraga Imana ibyo bakoraga mu njira bitari ibyi Imana, ku byerekeye amabi go abanyabyaha bakoreraga imbere ye.
|
|
\v 16 Abo n'imbuzi zidashimaga, ni abakurikizaga kwenda kwebo kubi, ni abirasi baberagaho barikurimanganya abandi ngo barye ibyebo.
|
|
\p
|
|
\v 17 Ariko mwewe bakunzi betu, muyibuke amagambo gagambirwe kera n'indumwa z'Umwami wetu Yesu Kristo.
|
|
\v 18 Bababwiye ngo: Mu bihe bya nyuma hakabeho abasekanyi, bakagende bari kukifuza badakurikize ukwenda kw'Imana.
|
|
\v 19 Abo nibo bazanaga kukirema ibice, n'abandu bategekwaga n'ibyifuzo byebo, ndo bakoreswaga n'Umuka.
|
|
\p
|
|
\v 20 Ariko mwewe, bakunzi betu, mukiyubakire kukizera gutungenye cane, kandi muri kudushabira m'Umuka Guboneye, mugumye gukundana ng'abana b'Imana.
|
|
\v 21 Kandi mubere m'urukundo rw'Imana, murindire imbabazi za Yesu Kristo zitubonesaga ubuzimu butakashire.
|
|
\p
|
|
\v 22 Mupfire imbabazi abatiji ibyo barimo.
|
|
\v 23 Mukize abandi murikubakura m'umuriro. Ku bandi mubereke imbabazi murigutitira, mukiyangire kwambara imyenda ziriho imicafu z'umubiri.
|
|
\p
|
|
\v 24 Ku nyusirizo, wa wundi ukabarinde ngo mwere gusitara, wa wundi ushobweye kubahagarika imbere y'ububonere bwayo mudafite igisheko, ahubwo mugifitiye ibyishimo kangari, ariwe Mana imwe yonyine,
|
|
\v 25 kandi ariyo Mukiza wanyuriye muri Yesu Kristo. Umwami wetu ahabwe icubahiro, ubutware, n'ingufu, gutangilira kera, bunoya, n'ibihe byoshe, Amina.
|