kmw-x-nyiragongo_reg/49-GAL.usfm

199 lines
17 KiB
Plaintext

\id GAL
\ide UTF-8
\h Bagalatiya
\toc1 Bagalatiya
\toc2 Bagalatiya
\toc3 gal
\mt Bagalatiya
\c 1
\cl Isura 1
\p
\v 1 Paulo ndumwa (atari wa bandu, kyangwa ku bandu, ariko ku Yesu Kirisito, na Mana Thatha wamukurikire mbaketoka mu bapfu)
\v 2 nabanya kyetu boshe bo babaga hamwe nangye, ku makanisa go mu Galatia:
\v 3 Mahirwe gabe nemwe, na mahoro itoka ku Mana Thatha, na ku Data wetu Yesu Kirisito,
\v 4 yowa kihanire kubera byaha byetu, igira ngwa tukize mo si yimbi ya buno ngakwa kundire Mana na Thatha wetu,
\v 5 Ahabwe kyubahiro misi yoshe. Amina.
\p
\v 6 Nameshangatswa nereba mwamemusiga chuba wa bahamagara ga imwe mu mahirwe ga Kirisito, mwabinduka ku gambo rya Mana rya kundi kundu,
\v 7 Niba atari yindi, ariko ari bandu baba babutsa mahoro imwe, bashaka ibindura gambo rija rya Kirisitu.
\v 8 Ariko itwe kyangwa bamalaika bo mwijuru, natubayigise mwe gambo rya Mana ritari ngeryo twabayigisize imwe apfumwe.
\v 9 Ngako twagambire mbere ya kihe, none anjube gamba njundo ya kabiri. Mundu woshe yoba bayigisa gambo ritari ngeryo mwayunvireko, apfumwe.
\v 10 Noneho rero anyosya bandu kyangwa Mana? Kyangwa anjaka isimisa bandu? Kubera yonzimisa bandu ndariba mukotsi wa Kirisito.
\p
\v 11 Ambabwira imwe banya kyetu, Gambo rija ryo ryayigisizwe nangye yuko ritari kura bandu bashakire.
\v 12 Yuko ndayakiraga kakiza ku mundu, kyangwa ndayigisagwa na mundu, Ariko ku byahishirwe bya Yesu Kirisito kwingye.
\p
\v 13 Yuko mwameyunva makuru ga bikorwa byani kera mu dini rya Bayuda, n kyane kyane ngako natesitse kanisa ya Mana ne bisya yo;
\v 14 Nangye natangiriraga mu dini rya Bayuda isumba bengi bo babaga bomo myaka yani mu boko bwani, nakomeze ba na bwivu kyane kwi kurikiza mibereho ya babyeyi bani.
\v 15 Ariko Mana, yoya ndandukanyaga naba munda ya mamo; amba tsina rya mahirwe gewe, abere akireba ni bikwirire
\v 16 ihira hanje Mwana wiwe mwingye, igira nyigise makuru gewe ku batezi bakizera, pare pare ndoho nakinegwire hamwe na bandu bafite mubiri na marasho,
\v 17 Kandi ndoho nataramire iya Yelusalema kwabo babaga ndumwa bwambere tsani, ariko nayiche kigendera mu Arabia, nashuba tena Damasiki.
\v 18 Kisha, hamehita myaka ishatu, nazamuka igenda Yerusalema ireba Kefa, naba kwawe misi kumi ne tano.
\v 19 Ariko ndoho narebire ku tsindi ndumwa atari Yakobo, munya kyabo Thatha.
\v 20 Na magambo gambayandikire mwe, murebe, imbere tsa Mana, ndaha ngamba bubesyi.
\v 21 Ariko nagenda mu karere ka Suliya na Kilikiya.
\v 22 Ariko ndamenyikana mo mesho gani na makanisa ga Bayuda gagayemera Kirisito;
\v 23 ariko banayunvire kuko niye yowa babazaga bo kera, none ayigisa e kyizero kino kyabisitse kera.
\v 24 Basimira Mana kubera ingye.
\c 2
\cl Isura 2
\p
\v 1 Kisha hamehita myaka kumi nene, nashubegenda mu Yesrusalema hamwe na Baraba, nahitana Tito hamwe nangye.
\v 2 Nangye nagenda ku byahishirwe, nabwira bo kubiyerekere Gambo rya Mana eryo nayigisaga bandu batakizerire, ariko nagamba mu kisiri kwabo banayunvirana, nibitibe ninameribitira busha, kyangwa naribitire busha.
\v 3 Ariko Tito yowabaga hamwe nangye, yeno wabaga Muyunani, atategekwa ikatwa
\v 4 ariko kubera banya kyabo ba bubesi bahirirwe ho mu kisiri. Aba bayichire mu kisiri igira bababeritse ikitegeka ryetu koturi mu Yesu Kirisito, igira batuhire mu bufasya;
\v 5 ariko tutakihirire hoshi wabo na kanya kake, igira kuri rya Gambo rija ribe hamwe namwe.
\v 6 Ariko abo bafite kamaro babere nga bandu bakuru (kura bari ndakyo bigambire kwingye, Mana yitayemerere sura ya bandu) angamba bano bafite kamaro ndoho banyongerere kindu.
\v 7 Ariko kure na magambwa ga, bachareba ko nahirirwe ho ku Gambo rija ku batakatirwe, ngako Petero ahirirweho ku Gambo rija rya bakatirwe;
\v 8 yuko Mana yashobwetse Petero iya ku bakatirwe, naniye yowanjobwetse ingye igenda kubata kizerire,
\v 9 kandi babere bamenya mahirwe gonaherwe, Yakobo na kefa, na Yahana, bamenyikana nga pfatiro, bamba ingye na Barnaba kuboko kwa kuryo ngutuhire hamwe, igira ngwitwe tuye ku batakizerire, nabo baye ku bandu bakatirwe.
\v 10 Na kindu kyo batuhemire, ngutuyibuke bakene ne gambwe ri nashakire kora ryo kyane.
\p
\v 11 Ariko Petero abere ayicha Antiokiya, twakosana naye mesho ku gandi, kubera abaga nakwirire chirwa rubanja,
\v 12 Kubera bandu bengi iyija itoka ryabo kwa Yakobo, akusezere hamwe na bandu batakizerire, ariko babere bahika, ashube nyuma, asigara yenyine, nayubaha bandu bakatirwe.
\v 13 Bayada nabo bobari basigere bakibindura hamwe naye, mbaka Barnaba bamutwara akihindura ngabo.
\v 14 Ariko nabere na bareba ingye ku njira tsabo tsitari tsa kuri nga Gambo rya Mana, nabwira Petero imbere tsa bandu boshe; ariga iwe, uri Muyuda, okurikira mibereho ya bandu batakizerire, kyangwa tsitari tysa Bayuda, kubera ki ohata batakizerire ikurikira mibereho ya Bayuda?
\v 15 Itwe twabaga Bayuda ituruka twabutwa, kyangwa batari banya byaha wa batakizerire,
\v 16 tuchamenyako kunda mundu wanga barwako kuri ku bikorwa bya tegeko, ariko ku kyizero kya Yesu Kirisito; itwe twakizerire Yesu Kirisito, igira tubarirwe kuri ku kyizero kya Kirisito, kyangwa ritari ku bikorwa bya tegeko, yuko nda mundu yobabarirwa kuri ku bikorwa bya tegeko.
\v 17 Ariko niba itwe twenyine twabaga natushaka ibarirwa kuri mu Kirisito, twarebekene banya byaha, Ee, Kirisito ameba mukotsi wa byaha? Hoya, ndana kake.
\p
\v 18 Yuko nashubire himba magambwa go gonashambwire, aho nibwerekana ku ngyenyine indi muotsi wa mabi.
\v 19 Yuko, ku tegeko, ingye napfire kubera tegeko, igira ngire buzima ku Mana.
\v 20 Nabambirwe hamwe na Yesu ku musaraba, ariko namdi mutsima, kyangwa atari ngye, ariko Kirisito ni mutsima mwingye; na buzima bonvite buno mu mubiri, ni buzima bwa kyizero kya Mwana wa Mana yowa ngundire ayemere yitwa kubere ngye.
\v 21 Ndahakanire mahirwe ga Mana, yuko gachaba ga kuri byaribitegekirwe kumbe ku Yesu apfire ku busha.
\c 3
\cl Isura 3
\p
\v 1 Oo! Bagalatiya batafite bwenge, ninde wabarogire mwe, nimutiyemetse kuri, imwe mwabaga na Yesu Kirisito, wahirirwe imbere ya mesho genyu kwamebambwa?
\v 2 Anjaka imenya e gambwe ri rimwe kwimwe. Mwaherwe Muka ku bikowa bya tegeko, kyangwa kwiyunva na kyizero?
\v 3 Oo, imwe muri bimara kumbe utyo? Muchatangira na Muka, amushaka mukorerwe mu mubiri?
\v 4 Mbeni amubabatswa na bindu bingi ngebi ku busha? Nibya busha koko?
\v 5 Kandi yeno wabahere imwe Muka, ne kora bikorwa bya bushobotsi mwi mwe, akore bi ku bikorwa bya tegeko kyangwa iyunva ku kyizero?
\p
\v 6 Ngako Abrahamu akizeraga Mana, abarwa nga munya kuri.
\v 7 Mumenye kandi, abo banya kyizero, aba ni bana ba Abrahamu.
\v 8 Tena byandiko byrebekene ko turuka kera ku Mana yibabarira bandu ba si kuri ku kyizero, byabwirwe Abrahamu Gambo rya Mana ituruka kera, nari gamba: Kwiwe bandu boshe ba si bakahabwa migisha.
\v 9 Kandi banya kyizero bakahabwa migisha haguma na Abrahamu kubera ufite kyizero.
\v 10 Yuko aboshe bashingirwe bikorwa bya mategeko bari hashi ya muvumo, yuko byameyandikwa: Avumwe buri mundu woshe utanari mu byoshe byayandikirwe mu kitabo kya tegeko mukoro tyo.
\v 11 Birebekene ko nda mundu wangabarirwa kuri ku tegeko ku mesho ga Mana; kubera banya kuri bababaho ku kyizero.
\v 12 Na tegeko ritari kwi kizera, ariko mundu yokora a mategeko gano akabaho ko mategekwa ga.
\p
\v 13 Kirisito atukurire itwe itoka mu mivumo ya tegeko, mu kihe kyo agirirwe muvumo kubere twe, ngako byandikirwe: Avumwe kira mundu wabambirwe ku kitu;
\v 14 igira migisha ya Abrahamu yigere ku bandu ba si ku Yesu Kirisito, tubone ihabwa kyemetso kya Muka ku kyizero.
\p
\v 15 Banya kyetu, angamba ku biyerekere bandu, mbaka na sezerano rya bandu, bikurweho, mundu atangashobora iyanga kyangwa iyongera ryo.
\v 16 Ariko kyemetso kya gambirwe ku Abrahimu, na ku kitsina kyiwe. Bitagambire kitsina nga bengi, ariko nga muguma kusha, kitsina kyawe nini Kirisitu.
\v 17 None angamba batya, indegano yahirirwe ho mbere ya kihe na Mana mu Kirisito, tegeko yoyabere nihamehita miaka maganane na mirongwishatu, yitanga bindura ryo itayikuraho, kyangwa ikuraho sezerano.
\v 18 Yuko aringa mugabane gwayichire ku njira ya tegeko, ritari tena ku sezerano, ariko Abrahamu aherwe sezerano ya Mana.
\p
\v 19 Kubera ki none mategeko gahirirwe ho? Gahirirwe ho kubera bibi mubaka kihe kyo e kitsina kya Abrahamu kyaherwe sezerano kibayijira; byategekirwe ku marayika mu maboko gawe huza bandu.
\v 20 Noyo kwirire huza bandu atari wa mundu mumwe kusha, ariko Mana ni muguma.
\p
\v 21 None tegeko ritandukene na murage gwa Mana? Hoya ndana kake, yuko ku tegeko byarishoboka niyangahana buzima, nikuri kuri kwariba ku tegeko.
\v 22 Aiko myandiko yafungire e byoshe hashi wa byaha, igira ngu bakizerire bagire sezerano ku kyizero kya Yesu Kirisito.
\v 23 Aliko imbele ye kizera mu Kristu itazayayija twalitu fungirwenaba hashiwa mategeko igira hayije ifunguliwariwe mukizera.
\v 24 Kubera byo mategeko gakorirwe muybozi wetu mpaka Kristu abere ayija, igira ngu tubaarwe kuli mu kizera
\v 25 none ngako ikizora lyayijire, tutari tena hashi wa muhinzi.
\p
\v 26 Kubera mweboshe muli bana ba mungu ihitira ikizera mu Kristu Yesu
\v 27 Aboshe babatizwe mu Kristu muyambele Kristu.
\v 28 Nda mugahundi kyangwa muyunani, Mutumwa kyangwa mwigenge; mulume kyangwa mukazi, Kubera mweboshe ni muguma mu yesu Kristu
\v 29 ngoko imwemwe ni ba Kristu basi lubyano abrahamu, barage ba seze basi lubyaro lwa Abrahamu, Barage ba sezerano.
\c 4
\cl Isura 4
\p
\v 1 Angamba kuyuko amuchunzi abere akiiri mwana, ndinda tandu kanonamuja. Mwuchuzi wa mariyoshe
\v 2 Nyuma yaho arishashiya bahagori kizinabanyabwenge kwigeza ku wakati yoshirire gutegekire ndata
\v 3 Noneho natwe, twabaga tukiribana twari twafungirwe hashi kuberngesizasi. ≪ br>
\v 4 Arikirihe kyabere kyameshira mungu atuma mwanawiwe; ubutwa na mukazi, ubutwa hasi yategeko; Agira batyo igirangwa gambore bata babaga hashi ya mategeko,
\v 5 agirangutujakire rugerrwe ba kimwe ngabana
\v 6 kuberemwe muribana mungu aratumire mutima gwa mwana wiwe moshi ye mitima yetu, mutima guyitwa data, data
\v 7 Kyokya metua iwiewe utari ndumwa tena ahubwo mwana, niba mwana, noneho nawe kunzi ufite mugabone guturukire kumundu
\p
\v 8 Noneho nembere ye menga mungu mwa banga ndumwa kubera babaga kungomoko ya mungu kabisa
\v 9 Arikorero kubera muyiji mungu, kyangwa niba mujiji mungu, hari kuri kuta shobokkere zambere na zitari zekera, Kubera kimwameba bajatena?
\v 10 Amu kurikira kuure byi misi yoshe, ikitegura miezi, misiyijire, namiaka anyubaha kuberamwe.
\v 11 Anyubaha kubera kungingo runaka none kirwanya kubusha. ≪ br>
\v 12 Ambahema, banyakyetu, mube, ngo kwakwarandi kubera tena naneba kwa waramuri mutamemukire
\p
\v 13 Ariko muyijiji yuko aaboga ninuko ya baga mmbamvu ya burwayi bwamuburi yuko nari hubiriire injiri kwawenyu kundangira yambere;
\v 14 Niba regeraarwani rwamuburi ryari ryababikire mukigeregezo mutari mwa nzunzugwire, kyangwa ingyanga nyuma yaho mwari mwa nyakirire kimwe ngamalaika wa mungu,
\v 15 Nomeho, birhayi noneho bisimo ka wenyu? Kubera anyemeza kwawenyu yuko, byashabokire, mwari kura ùwameshogen ni mwamago ingye.
\v 16 Nonehorero, utekona meba wanziwenyi kubera name babwira kure?
\v 17 Aboshaka kubibazo, ariko atari kumahano, abashaka ibateranya imwenangye igira ngumukurikirebo
\v 18 Nibiji kyane igira misi yoshe ikurika kyane igamborija misiyoshe.
\v 19 Bana banii batoto, anymva kahinda kuberemwe kandi kwigere mukihe kristo, anyumva kahinda kuberamwe kandi kwigera muikihe Kristu aremwemwimwe.
\v 20 Sanjakire igirangumbe haguma namwe noneho nehindurajwi ryani, kuberangumbe mvite bungenge kuberremwe;
\p
\v 21 Amababwira imwe momukundire bahashi ya mategeko, Mutamuyunvako mategeko agagamba?
\v 22 Kubera biyandikirwe yuko abramu abagana fite bana babuzana babiri, Muguma komukazi murere na wundi komu kazi mukuru
\v 23 Abenoto, omurere abutagwa kumboiri l=kushe. Hasibireko mukazi mureru abutegwa kumugabane.
\v 24 Amagambwiga ganaga pfurwa kwikuri kiza mingani kubera ba kazaba basana na mosezerano abiri. Muguma mubo nari mweva kumusozigwa snai abuta bana bekore swa owindi nibita muzene.
\v 25 Noneho hajiri nimu sozi sinai guriho arbuni mushanirwe kimwenga Yersalemu ya none; Kubara nimwe koreswa haugu na baba benwe.
\v 26 Noneho Yerusalemu yiniruguru nini berenganzira, neryo ye mama utubuta.
\v 27 Kuberabya yandi kirwe, Kiseme, eni kazi kandi uringumba wotahuawe yabira kyane tena ugane rwamokyane nakisema, iwe wote fite mujisuja gwakuta buta; Kubera bengi nbana bo ya ngumba, kwisumba barira boy fite mugabo;
\p
\v 28 Noneho mwa xetu, nibaiska waagana butagwa kukishubizo
\v 29 Momisyo uyu abanga mundu wabaga mundu wabutagwa kukishubizo kya mutima kwi gezobu nani baatyo kukishubizo kya mutima. Kwgezobu nani batyo
\v 30 Nyandiko azigamba bate? “Mumfukuze omkaazi murere hakuma na mwanawiwe atibabone haguma ba bana bamukazi mukuru
\v 31 Noneho, banabetu, itwatutari bana baukazi murerre, ahuboturu.
\c 5
\cl Isura 5
\p
\v 1 Nikubera Kristu aliya tupile uhuru ile tube mubuhuru utwo muhagaruke imara changwa ifatwa tena hagali ya kongwa tumwa
\v 2 Reba kye paulo ambwira kubera mukabaho mukatwa Kristo atikabafaigiye kujira yoshe ilye
\v 3 kandi ara nyeneza kila mugabo akatirwe kubala inaaswa kuharibika ku sheriya eyo
\v 4 Mwanetengwa muyemele kumuna ri Kristo waboshe amubarwa mukwi kushey wametera utagira ineema.
\v 5 Nikweri mujira ya Rho ku imani turindirerebunenyi bwakuri.
\v 6 Hatiya Kristo yesu ikatwa na kutakatwa nda kanaro kandi koshe bila imani yengine akalakazi ipitiya lukundo nihibwerekana kuli bibwe rekarena kindu
\p
\v 7 Mwabagani musa pinga bija; ninde wbahagalikire kutaheshimiya kuli
\v 8 ikuyo hesebwekoa bila abituma uta bila abituma utavakuwa we yenoni yi bahangele
\v 9 Iravire yike uhatili ddone yi zima
\v 10 Invite y kiutumaini namuhamwe naye kubela mutika terekereza ejilaiyo yindijira yoshe uyo aka kukugara niya akaheka ihukuma yiwe yenyive uyo
\v 11 munyakyetu kamanaga endereya igaingambo tohara izabya byo.
\v 12 Nibu shakebwa mungu kubera abana tuongoze nabi baba kihakana bonanyine.
\p
\v 13 Mungi amehamara bo imwe banya kyetu hali uhulu ingira mutatatu mikisago uhurubwenyu kubera ifusa ya mubili inguma ya kuupendo kusaigana imwekwiwe
\v 14 kubera isheriya yoshe yameba yakuri haati ya amrirguva nayo niyakamaro ukundemujirani wawe kuraiwe wgakikuda
\v 15 Aliko kubera kimwangarumana lyana kirebe kubera mutakihalibishage imwe kwiwe.
\p
\v 16 Agagamba genda na roho kandi mutika ya mutima na mutima yifite tanayinene adhidi ya mwili izia
\v 17 zikubitana kila inyuma na yindi byeyi sanyuma kubera ndakindu chamokora kura unakundana ibukora
\v 18 Aliko kubera lutima angutieza imwe dahamulihashi ya sheria
\p
\v 19 Kandi matendo gamubili ganelebe kana nagonaga bu sambanyi buchafu ufisadi
\v 20 ibada ya sanamu. Bachawi bahadiye uganvi husuda kuwaka hasira, ushindi faraka ipunguka mazehebu
\v 21 Wivu urafi namagambo mengi kubele amabayigisa ngakura nabagisaga
\v 22 Aliko itunda lya mutima ni upendo furaha amani uvimilivu ukalimu mutumwena imani
\v 23 Upole nakiasi nda sheriya dhidi yanaga mbogango
\v 24 Abobaba gaba Kristu Yesu bamesalubisha mubili hanguna na shukuna tamazabozibi?
\p
\v 25 Tubeho kumutima tugende kubumwe namu genziwae wala tuta snzungurana nawiwe
\v 26 Tutabage bekure nitushake imbaka arikila muduna mugenziwwiwe wara ni tutisunzugurane kyagwa igunvira wivu
\c 6
\cl Isura 6
\p
\v 1 Munya kyetu, Arinyamundu amefatwa mumabi, mwemuri mumuka, Nimwa ye muzana mumutima gwa mbabazi; mamuki chunga igira muta banage bibazo.
\v 2 Mufsyane, nakusibyo mekamirisha mategeko kirisitu
\v 3 Aringa mundu akireba nimwiza kandi ni ndakindu naki basye yengine
\v 4 Kira muguma apimekazi kiwe; kisha akagi ra kindu kiwe ye ntuni kyekivumira, nata kipinziez ye nyine na mundu undi
\v 5 Kubera kira mundu abofata muzi go gwiwe yengine
\p
\v 6 Mundu wohiswa gambo bihe mire abwire mwarimu wiwe bija byoshe
\v 7 Muta kibesyage; mungu atakereza byamubri. Kira mundu anatera nikyo una sharura
\v 8 Kira mundu aringa aterire mbuto yiwe mubyaha abasarura mabi, Ariko una tera mbuto ziwe mubuzima, abasharura bwenge muka.
\v 9 Tita ru hage mwikore meja, Knera misi guba ija tubasha rura aringa ndahotwari twa chikire mageme
\v 10 utyo sasa tukore meja kyane kwitangira kubanduba imani
\p
\v 11 Murebe, ku byandiko bine nene byo name bayandikire mwe na kuboko kwani ngyenyine.
\v 12 Boshe bashakire rebekana iba beja boashakire ku mubiri, abashaka ngu mukatwe ku kahato; nibatibabatswe kusha kubera musaraba gwa Kirisitu.
\v 13 Kubera nabo bakatirwe ndoho bayunvire tegeko; ariko abashaka imwe mukatwe, igira bakiyemere ku mibiri yenyu.
\v 14 Ariko ingye, nindikiyemere na kake ku kindu hubo musaraba gwa Thatha wetu Yesu Kirisitu; kuye e si yi yahirirwe ku musaraba kwingye, nangye ku si.
\v 15 Kubera mu Kirisitu Yesu ikatawa ndakyo bigambire, kyangwa kutakatwa, ariko kiremwa kisyasya.
\v 16 Na boshe baba kurikira e tegeko rino, ni mahoro kubo na mbabatsi, naku ba Israeli ba Mana.
\p
\v 17 Kuvobu mundu woshe atanzumbu wage, Kuko name heka bimenyetso bya Thatha Yesu mo mubiri gwani.
\p
\v 18 Mugisha gwa Thatha wetu Yesu Kirisitu gube ne mitima yenyu, bagenzi. Amina.