rw-x-kinyabwisha_reg/55-1TI.usfm

163 lines
13 KiB
Plaintext

\id 1TI
\ide UTF-8
\h 1 Timoteo
\toc1 1 Timoteo
\toc2 1 Timoteo
\toc3 1ti
\mt 1 Timoteo
\c 1
\cl Isura 1
\p
\v 1 Paulo, indumwa ya Yesu Kristo, ku tegeko ry'Imana, Umukiza wetu na Yesu Kristo ibyiringiro byetu,
\v 2 Kwa Timoteo, umwana wanje w'ukuri m'ukukizera. Ngushabiraga ubundu, imbabazi n'ituze bivaga ku Mana Data She wa Yesu Kristo Umwami wetu.
\p
\v 3 Ndikukwibutsa byabindi nakwigisize igihe nabaga ndikugendera i Makedonia, ndikugushaba gusiba mu Efeso kugira ngo ushabe abandu bamwe bareke kukigisha izindi nyigisho,
\v 4 no kutahora mu tugani gani, n'ibishekuru bidashiraga, bizaraga kuyomba aho gukomeza umurimo gw'Imana m'ukukizera.
\v 5 Ico nenda kugeraho mu rino tegeko ni urukundo mvitiye ku mwewe ruviye m'umutima guboneye, ubwenge buboneye, no kukizera kweneye.
\v 6 Kuko bamwe bahigikire ibyo bindu, bazimiriye mu migisho gatafite akamaro.
\v 7 Benda kuba abalimu bakomeye b'amategeko ariko batiji ibyo barikugamba, nibyo barigutangaza.
\p
\v 8 Ndo twayibagiwe ko amategeko gaboneye iyo gakoresezwe neza.
\v 9 Kandi twiji ko amategeko ndo gakorewe ababoneye, ahubwo ababi, abakururaga indwano, abatubahaga Imana, abanyabyaha, abatizeraga, abatemeraga inyigiso nzima, abatubahaga abazeyi bebo,
\v 10 abasambanyaga abari kimwe nabo, abasambo, ababesi, abarahiraga ububesi, n'ibindi byoshe biri tafauti n'inyigiso ziboneye.
\v 11 Dukurikize umwaze gw'agakiza k'ububonere bw'Imana yo gushimwa, arigo mwaze gw'agakiza nahewe.
\p
\v 12 Ndigushimira Uwambeye ingufu, ni Yesu Kristo Umwami wetu, ko yangirire uwo kukizerwa, kandi yambize mu kazi njewe mbere wabaga umuhakanyi wa Kristo,
\v 13 umurenganyi, umugome. Ariko nagiriwe imbabazi kuko nabikoraga m'ubutamenya no kutizera.
\v 14 Nuko ubundu bw'Umwami bwayiyongereye hamwe n'urukundo ruri mu Yesu Kristo.
\p
\v 15 Rino ni igambo ry'ukuri, rikwiriye kwemerwa ko Yesu Kristo yayijire mu si gukiza abanyabyaha. Mu bo ndi uwambere.
\v 16 Ariko nagiriwe imbabazi kugira ngo Yesu Kristo ambonekeremo uwa mbere. Yambwiye ngo mbe umufano gw'abakamwizere, abakabone ubuzima buhoragaho.
\p
\v 17 Umwami w'ibihe byoshe, udapfaga, utabonekaga, Imana yonyine Ihabwe icubahiro, ububonere none n'ibihe byoshe. Amina.
\v 18 Timoteo mwana wanje, amabwiriza ndikuguha, gakurikiye imburo zagambirwe mbere ku weho, ko urwana indwano ziboneye,
\v 19 kandi ugire kukizera, n'ubwenge. Ubwo bumenyi, bamwe babupoteze, bazamye batizerire.
\v 20 Mu bo hari Himeneo na Aleksandre, bo natereye mu maboko ga shetani kugira ngo bigiswe, batirata bakaka Imana icubahiro cayo.
\c 2
\cl Isura 2
\p
\v 1 Nuko rero, ngumenyesize ko mbere ya byoshe, mushabe n'ingufu, mubwire Imana ibyifuzo byenyu, muyishimire, mubikorere abandu boshe.
\v 2 K'ubami n'abandi boshe bategekaga kugira ngo tubeho mu tuze, tubahaga Imana tuyitondire m'ukuri koshe.
\v 3 Ibyo biraboneye kandi bisimisaga Imana Umukiza wetu,
\v 4 ushakaga ko abandu boshe bokizwa kandi bakamenya ukuri.
\v 5 Kuko hariho Imana imwe kandi n'umuhuza w'abandu n'Imana ni Yesu Kristo wakigize Umundu.
\v 6 Yayitangire kutubera tweshe umucunguzi. Ibyo nibyo byahamizwe igihe ce kigerire.
\v 7 Nico nashiriweho kuba umuhubiri n'indumwa. Ngambire ukuri, ndo mbesize. Akazi kanje ni guhubira abapagani ngo bakizere no kugendera m'ukuri.
\p
\v 8 Nuko, ndenda ko abagabo bashaba hoshe bahirire amaboko heru, badafite umujinya, kandi badafite ibitekerezo bibi.
\v 9 Kandi n'abagore ni guco. Ndenda ngo bambare imyenda zikwiriye, zitamwazize, kandi bere kukirimbisa gusuka imitsatsi gusha, cangwa izahabu cangwa imiringa, cangwa imyenda zihendire.
\v 10 Ariko bakirimbise gukora ibiboneye, nguko bikwiriye abagore barigukorera Imana.
\v 11 Umugore yige ahorire, kandi abe yipunguze.
\v 12 Ndo mbeye uruhusha umugore kuyigisa, cangwa ngo ategeke umugabo, agombire guceceka.
\v 13 Kuko Adamu yaremirwe mbere, Eva nyuma ye.
\v 14 Na Adamu ndo ariwe wahabize Eva, ariko umugore niwe wahabize umugabo. Niho yabeye umunya makosa.
\v 15 Ariko abagore bakakizwe kubera kuzara babeye bagumye kukizera m'urukundo no gutungana.
\c 3
\cl Isura 3
\p
\v 1 Rino jambo turyemeye. Umundu wenda kuba mukuru w'ikanisa, yifuzize akazi kaboneye.
\v 2 Umukuru w'ikanisa agombire kuba atari uwo kugawa, ufite umugore umwe, atari umugnwi w'inzoga, wo kukirinda, ufite imipango yo kugenderaho, ucumbikiraga abageni, umundu w'ubwenge, wiji kuyigisa,
\v 3 utari umukunzi w'inzoga zikarihire, cangwa uwo gutesa abakristo, atari n'umukunzi w'amakuta.
\v 4 Ushobweye guhagarikira urugo rwe neja, wiji kuyigisa abana be kubaha no gutungana.
\v 5 Umundu udashobweye guhagarikira urugo rwe si, akayobore ikanisa ry'Imana gute?
\v 6 Ndo akwiye kuba umukristo mutoto, kugira ngo atekukirata, akagwa m'umutego g'umwanzi no gukatirwa urubanza hamwe na shetani.
\v 7 Agombire ko hanze bomugamba neja kugira ngo atakamware no kugwa m'umutego gwa shetani.
\p
\v 8 Abadiakoni nabo bagombire gutungana, bataba abo guteranya, batakunda inzoga cangwa ifaida zibi.
\v 9 Bakarinda ibanga ryo kukizera, bafite umutima gutari kubacira urubanza.
\v 10 Babapime kwanza mbere yo guhirwa mu kazi, niba batari gucirwaho urubanza nabo hanje.
\v 11 Abagore nabo ni guco. Batungane, batekuba abaneguranyi, bo kukirinda ibibi, no kukiringirwa mu byoshe.
\v 12 Abadiakoni bagombire kuba: umugabo w'umugore umwe, biji kuyigisa abana bebo no guhagarikira neja inju zebo.
\v 13 Kubera biji neja akazi kabo, bagombire kubahwa kubera bahagarariye neja kukizera Yesu Kristo.
\p
\v 14 Ngwandikiye bino bindu, niringiye ko nenda kukugeraho vuba.
\v 15 Ariko ndikwija vuba, umenye uko ugombire kugifata mu nju y'Imana, ariyo kanisa y'Imana Ihoragaho, ariwe Ngingi y'ukuri.
\v 16 Kandi ndibeseze, isiri y'ubutungane rikomeye kubera uwagarageye m'umubiri yagirirwe umunyakuru n'Umuka, malaika bamubwenye, yahubirye mu bapagani, yizerwa mu si yoshe, nyuma yaho yapandisizwe mu cubahiro.
\c 4
\cl Isura 4
\p
\v 1 Ariko Umuka gwagambire cane ngo: mu bihe bya nyuma, abandu bamwe bakate agakiza, bakifatanye n'imyuka mibi yo guhabya, n'inyigiso z'imizimu.
\v 2 Kubera ibyo, uburyarya bwa abanafunzi b'ububesi bwasize ingovu mu mitima yebo.
\v 3 Bakabuze abandu gushohweza no kurya ibindu by'Imana yaremire, kugira ngo biribwe n'ishimwe n'abandu biringiwe kandi abiji ukuri.
\v 4 Kuko ibindu byoshe Imana yaremire biboneye, kandi nda na kimwe co gutabwa, gipfa kuba cariwe gishabiwe.
\v 5 Kuko byoshe bibonezwaga n'Igambo ry'Imana no gushaba.
\v 6 Uyereke bino byoshe abavukanyi bawe. Ukabe ubeye umukozi ishimirwe na Yesu Kristo, watunzwe n'amagambo go kukizera n'amagiso gaboneye go wayigisizwe.
\v 7 Wamaganire kure utugani gani tutagiraga akamaro kandi tutarikumvikana.
\v 8 Ukimenyereze gutungana kubera ko imikino yo kunanura imibiri igiraga akamaro kannyori ariko gutungana bibonereye mu byoshe, bifite akamaro m'ubuzima bwa none n'igihe kirikwija.
\v 9 Rino niryo Gambo ry'ukuri kandi rigombire kwemerwa no kuyakirwa.
\v 10 Ariko, dukoraga turi mu ndwano kubera ko duhiraga ibyiringiro mu Mana nzima, Ariwe Umukiza w'abandu boshe, cane cane abizerire
\v 11 Ugambe ibyo bindu kandi ubiyigise.
\p
\v 12 Hatabaho umundu numwe wo kunnyega ubusore bwawe, ahubwo ube umufano ku bizerire mu magambo no mifatire, m'urukundo, mu kukizera no mu butangane.
\v 13 Kugeza igihe ngayije, ugumye gushoma, guhungura no kukigisa.
\v 14 Were kugaya imbano yawe wahewe y'imburo, igihe baguhirireho ibinabiro imbere y'ihuriro ry'indugane.
\v 15 Ukore ibyo bindu kandi ukitange weho weshe kugira ngo ibyo kugusunika imbere bibe iby'ukuri kandi bibonekere boshe.
\p
\v 16 Kirinde weho wonyine n'inyigiso zawe. Usibe mu byo bindu kuko igihe ukabikore guco, ukayikize wonyine kandi ukakize abakakumvire boshe.
\c 5
\cl Isura 5
\p
\v 1 Ndo ukacahe cane umukambwe. Ahubwo, muhugure ngaho ari umuzeyi, wibutse abasore ngaho ari abavukanyi bawe.
\v 2 Abagore bakurire ngaho ari ba mama wawe, n'abagore batoto ngaho ari bahara ba mama wawe.
\p
\v 3 Wubahe abapfakazi ba kweli.
\v 4 Umupfakazi abeye afite abana cangwa abuzukuru, babigise mbere ya byoshe gutungana m'umuryango gwebo, no gukorera abazeyi babo nguko babyigisizwe, kuko ibyo bibonereye Imana.
\v 5 Umupfakazi wa kweli, ni uri wongine. Akiringire Imana kandi asibeho arigushaba.
\v 6 Ariko umupfakazi uri mu raha ry'umubiri yapfiye naho arikubonekana ngaho ari muzima.
\v 7 Ubabwire gano magambo goshe kugira ngo babe abo kukizerwa.
\v 8 Umundu adashobweye gucunga abo mu nju ye, warekire ukwemera, washubye inyuma, ari hashi y'umundu utapimye na rimwe kukizera.
\p
\v 9 Umupfakazi ukayemerwe mu bandi bapfakazi, agombire kugira imyaka mirongo itandatu cangwa kurenzaho. Kandi akaba yari atungirwe n'umugabo umwe gusha.
\v 10 Abe yakorire imirimo iboneye, yacungire neja abana, yakiraga abageni, yubahaga abakristo, afashaga abatishobweye, akoraga ikiboneye coshe.
\v 11 Ariko utayandika abapfakazi bakiri batoto. Kubera ko bahaga imibiri yabo mu raha rya yino si, bakarekana na Kristo, bacagwire gushohwezwa.
\v 12 Bakaba biciriye urubanza kubera ko batakurikize indagano ya mbere.
\v 13 Kubera ibyo, baburire ico bakora, bakawayawaya barikuva mu nju no kuyingira mu yindi kandi bakagambagura amagambo ga busha busha.
\v 14 None rero, ndenda ko abapfazi bakiri batoto boshohwezwa, bakazara, bacunge ubuzu bwebo, kugira ngo bategufungulira umwanzi injira yo kudutuka ko turi mu njira zitaboneye.
\v 15 Kuko bamwe bashubye inyuma, bakurikiye shetani.
\p
\v 16 Niba uwizerire ari umugabo cangwa umugore, abafashe, kugira ngo abapfakazi bataba umuzigo ku kanisa, kandi naryo rikabona injira yo gufasha abandi bapfakazi badafite ipfo na heru.
\p
\v 17 None rero, ndenda ko abazehe bayoboraga neja bobona icubahiro kali kabiri, cane cane abakoraga umurimo go guhubiri no kuyigisa.
\v 18 Kuko Igambo ry'Imana rigambire ngo: Ndo wofunga umunwa gw'inga irikurisa, kandi ngo: Umukozi akwiriye umushahara gwe.
\p
\v 19 Kiyangire ko bakuregera umukuru keretse hariho abadimwe babiri cangwa bashatu.
\v 20 Kosora abakorire ibyaha boshe babyiji, n'abandi benda gukora ibyaha, bapfe ubwoba.
\p
\v 21 Ngubwiye ngomeze imbere y'Imana ya Yesu Kristo na malaika bateranyizwe ngo ukurikize bino bindu. Were kuibinyura iruhande cangwa were kubera.
\p
\v 22 Utakarambure indoke ku mundu vuba vuba, kandi ureke ibyaha, ahubwo kirinde.
\v 23 Ndugumye kugnwa amenci gusha, ahubwo ugnwe vino ngeya kubera uburwayi bwawe bw'igifu no kutumva neja.
\v 24 Ibyaha by'abandu bamwe byayiyerekenye mbere batakatirwa urubanza, naho abandi bakamenyekane nyuma.
\v 25 Ubundi, ibikorwa biboneye bimenyekanaga, ni ibitamenyekanaga bikahishuke.
\c 6
\cl Isura 6
\p
\v 1 Nshabire ko abakozi mu kazi koshe bubahe abapatro bebo kugira ngo ijina ry'Imana n'inyigiso twahewe zitapoteya busha.
\p
\v 2 N'abafite abatware beja bere kubanyanyagaraho, barikukigambira ko ari abo m'umuryango gumwe, ahubwo bakore neja batungenye, barikugifuriza ibiboneye abo barigukorera no kubakunda. Igisa bino bindu kandi ubategeke kubikurikiza.
\p
\v 3 Umundu abeye yigisize inyigiso zidakwiriye kandi zidakurikize amagambo gaboneye gaviye k'Umwami wetu Yesu Kristo, no ku nyigiso zerekeye kubaha Imana,
\v 4 yuzwiye ubwiratsi, ni ndabwenge. Arweye indwara z'ibibazo bidasobanukire, n'amagambo g'imbaka kandi byoshe bizaraga kugifuza, amahane, guteranya, no gukekerana.
\v 5 Imbaka z'abandu za busha, za bandabwenge, zitarimo ukuri kandi iza abatekerezaga ko ububonere bwebo bukabazalire ifaida.
\p
\v 6 Icokora kubaha Imana no kugisimira ibyo ufite, bifte ifaida.
\v 7 Bizaraga ubukire bwingi kuko ndaco twazenye ku si na niko ndaco tukakuremo.
\v 8 Tubeye rero tugifitiye uturyo, n'utwenda, dusimire Imana.
\v 9 Ariko abenda gukira vuba vuba, bagwaga mu bigeragezo, mu mitego no mu bishuko kangari by'ubutabwenge, bikabazambaguza, nyuma bakarimbuke.
\v 10 Kuko gukunda amakuta ari isoko y'ibibazo byoshe, kandi bamwe bayobwewe n'umubi, bagwiye m'ukukizera kwebo kandi bagwiye mu mibabaro kangari.
\s Ariko weho mundu w'Imana bihunge.
\p
\v 11 Ukurikirane ukuri, ububonere, kukizera, urukundo, kukihangana no koroha.
\v 12 Urwane indwano iboneye yo kukizera, ukomeze ubuzima buhoragaho bwo wahamagariwe, kandi nibwo watangiye ubudimwe buboneye imbere y'abandu kangari.
\p
\v 13 Ugume imere y'Imana itangaga ubuzima ku bindu byoshe, ngusize ju maboko ga Yesu Kristo wabeye umudimwe uboneye imbere ya Pontio Pilato
\v 14 Ngo wubahe amategeko goshe, atariho umugayo no gusekwa kugeza igihe Yesu Kristo Umwami wetu akayije.
\v 15 Imana ikayije igihe gikwiriye, Imana Nyiri migisha yonyiwe, ni yo yonyine ifite ubutegetsi. Ni Umwami w'abami, Umutware w'abatware.
\v 16 Wonyine ni we ufite kudapfa, utuye mu mwangaza kangari, nda mundu wagerire aho ari cangwa ugombire kumureba. Icubahiro n'ingufu bya kila gihe kibe ice wonyine. Amina
\v 17 Ubwire abakire ba kino gihe bareke kuyirata, bere guhira ibyiringiro m'ubukire bwebo butagira ifaida. Ahubwo babusire ku Mana Iduhaga byoshe kugira ngo tugisime.
\v 18 Ubabwire bakore ibiboneye, bagire ubukire barigukora neja. Bakunde gutanga, kandi babe abo gusangira n'abandi m'urukundo.
\v 19 Guco bagishire mu gihe kikayije imali ifite umusingi gukomeye kugira ngo babone ubuzima bwa kweli.
\p
\v 20 Timoteo, cunga neja ibyo nakubikize. Kirinde amagambo ga busha busha, kandi g'ububwa gabesewe kuyitwa ubumenyi.
\v 21 Kirinde imbaka z'abandu bakoraga bamarire kureka kukizera. Ubundu bw'Imana bube nawe.