kmw-x-nyiragongo_reg/61-1PE.usfm

154 lines
13 KiB
Plaintext

\id 1PE
\ide UTF-8
\h Petero Wa 1
\toc1 Petero Wa 1
\toc2 Petero Wa 1
\toc3 1pe
\mt Petero Wa 1
\c 1
\cl ISURA YA 1
\p
\v 1 Petro ndumwa ya Yesu kubachagwirwe, babaga basyitsi batatanywa mupoto, garatiya, kapadokiya, Aziya na betaniya,
\v 2 Ngwa kwakua imana yetu yatangiraga ibamenyesa mwikizwa neyemera nakwiminjirwa marasho ga Yesu na byija bibe kwa wenyu nama horo genyu gakiyongere.
\p
\v 3 Ashimwe Mana data na Yesu kristu, niniye watubutaga kumba bazi tsiwe tsinene igira ngo tubone kwizere kyabuzima, kwizu rwa ya Yesu kristu ivamubapfu.
\v 4 Tubone mugabane gutafite muchafu, kyangwa gutagabanyuka, go mwabikirwe mukigega mwijuru.
\v 5 Namwe amucungwa na mbaraga za Mana munjira yekizera mbaka muhende mubone iokovu yirihofi ihushurwa mukihe kyanyuma.
\v 6 Muye mu byishimo kyane, niba byangaba mukihe kyufi, mwame babazwa nabigeragezo bya kira namuna.
\v 7 Igira ngu mu geragezwe mukizera ryenyu, ikizera ririmo kyubahiro, kusha izahabu yinahera mumuriro gunagera geza ikizera ryenyu bibi nabija, igira ngukwizera ryenyu rigire kaciro na kyubahiro, na heshima mwi hishurwa rya yesu kristo.
\v 8 Mutaza mwa mureba ko, arikuko muka kizeraye mufite bisimo kyane, byisimo bitanga gambwa ku bera yeno niwa kyubahiro.
\v 9 Mwagirire kihe kyanyuma kye kizera ryenyu iokovu yamitima yenyu.
\p
\v 10 Muma kuru ga okovu, ba nabi baba cunguza nephakayo, nibata girage l tabiri kubyija bikabayijira.
\v 11 Baribashakire nikihe kyo roho ya Kirisitu yirimubo, ura bwerekene mukihe kira shuhudiyaga imbere ya mateso ga Yesu kirisitu na kyubahiro kika kurikiraho.
\v 12 Baka hishurirwa, kwa tari ku bwabo bonyine, ariko kubere mwe baribakorire mo magambwaga gara, ga hubirwaga kwa wenyu, nabwara bagirage ba hubiri makuru meja kwaroho mutakatifu watumirwe ituruka mwijuru.
\p
\v 13 None mwafungire bitekerezo byenyu mugire bwenge, kwi kizera, kwitimiza, nabyija bira muka hishurirwa na Yesu kirisitu.
\v 14 Nga bana banayumvira muta kishanisaga na tamaze nyu no bururu bwenyu.
\v 15 Ariko aringa ura waba hamagaraga, nimutakatifu, namwe na bihema mube bandu be tinya byaha, mumi fatire yenyu yoshe.
\v 16 Kubera bya yandikirwe: mube batakatifu kubera na ngye ndi mutakatifu.
\p
\v 17 Niba mwa nga hamagara data, nicha rubanja ninda upendereo kubera kazikiwe muko meze nabuba mubihe byoshe kwiba bageni ko duniye yi.
\v 18 Muka menya kumwa kombwewe, atari mu bindu bibihire kufaranga kyangwa ku zahabu, igira ngumuve momyi fatire yenyu yitafite kamaro yira mwa vanaga ko bazazi benyu.
\v 19 Ariko kumarasho gakachilo, nga ga mwana kondoo utafite kirema, ao iharama nimarasho ga kirisitu.
\v 20 Naye ame menyikana imbere ye hiraho ingingi za si, ariko ame menyikana bwanyuma yakihe kuberetwe.
\v 21 Namwe ku bera ye mukizerire imana ya muzulaga ivamubapfu nemuha kyubahiro; ne kizera ryenyu ne kiriingira ryenyu ribe mu Mana.
\p
\v 22 Mwame kwiza e mitima yenyu hejuru wakuri, negira kurukundo rwakweri, rwa banya kyetu, mukundane na bwira e ndumwa.
\v 23 Kubera mwame vuka tena ndahari kumbuto yi haribikire, ni mbuto nzima kugambo ryamanarlyatuzima ribabaho iherezo.
\v 24 Kubera mibiri yoshe ninga byatsi byasi binayuma na mauwa ga yetera.
\q
\v 25 Ariko igambo riwe ri babaho iherezo, negambweryo ni gambo ryiija ryo bagirage hubiri kwa wenyu.
\c 2
\cl ISURA YA 2
\p
\v 1 Kuberebyo mubike pembeni ebibi byoshe, bubesyi mundu utaba kunjira yiguma, bugome na webesyerana.
\v 2 Nga mwana muke kyane, unakifucha mata maja ga mutima igirango mugire muyikare mu kakiza.
\v 3 Aringa mwamebonja ku data ni mwija.
\p
\v 4 Muyije kwawe niye buye rizima ririho yara yayangirwe na bandu, ariko buye yo ryachongwirwe na Mana tena ni rya karamo kwawe.
\v 5 Namwe kandi muri nga mabuye gafite buzima ga himbirwe iruguru wanju ya mutima igira nguhe mukuru uzira kyaha wara unahana isadaka za mutima ziyemerwe na Mana ihitira Yesu kirisitu.
\v 6 Iyandiko rigambire utya reba na mebika mu sayuni ibuye ryo kumwisho, rinene tena ryarondorwagwa tena rizanye meru, woshe ukizerireye no muye atibabone.
\p
\v 7 Sasa kyubahiro ni kyenyu kwi mwemwe mukizerire, ariko ibuye ryayangirwe nabahimbyi rino ryameba ibuye rya mwisho.
\p
\v 8 Ni buye ryangasitarwako ababo bangasitara abanayanga igambo ryero ryara tena babaga nibame chagurwa kuryo.
\p
\v 9 Ariko imwemwe muri kizazi cya chagwirwe, bakuru ba bami miryango yikizerire bandu ni mali ya Mungu igira ngu wala wangatangaza bikorwa bikomere bya wahamagerwe iva mumwizimya iyija mu mwangaza gushangeze.
\v 10 Imwemwe kwanza ndaho mwari muri bandu ariko none imwe muri bandu ba Mungu, imwemwe ndahomwabwene imbabazi ariko none mwabwene mbabazi.
\p
\v 11 Bakunzi, na meba hamagara ngabasyitsi nga ndumwa kwikiyima iva mu byifuzo bibi bya byaha byara binarwana indambara ne mitima yetu.
\v 12 Mwangagira ingeso nyija mu byifujo igira ngo bakabagamba ku imwe mwame kora magambo mabi; bakareba kazi kenyu keja ne sima Mana kumisi gweyija kwawe.
\p
\v 13 Yunvira bushobozi bwa banadamu kubera data, aringa mwami ari mukuru
\v 14 Aringa bategetsi batumirwe ibahana bakozi babi ne simira bari ya korire byija
\v 15 Kubera ni rukundo rwa Mungu, kubera kwi kora byiyja mwatsizwa biganiro bya kasunzuguro ka bandu ba bichuchu.
\v 16 Nga bandu batafite bibazo na bandi, mutakoresaga obuhuru bwenyu, nga kipfundikizo kya bibi, ariko mube ngabakozi ba Mungu.
\v 17 Muyubahe bandu boshe, mukunde banya kyenyu, muyubahe Mana. Muyubahe mwami.
\p
\v 18 Bagaragu, muyubahe aboshobuja benyu kwi yuba hirizabo aboshe, atarabosho buja boshe beja na bakitondekire, ariko tena nabafite byaha.
\v 19 Kubera akakifatia, ikihanira bubare mumisi ubaba no babara buzima ku yirimo bitekerezo byiwe kwa Mungu.
\v 20 Na nyungu, yirimo nga mwanadamu ikora byaha none mweendereya ihanwa? Ariko aringa mwekora byija na haho mubabare ne habwa, ibyi ni bisimo bija ku Mana.
\v 21 Kwi byebyo mwahamagaragawa kubera kirisitu tena ababere kuberetwe amebasigira rugero kuberemwe ikurikira ingeso ziwe.
\v 22 Yeno ndahakorire byaha kyangwa ndaho harebekene bubesi boshe mu bunu bwiwe.
\q1
\v 23 Emisi yara atukangwa, atari yashubize ebitutsi aki babara atashubiza ebitutsi, aki babara, atakangire ariko akihama yenyine ku bwiwe yenyine ahanwe ku kuri.
\q1
\v 24 Yeno igirango tutagirage nakake tena mu byaha negira ngu tubeho ku gambo rya Mana ya kuri kwi kubitwaryiwe imwemwe mwame kizwa.
\v 25 Mweboshe mwabaga namuzerera nga ndama yaherire ariko none mwameshubura ku mushumba n'omchuzi we mitima yenyu.
\c 3
\cl SURA YA 3
\p
\v 1 Kwe njireyi imwe muri bakazi, abihema ikitaga kubagabo benyu benyine, igira ngo hari bandi batayemere gambo ba menyerebo kumi tambukire yabo nami fatire yabo, hatari gambo.
\v 2 Bakareba migendere yenyu mija ni mu tafite buba mu gambo rya Mana.
\v 3 Iki waziya ryenyu, na kwizera kwenyu ni ritaba ku bindu bya zahabu ne sukwa kyangwa iyambara myenda.
\v 4 Ariko iba mundu wa mutima natari werebekana mu bindu byekipamba uta chafukire mutima gwa buhoro na gweyuvira, kandi ugire kyubahiro imbere za Mana.
\v 5 Kubera utyo utyo bakatsi bakizerire kwara bari bakipambire, bari bakizerire Mana, neha bagabo babo bo kyubahiro.
\v 6 Kimwe nga kwara Sara ayumviraga Abrahamu amuhamagara ngu mwami namwe muribana bewe, aringa mukorire neja nangwa muta yuba hiswa e mu kira buba boshe.
\p
\v 7 Konjireyo, imwemwe bagabo amuhema iba na bakatsi benyu, nimuyiji ku beno ni bagenzi bakikazi kiruhire, na munya kyenyu kimwe ngaba kizi bagenzi benyu, negabirwa buzima mugire batya igira ngu masengesho genyu gata hagarikagwa.
\p
\v 8 Nyamara mweboshe mube na kitekerezo kiguma kifite mbabazi, ikitondeka kimwe ngamunyaky etu bitonzi ba ki tondekire
\v 9 Mutaripaga bubi kububi nangwa kitu tsi ku kitu tsi nyuma yaho mukomeze, mukomeze hano kubera mwa hamagerwe, igirango mushoboke ichunga migisha.
\v 10 Yo bakunda buzima nereba musi mwija ni ngombwa akinge rurimi rwiwe kububi, bunu bwiwe bwegamba nabi.
\q
\v 11 A binduke nereka mabi negire gamba meja, ashake mahoro ne kurikirago.
\q
\v 12 Mesho ga Mana ganareba ufite kuri, na matwi gewe gana yunva masengesho gewe, ariko mesho ga Mana ga fite tandu kano ku bera bana kora mabi.
\p
\v 13 Nindo ubahende bakurikitsa niba mukundire shauri rija?
\v 14 Aringa mutesekire mukuri, ni mwamenanga. Mutayubahaga byo bandi bana yubaha nangwa ngu migire bu ngenge.
\v 15 Nyuma yaho, mubike yesu kristu mo mitima yenyu, kimwe nga mutakatifu, kira kanya ni mukitegwire kwimushubiza kira mundu urimwe babaza imwe kuberaki amukizera ku Mana mugire batya mubuhoro na mubwitanzi.
\v 16 Mugire bitekerezo byija, igirangu bandu barimwe tuka buzima bwenyu bwija mu Kirisitu bashobore, kubera aba simora imbushanye kwibasumba kubera, a ringa mwabaga ingozi zamabi.
\v 17 Nineja kyane aringa Mana yikundire igira ngu a kwigira neja ho kwikora mabi.
\v 18 Yesu kirisitu ari ya tesekire maramoya kubera byaha byetu, uyu afite kuri anatesizwe kuberetwe tutari turi banya kuri, igira ngwatuzane itwe kwa Mana, ari ya pfire mu mubiri ariko agirwa muzima mumuka.
\v 19 Mu muka ariyagendire aye hubiri mitima kwigeza buno tsinari mukifungo.
\v 20 Zitari zayubahisize kihe kyekihangana kwa Mana Data, wabaga na rindirire musi gwa bubatsi bwa Safina na Mana ya kiritse bandu bake, buzima munane nabuva mumeji.
\v 21 Iyi ni harama rya rubatizo uro rutari kimwe ngeyoza buchafu guri mweva kumubiri, ariko aringa sengesho rye kibaza sawa ku Mana, kwitambukira izuka rya yesu kirisitu.
\v 22 Yeno ariku kuboko kwa buryo bwa Mana ashubire mwijuru. Malaika migisha nangu funingombwa bihe heshima.
\c 4
\cl ISURA YA 4
\p
\v 1 Kubere byo, kubera Yesu ababere ku mubiri, ariko agendire na byaha byetu.
\v 2 O mundu yu ndaho akomeze tena iba mu hari ya mubiri, ahubo kurukundo rwa Mana kubuzima bwiwe bwasagukire.
\v 3 Kubera kihe kyahitire kora magambo go hamicyango yashake kora bwija, businzi busambo ne kora musi mukuru gwa kipagani na misaya sanamu zibabeze.
\v 4 Abatekereza ngwaba kikiza ikora magambo ago, hamwe nabo aho abagamba mabi kwimwe.
\v 5 Bakatanga mibare yiwe ukaba hafi kwicha rubanja; bazima na bapfire.
\v 6 Kubera gambo rya Mana rita ngayiyigiswa kwabo bamalipfa; ariko ku bandu bana fite buzima ku mibiri yabo, ngo bandu bakomeze ibaho, kwi ringanira na Mana ku mitima yabo.
\v 7 Mwisho gwa magambo goshe gwa meshira, kubera ibyo mukwirere ikitondeka mukarindira igira mushobore isenga.
\v 8 Mbere ya byoshe ukunde ku mutima goshe, kubera rukundo rutagorosha byaha byingi.
\v 9 Bwereka na ba sitsi kwimwe mu tababere.
\v 10 Kubera muguma wenyu, abonaga mugisha, akoresago kwihangana baharikizi beja migisha mwingi zazanagwa kubusha na Mungu.
\v 11 Agamba kiira mundu magambo giwe gabe nga magambo ga Mana; unakora akwirire korera kungufu za Mana amuhere muma gambo goshe; Mana ashimwe kunjira ya Yesu kristu kubera bubasha na ngufu ni bwiwe, na buzima na herezo, Amina.
\v 12 Bakunzi bani, mubare kigeragezo kikayija ibagerageza, kimwe nga kindu kitayichikene, niba hari kindu kitayichikene kika yimukira kwa wenyu.
\v 13 Ariko kurugero mukisime kuko muri mwibabara ku zina rya Yesu kirisitu; igira mugire bishimo byingi byija.
\v 14 Nubo mwatukwa kubera izina rya Yesu kirisiru, igambo ryo, ari garagaza ku mutima guyerire, kyangwa ku mutima gwa mana guyikere na mwe.
\v 15 Ariko utikabaho woshe yenyine akababara; kimwe nga wayitire mwizi, mukozi wa bibi, una kurikira magambo ga bandi.
\v 16 Ariko niba mundu ababara nga mu kirisitu areba mabi ahubwo asingize Mana mu zina ryiwe.
\v 17 Niba mwenya gugerire gwe kutegeka kwituruka mu nju ya Mana, na kiro ngo biturukire kwitwe bikaba ute ku bariya bata yubahaga igambo rya Mana?
\v 18 Na kira nyira kuri arebekana itambukira mu kababaro bikabote ku mundu utafite kuri na Mana?
\p
\v 19 Kubera ibyo byoshe, bakababara ituruka mu rukundo rwa Mana, baka mugambira mutima yabo ku muremyi mwizera akakora byija.
\c 5
\cl ISURA YA 5
\p
\v 1 Ambwira bashaja bari kwa wenyu, na boshe ingyengye ndimu shaja haguma nabo. Na kira mundu yo wa yunvire ma gambo ga Yesu biba bwerekanwa imbere tsiwe.
\v 2 Mukifasye mube bamwe na bana ba Mana kwa wenyu, barihakati kenyu siku kahato ariko; ni kubushake ngako Mana ayishaka, tena hatari na ku faranga zibi: ariko kubushake bwija.
\v 3 Kyangwa muta ongozaga nabi buhagarikizi bo mwaherwe; ariko mube rugerol rwe yiga iba yobora.
\v 4 Nakihe muyobozi mukuru aba rebekanako: mubayakira bihembo byija.
\p
\v 5 Batyobatyo mwebasore muyunvire bashaja, na mweboshe muyige ikitondeka igira ngo, mukorerane, kubera Mana inahigana na banagira mijinya, ariko na mweboshe miyige ikitondeka.
\p
\v 6 Mukitondeke mushi ya kuboko kwa Mana, igira ngo babashimire imwe buri kihe.
\v 7 Kandi mu muhe emibabaro yenyu yoshe, kubera naye afite bihembo kwimwe. Mugire muhagararo ne reba mwanzi wenyu shetani, nga ndare yayihinda nayizunguruka nayi shaka mundu ngu yi mu mire.
\p
\v 8 Mugire muhagararo nereba mwanzi wenyu shetani nga ndare ya yihinda nayi nguluka na yi shaka mundu ngu yi mumire.
\v 9 Namwe mutsindane naye mu kizera ryenyu, mumenye kumibabaro yenyu byame bonekera kubanyakyenyu bari musi.
\v 10 Na Mana ya mahirwe ura wa bahamagaraga imwemwe igira muyije muye mu bwami bwiwe butashira mu yesu kirisitu mwamemara mibabaro ya mwanya guke, yeno yenyine ababagira neja imwemwe nabagarutsa imwemwe nabaha imbaraga.
\v 11 Kuye bibe mugisha iherezo naherezo, Amina.
\p
\v 12 Kukuboko kwa sirivano mugarawe akizerire nga kwakura emibabaro, name hamya gwaga go mahirwe make na me yandika kumagambo make, na meba hakishia kwaga gomahirwe make gamana muye.
\p
\v 13 Ulawabaga mubaberi warondoragwa hamwe namwe abaramutsa imwe, na mariko batyo mwana wani.
\v 14 Mura mutsane kwihoberana rya rukundo inda mutso zibe kumwe boshe muri hakati ka Yesu kirisitu.