kmw-x-nyiragongo_reg/57-TIT.usfm

70 lines
5.6 KiB
Plaintext

\id TIT
\ide UTF-8
\h Tito
\toc1 Tito
\toc2 Tito
\toc3 tit
\mt Tito
\c 1
\cl ISURA YA 1
\p
\v 1 Paulo, mukozi wa Mana na ndumwa ya Yesu Kristu, kubizerire ba Mana na mabenge bwa kuri nekitowa kwa Mana.
\v 2 Barimo kyizera rya buzima bwakihe kyoshe milele bo Mungu atangamba bubesi agambagabo kwiva isi ya remwa.
\v 3 Ariko ari ya funguire igambo riwe mu kihe kiwe kya mahubiri, byari bya mbe mire ikoro tya, ku mategeko ga Mana, na data wetu na Yesu kirisitu.
\v 4 Kwa Tito mwana wa kuri mu imani yetu, ibonekeRwa, mbabazi ne kizeRa iva kwa Mana data wetu na Yesu Kristu mwokozi wetu.
\v 5 Kubera nari nakusigire i crene igira ngu koreyo amagambo goshe agabaga gatariga shoboka ne hira bashaja bakanisa kukira mungini nga kwa kuri nakutegekire.
\v 6 Muzehe wa kanisa atabaga wevuma murume wa mukazi muguma, ufite na bana bakizerire chya ngwa basunzuguzi.
\v 7 Abihema ku muhagarikizi wa mu tekano wanju ya Mana, atabaga kivume, atabaga mundu wa warusaku cyangwa we kizuwiza natibe wambere kwi tsibuka, atabaga musinzi, atabaga mundu wezana indwano, atabaga wegira rari.
\v 8 Ariko abe mundu weya kira handu, ufite rukundo, abe mundu ufite bwenge, unagambisa kuri, ne kunda Mana; ne kitawara yenyine.
\v 9 Wanga shobora ihagarikira mafundisho ga kuri gayigisizwe, igira ngu bata gire kwa mu nganga, ngo bahire mubo me mitima mija ku byigisho na wangareka boshe baba mupinga.
\p
\v 10 Kubera hari banzi bengi hubo batagire kwa munganga. Magambo gabo nige pinga, ga bubesi neongoza bandu munjira yitariyo.
\v 11 Ni kweri izuwiya abandwabo; abayigisa bya bubesi bitafite ifayida, ne bisya miryango yoshe.
\v 12 Muguma wabo wa mwitondetsi, agamba. Ba crete ni babesi butafite mwisho, babi na bushake bwahatari, babute nabisambo.
\v 13 Ebya mubwirwa ni bya kuri ahubo twa nga komya mbaraga igira ngu bagire gamba bya kuri mu muka.
\v 14 Iwewe utagilage kulikiza emigani yabo yitaliya kulize kiyahudi cyangwa mategeko gabo galimweshubya bantu inyuma.
\v 15 Koboshe bakwirire, ebindu byoshe bikwirire. Ariko aboshe bafite bucyafu na batakizerire, nda kikwrlire kubera ebiteke na zamiri zabo za chafukire.
\v 16 Abashaka igira ngu bamenye Mana, ariko mubikorwa byabo abamuhakana. Ababo ni ba byaha kandi batayunva; ndaho baye mezwe ne bikorwa byoshe bikwirire.
\c 2
\cl ISURA YA 2
\p
\v 1 Ariko iwewe ukwirire iyigisa magambo meja
\v 2 Bashaja bagire cyane iyubahwa, bwenge, ikizera ryija, mu rukundo, n'omwikitondeka.
\v 3 Utyo utyo bakazi (babashaja) kamaro Kyane ke kibwerekana, bano kubo nga bari banakiyubaha, batari begira mijinya. Bakwirireba batari indumwa z'amavu.
\v 4 Bakwirire iyigisa bisi byija igira nguba tegur'ebo abanyere ku bwenge bakunde bagabo babo na bana babo.
\v 5 Bakwirire iyigisa igira bwenge, banachunga kyane enju zabo, na banayubaha bagabo babo benyine. Abihemabo ikora magambo gano igira ngu igambo rya Mana niritika yibagirwe.
\v 6 N'ebyoshe byebyo, nihabo mutima busore ba kigabo (babe) bwenge.
\v 7 Munjira zosheza mukibike mwenyine mube rugero ku kazi keja.
\v 8 Muganire magambo gafite buzima gatafite na shida nakake, igir'angu kira mundu utayemera abone ishori kubera nindashoni z'egamba kwitwe.
\v 9 Bagaragu bayemere abakire babo ku kila kindu bakwirire isimisabo, batakwirire isigana nabo
\v 10 Batakwirire iyiba nyuma yaho, bakwirire ibwerekana ikizera ryoshe rija igira ngu kunjira zoshe bapambebo magambo getu gayerekere Mana mchunguzi wetu.
\p
\v 11 Kubera imbabazi za Mana zamegaragara ku bandu boshe.
\v 12 Bituyigisize ibaho ku bwenge, na kuri, n'omu njira za ki Mungu mo misi yino.
\v 13 Misi ya buzima bwa Mana muchunzi wetu na muchunguzi wetu Yesu kirisiti.
\v 14 Yesu akihanaga yenyine hejuru yetu, igira ngwatuchungure iva mu buchafu itugira bakyere, kubera yeno, bandu bengi bafite nyota ya murimo gwija.
\p
\v 15 Ugamb'ego n'ehakikishago amagam'bwaga ribit'akugo ku bushobozi bwoshe.
\c 3
\cl ISURA YA 3
\p
\v 1 Uyibutsebo ikitsirira ku bandu bakuru na bafite bushobozi, Iyubahabo neba nuri ku kira kazi keja.
\v 2 Uyibutsebo nibatikorere mundu woshe bibi, bakirinde ishubiza babone omutima bandu bandi kwikora iamuwa, n'ebwerekana ikishusha ku bandu boshe.
\p
\v 3 Kubera natwe tena twari tufite bitekerezo bibi, ni ndana rukundo twabaga nitwa herire; netugura beja nekifuja, nekisimisa twaritwabereho mwifuhirana no mu byaha. Twaritwababezee nebabazana.
\v 4 Ariko misi ya mbabazi ya Mungu muchunguzi wetu na rukundo rwiwe ku bandu rwanebonekana.
\v 5 Bitabaga kubikorwa byetu na kuri kotwagiragekora, nakiro atukizaga ku mbabazi ziwe atukizaga netukura kwibutwa busyasya, nekorwa busyasya ku mutima gukyere.
\v 6 Mana areka mutima gukyere ku bwingi iruguru yetu ihitira Yesu kirisitu muchunguzi wetu.
\v 7 Akoragetyo igira ngu, twamebarwa kuri ku mbabazi ziwe, tube baguma mu kuri n'omu buzima bwa mwisho.
\p
\v 8 Bino ni bimenyetso byekiringira. Angifurija mugambe ngo nabwenge amagambwaga, igira ngu bariya barakizera Mungu bagir'ebitekerezo iruguru yakazi keja kali kahirirwe imbere yabo, amagambw'aga nimeja gafite nakamaro ku bandu boshe.
\v 9 Ariko nikichunga iganira magambo gatashobokire, irwana, n'egirana bubishi, n'egambana kubera mategeko. Amagambo agago ndakamaro gafite.
\v 10 Mumuyange mundu weshe unazana kuri hagati yenyu inyuma ya hano riguma cyangwa ibiri.
\v 11 Mumeny'eka nga mundu ngoyoyo amesiga injira yija, amekora kyaha nekihana yenyine.
\p
\v 12 Ngaba namemutuma kwa wawe temi kyangwe tiriko, kihute uyije kwa wani ineno yondi narinayemere ibaho kubera ni hari ya mbeho.
\v 13 Kihutire imufasya mundu wa mategeko na Apolo; atri ishirirwa na kindu.
\v 14 Bandu betu bakwirire iyiga n'ekiyigisa ku kazi keja kara kangakora ku bifuza bija, igira batabage batabutire matunda.
\p
\v 15 Boshe bari haguma nangye abakuramutsa abaramutsa bara batukundire mwikizera. Mugisha gube kwimwe mweboshe.