kmw-x-nyiragongo_reg/48-2CO.usfm

349 lines
33 KiB
Plaintext

\id 2CO
\ide UTF-8
\h 2 Wakorintho
\toc1 2 Wakorintho
\toc2 2 Wakorintho
\toc3 2co
\mt 2 Wakorintho
\c 1
\cl Chapitre 1
\p
\v 1 Paulo, indimwa ya Kristu ku ukundo wa Mungu, na Timoteo munyakyetu ku kanisa ya Mungu lili mu koninto, na kubazila boshe abali mungine goshe gwa akaya.
\v 2 Inema ibye kwa wenyu na maholo navile ku Mungu data wetu na mwami Yesu Kristu.
\p
\v 3 Ashimwe Mungu na dada wa mwami yusu kristu yeno ni data wa mbabazi na Mungu wa mkundu woshe.
\v 4 Mungu anatutuliza itwetwe mu mateso getu gosho, igina ngu ufariji babali mu mateso. Tunafariji bandi ku mkundo luli Mungu agenzaga atufariji itwetwe.
\v 5 Nga kwa kuli bubabole bya Kristu bunayongeleka hejuru yetu, batyo lukundo nwetu lunayongeleka ihitila Kristu.
\v 6 Aliko tukababaazoma, ninikubela lukonolo wetu na olokoka lyetu na kila tawafajiliwa ni hejulu wa lukundo lwetu. Rukundo lwenyu lunakola kazi kihangana ngatwe kuli atuseka.
\v 7 Ne hangaika lyetu ni hejulu yenyu ni ngulu, tuyiji nga kwakuli munayunva bubabale, batyo mwayumva ukondo.
\p
\v 8 Kubela tutashakile imwemwe mube bichuchu, munyakyetu, kubiyelekele byago byotwa litufete eyeyo mu asi. Tusuzugurikile kyene nga kwa kulitwalitushobwele iheka, nga kuli tutali tufite kizelo keshebegila buzima.
\v 9 Ni kuli twalitufite lubanja lwa upfu hejulu yenyu. Aliko byabaga ni nigila ngututagilaga kizelo twenyine, bigenzaho tu bone kizelo ku Mungu, atugine bapfu.
\v 10 Atalakwele itwetwe iva haliyoyo mpfu, akalokola tewe. Tubikile kizero kyetu kuye kwa kanatolo tu.
\v 11 Akakola nga kwa kuli namwe munatufashya ku maombi genyu. Batyo bengi babahana bisimo ihitila ku biyelekele lukundo na bija twahewe itwetwe ihitila maombi genyu.
\p
\v 12 Atukilatila ibibii kubimenyetso ne shaka lyetu kwa kuli ni bushake bwetu bwija na bushake bwa Mungu nga kwa kulitwagendine ioluniam nzima. Twakolile batyo na mwebatyo nibitani kubwenge bwa dunia aliko ni kubiyelekele bija bya Mungu.
\v 13 Tutabayandikile kindu kyoshe kyomutashobwele isoma kyangwa imenya mvite bumenyi.
\v 14 Kumwalingize utuyumvila na menyine kwi kulikila mu misi ya Mungu Yesu tukaba hejulu yenyu na kubiyelekele kibuli kyenyu, kulimubahendeba kwa wetu.
\p
\v 15 Kubela nabaga na bumenaji kubiyelele ibyo, shamba ninayija kwa wenyu kwanza, igila ngu mubone ifaida yetembelelwa kabili.
\v 16 Nabaga tekeleza ibatembelela nindimweyelekeza makedonia. Nashakaga ibatembelela tena mu wakati na shubula ndimweua makedonia, namwe mundume nohimweyelekela uyuhudi.
\v 17 Abela ndimwetekeleza batyo, nabaga ni mvite masito? Ndimwepanga mipango yinenzene na mubale gwa banadamu igila ngu ngambe ingo, ingo kyangwa oya mu wakiti nguma?
\v 18 Aliko kuli Mungu nimwija, tutatugamba ebyoshe, ingo kyangwa oya.
\v 19 Kubela mwana wa Mungu, Yesu Kristu ni siwano, Timoteo nangye twayigisize kwa wenyu atali, ingo kyangwa oya iwakati yiwe yeno koboshe ni ingo.
\v 20 Kubela isezelano zoshe za Mungu ni ingo muyeno. Batyo nakwihitila yeno tunagamba, amina ku bubasha bwa Mungu.
\v 21 None ni Mungu unatuyumvisa itwetwe haguma namwe mu Yesu Kristu, kanoli atutumile.
\v 22 Ahilile kyemezo hejulu yetu ne tuha Roho mo mitima yetu nga kwa kuli bushobozi ya kili angatuhele bwa nyuma.
\p
\v 23 Hanyuma yaho, anyinginga Mungu inyemeza ingyengye byatumile ndayija mu kolinto ni igila nolagabela babwi.
\v 24 Ibi bitali kubela atugelageza iyumvisa kuli ikizela lyenu lishakiba kubela tukakola haguma namwe kubiyelekele ikisima lyenyu, kwa kuli muhagalele mwikizera lyenyu.
\c 2
\cl Chapitre 2
\p
\v 1 Kubera ibyo nameamua kuruhande rwari njayine niba ndariyija tena kwawenyu kuhaliye babaraba
\v 2 Kuanabazarire imwe bubalare, ninde wangonzima inje kulera nulia wabanezwe nonje?
\v 3 Nayandikire kwa nakorire bariba bamengira ngungisime nvitete bumenyikubera mweboshe bishimo byani nibishimo bya mudinabyo mweboshe.
\v 4 KUbera nabayindikire imwe ituruka na magumu mengi na furaha yemutima, na kumizige mingi ndarija kire ibayiba yibagiza imwe bubabarare. Nyuma yiwe anjaka mumenye rukundo ruranvite kubebera imwe
\p
\v 5 Niba hari wowwoshe amebabalirwa bubabare, Ataza ababarirwa mpaka inje, ariko kukindu fulamiche bika kukaliha cyane kwawenyu imwe mweboshe
\v 6 Niba hari wowwoshe amebabalirwa bubabare, Ataza ababarirwa mpaka inje, ariko kukindu fulamiche bika kukaliha cyane kwawenyu imwe mweboshe
\v 7 rino pigo yamundu uyu kubengi itshize kubera ibyo hejuu wapigo pigo mwangaba bebebalirane muturiza korautyaigira nutiye wenaninwa na kahinda kashangirwe.
\p
\v 8 Kubera namehiramo mutima gwezana rukundo rwenyu hanje kubera yeno mwanga babalira kila mundu,
\v 9 Yimo yosabu yatumaga ngandi igira ngungeragize nemenya kunanyubahiriza kukila kindu
\v 10 Yimo yosabu yatumaga ngandi igira ngungeragize nemenya kunanyubahiriza kukila kindu
\v 11 Yimo yosabu yatumaga ngandi igira ngungeragize nemenya kunanyubahiriza kukila kindu
\p
\v 12 Yimo yosabu yatumaga ngandi igira ngungeragize nemenya kunanyubahiriza kukila kindu
\v 13 Nekubera ibyo ndamahoro momutima, kubera ndahonamusa Niba mwamebabarira kira mundu, nonjera na mbabalira omundu uyo ico nobabalire miba nonebablira kira kindu- chamebabalirwa kunyungu yenyu na ngufu za yesu kristo
\v 14 Hano nihegera shetani ethenda zimira bubesi, kubera itve tutari bajinga kwemipango yiwe
\v 15 Mulyango gwafugura kwawani na kwamungu nabere moyija hari meji wa troa na bayigisa magemboga yesu aho
\v 16 kubandu bali baangamiye, kukinuko iva kurupfu na kurupfu kubaokokile, ni humuna neja iva kubuzima mpaka kubuzima mindi ukurire bindu bino?
\v 17 Kubera itwe tutali bandu banagura igabo lya mungu kunyungi kubera yeno kuhandu hari sawa wania. Atugamba kubera kristo, kuratatumirwe iva kwa kwa mungu, na mele mungu
\c 3
\cl Chapitre 3
\p
\v 1 Kweri, twa metangira kihara twenyine tena? Atatushaka baruwa ye kizama zama yenyu mangwa byevakwa wenyu, ngabandu bayumaguma, kweri tushakire?
\v 2 Imwe mwenyine muri baruwa yetu ye kizana zana, yiraliyandikire momutima yet, ira yiyijiken ne somwa nabadu boshe.
\v 3 Nebwerekana kuimba muri baruwa yeva kwakikirisistu ya hangwa antwz; Yayandikwaga natari ku wino ariko ni kumuka gwa mungu uriho ndaho yayandikwaga ya banadamu
\p
\v 4 Mbubobu menyi boufite mu mungu kwihiti ra kirisitu
\v 5 Ndahotu ki yemere twenyine kwishaka kindu kwiba kwawetu. Bisbobyo ikiyeera ryetu, rina va kwamungu
\v 6 Nimungu watumaga tushoho ba batumishi bazaze rano risyasya. Iri ni seze rano ndahwari baruwa ariko nimuka kubera baruwa ariko nimuka kubera baruwa niba, Arikomuka guma hana buzima.
\p
\v 7 Sa kazi karupfu kabaga ni kame chrwa muherufi iruguruya mabuye yayija kungufuza mungu kubandu bomu isiraheri batari barebire nguma kunguma kumeshoga musa nibwamehera. Keri, kazika muka katibagire mufuzingi,
\v 8 Kweri, Kazika muka kati bagire ngufungi? Hekyane kazi kakuri ka fite ngufu!
\v 10 Mikuri kukyara kya girwanga kukifitegufu ku na ngufu zokofite tena mu heshime yi, Kuberangu funzisumbazo
\v 11 kubera bandu bo muisraeli bashabore reba muyuma kuuguma komuisho gwengufu n ni kinganote kirakya rikiri kyeregama kibebagira ngufu!
\v 9 Kubera kazi kecha rubanja kari kafite kachiro, nikanga hekya kazi kakuri ka fite ngufu
\p
\v 12 Kubera kyeregama kibagira ngufu! Mdahotukiyemerebyo, tufite bumenyi kyane
\v 13 Mmdahoturi nga musa, wa hiraga tashe mumeshegiwe kubera bandu bo muissaheri bashobore reba muguma kumjunyuma komwisho gwengufu bure bwabaga nibwa megenda
\v 14 Ariko bwzngz bwabo bwabaga ni bwame fungwa mbaka ne bubutashi bana singere inguru ya busomyi bura sezerano rya kera. Yitaze ya hirwa harwa hanje, kubera nimukristu yenyine ngiwe hare.
\v 15 Arikwera nobu, Aringa barimwesoma musa; butashi bubamo mita yabo.
\v 16 Ariko mundu bindukira mungu, butaashi bubamo mitima yabo
\v 17 sasa mungu nimutima. Hari mutima gwa mana bari buhuru.
\v 18 Sasa tweboshe, haguma na masurgatabiki rwe butashi, unarebangufu zamungu. Tuna geuka mwuitureba ityotyo bwangufu kwika handu haguma hangufu kwigyaha ndikura biri kwivakwa mungu, urani mutima.
\c 4
\cl Chapitre 4
\p
\v 1 Kuberabyo, kumbanvutifute buhagarikizibutena kuba biri byotwame fatabyo mutuzo atatushakatma
\v 2 mbereyebyo, twamecyonga njirazoshe zindimabushire tta liho koakababara, tenatutate koresabibi gambolya Mungu, Ibwere kana bindu biri mukuri, Akibwere kana twenyine kuzamirza kira mundumbera zamungu
\v 3 Aliko niba emnjili yetu yibishire yibishire nikubaliya baba anagmia
\v 4 Aliko niba enjilistu yi bishire, yinbishire nikubaliya rezobyabo bita fite kizara. Nduru koziwe. Nduru koaiwe. Batrangareba mwangaza gwagwa enjiyetuza Kristu, Uvi kumu fanogwa Mungu
\v 5 Kubatitanga kitangazowe nyine buzira kristu Yesu ngabwana, Natwenyine nga nbatutanga kitangazatwe nyinebbuzi kristu Yesu nga Bwana, Natwenyine ngabatumitsineyu kubera enjiri ya Yesu. Kunba Mungu niyewagambaga” muwangaza bwenge Noema ya Mungu mwibho kwa yeskristu
\v 6 Kuba mungu mbaga “mwangaza gukwa mbere kana ivamumwizinya” amebwere kana ivamomitima yetu, ihana mwangaza bwenge. Noema yo mungu mwiboho kwa Yesu Kristu
\p
\v 7 Alikotufite hakibayi mubyomba bya butaka inginamngu byu nvaekungufu zingi kyane niza Mungu aitarizetu;
\v 8 Tuabanikire mukirahari aliko naho apfundana. Pfite masito alikondatoshe kire nechakizere
\v 9 Atuswa alikotuta watwa terkwa. Atutupwa hoshi arikotutozatushindiri ndiriwa.
\v 10 MIsyoshe tuhekere Mobiri yetu lupfu rwayesu, igira ngu buaima bwa Yesu burebekae tena Mumibiri yetu
\v 11 Twetwe tufite buzima kira. Tamne na bwarupfu kubera Yesu. Ingirangu buzima bwa Yesu bubureke mumu bru
\v 12 Kubere mbanvuiyi rupfu lwakorakazi mwitwe Nabuzima bwakora kazi mwitwe.
\p
\v 13 Alikotu fite omutimango go gweliezra ingana kiliya ndikirwe “naaminiyobi na gambile.” Twetwe tenatwane aminino kyotena biratugamba
\v 14 Tuyiji ko urawazura bwana Yesu Tena tena akatufufuanatwe haguma naye. Tyijikua katuzanetwe haguma natwe imba hamwe naye.
\v 15 Kila kindu ni kuberemwe igiragera kuneemay Mungu
\p
\v 16 Utyo tutachile kituma ivi kubera hambuga tusamukire moshitulire bushya Musiku. Ewakati iyiyifi amateso gano gayanguhere atutayarisletwe kubela hambuga tusamukire. Mosahitu kolire bushyashya Musi kumusi
\v 17 Ewa katiiyiyufi amateso gano gayanguhere atutayarisletwe kubela buzima butashira bure mere bwangufu za mungu burusa bipimobi bingi
\v 18 Kuba utatureba kubera mbindu byandireberkane. Buurya kubiriya bindu byotwango shobor leboko nabya wakiti yike Aliliko bindu byotutturebako nibya milele.
\c 5
\cl Chapitre 5
\p
\v 1 Tyijiko mukene wokosiyi ilatulimo ishanya gulikire mulatuli umu musanyagulikire tufite muhimbi ovakumana. Ninjuitahimwagwa nanoke za bandu. Alikni nju yitagila mwisho mwijuru
\v 2 Egila nguhema na tukififuza iyambikwa na bukene bwetu bwo mwijuru; Atukifuja kubea ibi halimbanvu kubela iyambaala tutikagalagale iyambala halibanvu kubela iyimbala tukifuza iyambikwa na bukene bwetu bwo mwijuru.
\v 3 Atukifuja kubela ibi halimbavu kubel
\p
\v 4 Kweli mumwanya tulimuhema ilatunashya nituhemwa. Tutashaka itulirwa. Kubelebyo atushaka nittunahema tuyambikwe igala kilachya nfyile kimilwe na kizima.
\v 5 Ula watuutegulaga itwe kokindu iki ni mana niye atuhaga itwe mutima ngabihembo byakila kibahendeyija
\p
\v 6 Kwibyo mugurire ibanga misiyoshe. Mube meshokubela mukihe tulimwarugo mubyamubili tuna nitulihare na mana
\v 7 Kubela atugenda natukilingila aliko atali ileba kwibyo tufite ibonga
\v 8 Nineja tubehale tuvehandi hamubili na munjuhaguma namana
\v 9 Kwibp tunakola ibanvu yetu. Alinga tuli mwarugo chyangwa hale tusimise yeneho. Kwibyo tweboshe tugaragale imbele ya ndebe ye charubanja ya kristo igilango kila munguma ashabole iyakila kilakishokile kubindu byakorwaga buba bwa mana. Tunayoshyabanandu nini bibi
\v 10 kwibyo tweboshe tugarale imbele yandebe ye charunja ya Kristo igara ngo kila muguma ashobole iyakila kilakishokile kubindu byakorwaga mumubili, nuba nibyabagabija nagwa
\p
\v 11 Kwibyo nimenya buba bwa mana tunayo shyabandu nini bibi. Kulaturi abirebekana neja na mana nvite kilingila neyumva kandi handu habitekerezo byenyu.
\v 12 Tuangashuba ibaYSHYA imwe tena muangaleba itwe ngabakule. Kubela yebyo autubaha imwemwe kubelaki munakilota igila ngu mulebekane aliko kitalichyokili momutima
\v 13 nibahangaba twame lengwa nabawenge ni kubela imbanvu ya mana; Na kandi nihangaba twame lengwa nabwenge nikubela imbanvu ya mana. Nakandi niba tuli handu Habwenge bwetu bwija ne kubela imwe
\v 14 Kubela rukundo rwe Kristo ibatwa kubela tufite kuli bubera mundu muguma alanfite kubela aboshe nakwibyo abshe bamenfa
\v 15 No kristo anfile kubela yaboshe igilango balabaliho batabagaho kubela beneho benyine kubela beneho benyine kubela yiwe abihema babeho kubela yeneho wa nfaga akane furwa
\p
\v 16 Kubela itangila bunu nekomeza ndaye tuchiliire rubanja igeza kukihe cha mundu igilangwaho reka tumulebe kristo mukihe ngeki aliko none tutatucharunja kukila ngingo neyi tena
\v 17 Kwiibiyo niba mundu woshe angoba mukristo yeno nikilemwa kishyashya bindu byakela lyaehita leba gameshyashya
\v 18 bindu byoshe ibi binava kumana aatuhulize itwetwe kuye ye nyine ihitila kristo tena ametuheleze imbobazi ze tuhuza
\v 19 ibyo nigamba ngu mukristo, imananigamaba ngu mukristo imana yifite muhuzo kubwiwe yenyine ndaho nabalire byaha byobo kubela beneho abikile bandu bonguru ya huze
\v 20 kwibyo abatuteguza kimwe ngabasigalire kristo. Ngebyo mna yalilini inakola bindu byayo hitala itwetwe atubalibwila imwemwe kungabo ya Kristo “Muhuzwe na mana”
\v 21 Agilire kristo iba sandaka kubela byaha byetu; Yeneho niye ngu atakolire chyaha. Akolaga ibigila ngutukole kuli kwa mana muyeneho.
\c 6
\cl Chapitre 6
\p
\v 1 Kubera itumikira kazi haguma mukilikile gambwira mutangabura migisha ya mungu mutangahaba ya lala abituruka
\v 2 kubela agamaba iwakati yo yali yayemerwe nalindi mwitondetsi kwawenyu na mumusigwa bukizi na linabafahyize, leba sasa niwakati ya balibamere, lleba sasa ni musigwa bukiza
\p
\v 3 Tuta bikile ibuye lye fungira imbere mundu woshe kubera tutatushaka mbabazi zetu zizanebishimo bitakwirire
\v 4 Imbele yiwe atukiyeme twengine ku bikorwa byetu bwoshe kululi bakozi ba mungu tuliba kozi biwe mu bwingimu byitondetsi, mumateso, bubare bya mutima; mibereho mimbi.
\v 5 Ikubitwa, Ifungwa, irenza rugenzo, kwikora kazi na guf ibura itiro mu kichuku, munjara
\v 6 ikora isuko, Bumesyi bwitondetsi, bwija, mu mutima gu tagatire, murukundu ru shangirwe.
\v 7 Ikora isuko, Tulibakozi biwe mu gambo lya kuli, mungufu za mungu tufite imbunda ya kuli mukuboko kwa lulyona kwa rulembe
\v 8 Atukora kazi mu eshimana mwisnsunzugurwa na bitasimisize na mubishimo batutuma gababeshyi na kandi ni tule bakuli
\v 9 Atatukola kazi ngabatyikere kandi ni tuyijikene neja. Atukala kazi nga ba pfu na kandi nituliho nitulibazima, Tukolakazi ngabategekwa kubela bikorwa byetu aliko nitutalingaba tegekwa igeza ku rupfu
\v 10 Atukola kazi galimwesite sita aliko misi yshe nitalimu bishimo; Atukola kazi nga bakene aliko tuna kiza bengi. Atukola kazi ne hakane kunda kindu
\p
\v 11 Twamesimora kulire koshe kwa wenyu, wakorintho na mitima yetu ya mefuka ku bugali;
\v 12 Mitima yenyu yitafungirwe netwe hubo mufungirwe na bubi bwenyu mwenyine;
\v 13 Sasa igiira ngo tugurane kukuli nasimore nga kuli bana banasimora mufunguge kwangwa muzibye emitia yenyu kubugalishe
\p
\v 14 Mutakihira haguma na batazo bakizwa kubela nda bunvikane hagati ya mundu wa kuli na mundu wa mubeshyi, hali bunvikane buhe hagati wa mu ckyo na mwizimya?
\v 15 Bunvikaneki kristu angagire nobo na baliari. Kwangwa mwela angira ruhande kihaguma natali mwizezra
\v 16 Holi bunvikera buhe hagati ya kanisa ya mungu na kishushanyi? Itwe ni kanisa ya mungu muzima uko ko mungu agambire gayikala hagati yabo ne genda hagati yabo gabo mungu wabo nabo bakoba bandu bani
\p
\v 17 Kubera byo, muve hgati yabo, mukivagure nabo agamaba bwana" Mukakora kukindi kichafukire nine bayakira imwe
\v 18 Niba kwimwe namwe meba bana bani bongabo na bakazi agamba bwana yenyine Yesu.
\c 7
\cl Chapitre 7
\p
\v 1 Bandu bamungu kubera tufite iaindizino; ikitenganeza wanyine ku wenyi kukirambo lyangatiyo omutima tushaka ishaka bwija mubumba bwa mungu
\p
\v 2 Kariina busi kubela itwe: tutaza twakolera mundu yakosa ryasha ndamundu gotwa rubwiwe tutazakibwekana kufai daya watugboshe
\v 3 namegambali no titalilyo lyegambana kubera na megamba kubera momitima yenyu kwawetu tweboshe tukapfirahaguma tukabaha guma
\v 4 Nvitebumenyibwinyi mwimwe na mekirata kubela imwe na mekisima
\p
\v 5 Litwaritwa yijire mmakadunia mibili yetu ndashoyaliyifite handu herukira inyuma yaho twabana itambu kugiirazishe ikubitwa indambara luhandero ho nguga kandi noundihande rwandani,
\v 6 Aliko mungu ahana pore baliba chide tana aliya tuhepora ipitiya tito
\v 7 ndahabaga kubera yenoyenyi kubela mungu arabuhere pore ebisi mobyo bira tito paokeyaga ivakwa wengu yeno aliya tubwila rukundo lukuru lomwaribileho. Kahindakenyu zulamufite bumba kubera ngye buno motifte bisimo kyane
\p
\v 8 Nabo yabagai baraka yangu ya riyabakore liki kahinda ikyenda chogabi aliko aajitikanya kicho na rebaga abaruyi yaliyabakoriya ki igila ka kahindi aliko nimufite kahinda kukiheke kike
\v 9 bunongirimire nda halihejurelya bibazo aliko kubebera kahinda keyu karikabazange kitaba
\v 10 Kubera ingikahinda kiumbe kizanye toba ye kanirisha iokovu bitaza kahinda tagaba yosiyi iturukane byo rupfulutaga bura
\v 11 Lebaibere kahinda kakilemwa aliyavukisiige azima yihe yikiri hagati yenyu
\v 12 kuberaki azama yabayikure hagali yenyu iyemezwa kundamahasa zomufite kubera rusharile bwenyu bwabelebwingi kula bwabule bukeru naggakunda mukulage uhaki yesu ilibakula kula yagabone kane yangaturuka hayi hagati yakila gambo ikisima banyinekubonyne kutagila ihati.
\v 13 Nkubrla agili kubera tura tukisine hagati iyongera bisimo byetu twenyine tukisimirle na mwamweboshe.
\v 14 Kubela na lima yandikilibo kubela nndaho nalina hayandikile kubela yauko safi kwa wetu byakuli ikirebalyetu ikileba kwimwekawatite molyoshenda chotxakolie mukuli
\v 15 Rukundolwiwee kubbwimwe nobo ga aga mukuru kyane harianyi bubkirai nyanva byenyu lyoshe kula mwalimwa mupokeye yeno kuhofu netitila
\v 16 Ngisimire rubela invite bunenyibwingi hogati yenyu
\c 8
\cl Chapitre 8
\p
\v 1 Hatushakemwe mumenyane musikiwe namusazawawe ibushaneema ya Mungu inji rehefuragute kwamamkanisa yamakenonia
\v 2 kwawakazi wataribunene matesosa
\v 3 kubera bushuhuda bwaboneka kurabaga basobwere kurabala basabwerre
\v 4 Kubeera bengine ekundana kubera bamethudia kwara wayo kokire. Ibiratayagama
\v 5 Kubebyari byabere ngakwana. Kubera bametuchidumia kwara wayokokire kubabyatzri byaber ngakwakire bwarere atuhutamukangakake arriko bakihanyire bewene kwamungu kishabahan kwamung
\v 6 Obotwabwira tio rihatayari ametangiza akazikana kaziika amekoro tukitondondekarire ikitondoka kubera emwe
\v 7 riko mwmewe mufiti kindu kubkiandi muimaniyenyu kwigamba kumuga kukitakuryo na rukundo rwenyu kuberewe nimehakikiisha kubera mabera bege
\p
\v 8 Agagamba akakatari kamategeko ashimegamba. Tandebaorukomo rwanyuta kari ganisa nabadie
\v 9 Kubera muitibukundo rwadata wetu yesu kiritsu na kiro goaba bamukire kuberagaemwe abaremakene ihiti kamo bobokere bwiwe ihendeaeba mukire
\v 10 Kgebo erinka bahareza mashauri ikawasha mwakamugumangwa hikaga ntanakiguma mwarimwakorire mwarimwandirekorogya
\v 11 Ubo hakikisheze arukamundu ubworero twanjufite rubanza ina yehana shauri none byangabute wanga zane byo changwa mwerishobora wabyo mu bwitonai kwa koro mushobwere
\v 12 Kwa kuri muriho ineno ye kora kikorwa kini gambo ryija kandi ryembereme ningombwa rihagarae kokiba kindu kirnacho atarikukira tafite kiramundu
\v 13 Kubera omurimo ugu utari kubera abandi bangahende yuva mugambo na mwe mwebashaje iremwa ubwanyama ashobora ba mija
\v 14 uwingi bwenyu muhe ki bu kasaiya kukira bari mweshaji gabo mikwiza.
\v 15 Bibi ko twayandikwaga orofite byingi ndakangaha arafite khasigere nurira warufite bingi nda kibazo choyarafite
\p
\v 16 Ariko mungu abarikiwe arwi ahure mu mutima wadito mutima gufite mbuhwe za bandu
\v 17 Kodera mwetwe afaatire maomba geju kubera arafite vidi yye sshiriyana na maombi go ayijaga kwa wenu ku bushake mwine mwenyine
\v 18 Haame mutume na mugara wetu uyuyo ukundi rwe kanisa nikite goire ye kwe tangaza eentiri
\v 19 Atarutyo kusha ariko achagurewe na makanisa. Igenda natwe kugira neye afate mo gitehe cha Sehemu ni kuwiki cheyakira bandu iri nikumdaraga zamana yenyina ngishimire ko wetu
\p
\v 20 Tutuyire amapawa ye ramika ye raramika siyuvikana etu kuyinvikana ebyigi oyu tiuhekire
\v 21 Ttwere redakira chaye hima itwembre za Mungu ariko mbere za bandu
\v 22 Ariko twame mutima uundi mundi hamwe nabo twame pima ye misi nyingi juerebe ko nimundu fite nguvu ofite nguvu ngingi kobera kazi keshyi ariko bunobuno na dwenge bunene bwafite
\v 23 ko nguru aza tito wono nimume natwe na mugenzi wangu na wa undi ongambira wa tumirwa na makanisa ga yesu
\v 24 Ebo tubabwereke kuro tundenye mudwereke bitarirwe na bwirasi bwefiu kubera mwewe;
\c 9
\cl Chapitre 9
\p
\v 1 Babafatanyize na murego wa bwenge nidyija chane kuandika bo
\v 2 twesi shukrani yenu yira na kiraga kubandu ba maedniya ambabwire ko byame ba tayari
\v 3 Kuvamo name batuma go itama yenu yame mara bashiraho muriro none namebatuma mwwe banyachetu kubera umwarato gwetu gwa meba busa yaba mukitayarishiwe ngakwa magambaga mwaribaho
\v 4 Bingi byo aringa mundu wo mumakaduya akavita hahuma nani akashangarwa na shoni ndatcho ngambire kuberamwe kubera bitarire kimwaro hagati yenu
\v 5 ubo narebire chabikwirire ne ba heraza musahanda kidazo cha kweri ibi nutsyok byaribiri chya tegekirwe
\p
\v 6 Kibazo ki yura wa pigaraha nzarura ha nakira mundu ojerire mugisha azahende harura mugisha
\v 7 Ariko kira mungu ahane chokira apangire mwiwe ariko naye atagatange kira asisikire kubera mungu akundire nure utagire nagishimire
\v 8 Na Mungu angahana mugisha kw rika mundu kuera mu manze mwa yeneza kira ruhande rikwirire
\v 9 Minga kwa kuri bya yandikwanga amegaba ye yoshe ko batakisho bwere biryo akahan neyo ngererwa
\p
\v 10 Nohana mbuto ku bqshake bwiwe na mutate kubera biryo akahan neyo ngera embuto zenu igira nga tere yeno akayongera emyaka yokurikwenu
\v 11 Mubakirwa ku kira kindu kyoshye kudera mube nga bafite nguvu ebyo bikashimisha mungu kuhitira muritwe
\p
\v 12 Ikora huduma ariko ezidisha kwa wenu me rebekanako ko hoduma ariko ezidiska mateso ehamungu ye shukrani;
\v 13 Kudera ipima dyo kwa wenu merebekanako ko huduma yi kubera muakasima mungu ni mukitondekere ba hubiri ba Yesu mu batukkuza mungu
\v 14 Abakifuja mwe kandi ababashaka abagiira ngo babaroreko abakoratyo kubera bwema bunene mungu buriko hejuru yenu
\v 15 Shukrani zibe kwa mungu ku baraka yiwe yaongyererwa
\c 10
\cl Chapitre 10
\p
\v 1 Ingyengye PAul angyenyine abashaba buhorohora na bwitonzi bwa Kristo ingye ndimwitnzi kihe cyoinmbele zzenyu, aliko nyinjire kwawenyu, kihe cya ndikulenamwe.
\v 2 Aboshaba i imwe kubera, kihe indi hamwe na mwe, ndikakifuez ikikuza kwa wani ogjenyine aliko andekerza anjaka imbe mundu ukomere, kihe cyo angakubita bariya, bakifuza ko turiho ku bwa mubili
\v 3 Nuba ngo atugendera mumubili, ndaho tulimwe rwana bita ku bwa mubili
\v 4 Niba imbuanda, zatuna koresa, kwirwara, zitariza mwili za mwili kihe aiwe zifite ngufu za mung kubera zika kulaho kilindiro
\v 5 Tukulaho kila kindu cya kikiyemera kumategeko ga mungu twamefata ebtekerezo byabo kubela iyumvira Kristo
\v 6 twamebona bwiteguzi bye hana kila bikorwa, bitari mweyuba kilihakigarager, imbele yenyu, Niba washo wayoshizwa niba nini wa Kristo,
\p
\v 7 Turebe ngaho akiyibuste yengine ko nibatu nini kwali niwa kristu ueyo niko natwe turiuecyo
\v 8 Nibandimwekirata, buhoro cyane nikubera tutegetsi bwetu bwo data atangire kubera itwe, iyumbaka yenyu na wa ngabishya ndaho ngabireba
\v 9 Ndakifurize ngo kire bekane kubera ababeshya imwe kunyaraka zenyu
\v 10 KUbera ibyo bandu bengi bagama, Ngaraka ziwe zikarihire zigira na ngufu. Aliko mubili guregeye. Magambo giwe ga takurire iynvilize
\v 11 Mundu nguyo, atekereza ucya kubera nizo turi kukorwa bya tuliho
\p
\v 12 Ngaho twagya kule cyane ko twangiyegezanya, tuoyine na kila mumwe aliko babere bakisuzuma, bengine na kila mumwe mubo, ndabyange mufite
\v 13 itwe nandikira, nga nutyo, tutango kirata irenza rugero inyuma yiwe tukore ibyo hagati ya rubibi rwo mungu atupimire twewe, Rubibi rugerire kule no rweyu rurho.
\v 14 Kwibyo ndahotukarenza twenyine twamebahira imwe; Twalituribambere igera kule kimwe ngamwe inyiliya Kristo
\p
\v 15 Ttikikakirata irenza mipaka kubera kazi ka bandi; inyuma yaho tukizerire milimo ko ikirezra kwenyu, kuliho kubera oruhande rwetu rwa milimo rukagarishwa cyane nabo bataregera morubibi ngo bashireho kuboko
\v 16 Tukizerire kwiryo tushobore Ienjili igaza munzisiro inza byenu; Tutika kirate kuba milimo ya yikorwa munzissiro, inza byangu; tutikakirate kuba milimo ya yikorrwa mumundi ruhande rwabandu;
\v 17 Aliko, unakirata woshe akirate kwa data
\p
\v 18 Kubera ndahorucyo, ko mundu ugemerwe ndaharuye unakisingiza, yeno amasingizwa na she
\c 11
\cl Chapitre 11
\p
\v 1 Kisha paulo abwilabo abihema munju kuliyeka bujiginya bwamubo buke alikokulimu mbole letu
\v 2 kubela nvite bwivu umbeleyenya bwivube lamung kubelamba luizana mung u kubela mgobomguma kubera naza nyimana mundu ikila mukile kweli none natwetuki hanga nenyare
\v 3 Aliko anya baha nga njoka kula ina besha kubela milizo gwoyo gu nabeshyagatu tena mumenyekwibesya nda hwolisana
\v 4 Kubela mundu njijile iyiza iga mbolya maana uundi wola ota tuyigisa nongwa mana bo na muka bandi bola muta yakilie igambotrya manali ndilya la mfaye mele nekola neja nevumiliya na kyone tena mumenye kumung anolipatu
\v 5 kubela ingye andekelza kwingye ndahondina pimi le ilekabusshake bwa mungu emisume baba bengikyane
\v 6 Tenana ngyendeji igamba sawa tenaata luitwa mimma somogenya mwa metulebaka utya mumagambo genyu
\p
\v 7 Nali nakolile bya ha kwikitondeka ngyenyine tenaimwemwe muzamulye kubela ingye na baligisize igambo lya mana ninda falangana ba hemile imwemwe
\v 8 Ndenayibile makanisa handina linafatile namisha hole kwa wabo igila ngamaba kolele imwemwe
\v 9 Ten
\v 10 obwe naba na mwendimwe hema nda hondina sumbuwile mundu kubela banya kyetu babileve meckadonia boli bambele bilionja kile tena kukila kindu noli nastili lininda njoka ngubangile mongeso noli na kishungile kiyane
\v 11 Kubelako kubela ndaba kundile imwemwe mungu ayijitu
\p
\v 12 Ndiko gambo lyola angola ilye lika kola noke lona leka mufasi yabo aboshaka buzima aliko kukila somba aba kisifiya bonyi net igila babe ngatwe
\v 13 Kubela aba ndwaba ba bone nimtume yabu beshi bekola kazi kuheruwebesha nibaku bnidu langa itumeya ya mana
\v 14 Tenanda holi nini bindu bishangeze shetani aliya kige nuze modayika wamwanga za
\v 15 Tena mumenye kumagambo aga nimengikya ne gangema na batumishi biwe abakigeni zebebatu mishiba mungu mwisho gwabo gukabamubikya ne ngaka jika
\p
\v 16 NAmegamba tena, basi nihatibeho mundu woshe wanga tekereza kwingye ndikimara, ariko yaba mwangakora, munvate ngye nga kimara igira ngu nyobore umusima kake
\v 17 Kiriya kinagamba kuber'eneno ikiringira ne kirate nga kichuchu
\v 18 NOneho abandu bengi banakirata kubera mubiri ngakirata tena
\v 19 kubera mwamebarirana kubisimo n'obuchuchu, imwemwe mwengine mufite bwenge.
\v 20 Kubera mwamebabarirane kumundu wangakishanga muburetwa inbyo byangatuma mugabanyigaho mwimwemwe, kubera nabafat'emwe kunyunygu yiwe, kwara anakihir'eruguru mu bichu, cyangwa n'anakubitabo ko mbanga
\v 21 Negamaba kumabi getu kwi twetwe twebare babutte cyane ikor'ebyebyo. Na hake nge byobyo akakirata, nanganira nga kichuchu tena ingye ngakirata
\v 22 eske abo nibayahundi? Nangye n'utyo eske abo ni baisraeli, n'utyo eske abo ni rubyaro rwa abrahamu? Nangye n'utyo
\v 23 eske abo nibakoji ba kirisitu ingyengye ni cyane. Namegira n'akazi kanene cyane, kure cyane kanganzan'ira ifugwa kwi kubitwa irenza kipimo kwibona ishainda nyingi za rupfu
\v 24 Iva kubayahudi namebona kari katanoingone mirongwine ikuramo ingma
\v 25 Kashatu nalina kubitirwe ingoni. Na riguma na kubitwa mabuye kashatu tena, nakira mu bwato. NAmekoresa kichuli n'omu mwishi ku nguru zigoraga
\v 26 Nameba n'omurugendo rwa kila siku, n'omu bibaza bya migezi, n'omu bibaza bya bezi n'omu bibao byeva ku bandu bani ngyengine, n'omi bihazo byeva kubandu ba pembeni n'omu bibazo bya handu n'omu bibazo bya butayu, n'omu bibaqo byakivo, n'omu bibazo byeva kubagara betu ba bubesyi.
\v 27 Nabaga nindi kazi kakomere na ka maisha ga komere mu kichuku kinene cyo kutalyama, n'omu njara na nyota, kila misi kuber'ehungwa, n'omubeho n'ecyambara busha
\v 28 Kure na kila kindu kindu, hari isukumwa lya kila siku hejure wani na miti yihagarere kwibgye kubera makanisa
\v 29 Nini bute, nangye ndari wa bute? Nide wametuma wundi aterza mu ccyaha? Aringa byangashoboka ngirate, ngakiratira kuber kiliya kyakibwerekane bute bwani
\p
\v 30 Aringa byangeshoboka nguirate ngakiratira kubera kiliya kyakibwerekane bute bwani
\v 31 Mungu na Data wa DAta Yesu, Yeno yonasimwa mpka mwisho, ayiko ingye ndambesya.
\p
\v 32 Tyeyo Damasiki mukuru wa karere, hosiwo bwani areta abaga nachunga mugi gwa Daeski igiga ngubamvate
\v 33 Ariko nari nahirirwe mukikapo, ihitira mu dirisha lya kibambazi, n'agira mana navamo mo maboko giwe
\c 12
\cl Chapitre 12
\p
\v 1 Ningombwa girate aliko ndakyo kyangayongeleka nelyo ahubwo ngakomeza kwibonerwa ne heshulirwa iva kwa Mungu
\v 2 Nyiji mundu nauguma uli Yesu yosoho miaka ikumi nene ya hitire aboga nali mumubili nangwa hambuga ya mubili inye ndauga menya Mungu yoyiji amatwere mwijuru lya kashatu
\v 3 Tena nyuji ko amibindu yu niba alali mumubili nagwa hambuga ya mubili ngye ndeji, mungu yoyiji
\v 4 Alatwerwe iluguru mbaka para dizo neyunva bindu bitakatifu (bikwirire) kyane kumundu woshe kwigamaba
\v 5 Kumundu ulingoyo ngakilata, aliko kunamna yani ngyenjine ndangaki lota bitabere kubela buta bwani;
\v 6 nibanangashaka ikilata mukuli; aliko ngaleke ikilata ingila ngu hatangaba mundu woshe wangande kera kyane kwibyo kiluta kilimwerbwako mwingyengye nagwe iyunvikane iva kwingye.
\v 7 Ndikalaate kandi ngu nukubera ye hesilirwa munana ya bitangaza; Kwibyo naanga gira kibuti mushubi gwahilirwe momubiri gwani; inumwa ya shitani kwindulirwe momubiri gwani. Indumwa ya shitani kwindwaru ja indyengye igila nguunda bindu kaga iba mwirasi
\v 8 Kali kasahtu nayingiga Mungu kubelebi igira nguye, Arekere bivile kwa wani;
\v 9 Naye ambwwila “mugisha gwani gukuttoshize kuberawe kubela ingufu zinakorwa kyane kubla obute bwani, igirangu bushabozi bwa yezu kristu busshobole iyikama iluguru yani
\v 10 kubele byo ngisimile kubella Yesu kristu mu buza ifu, mwitukwa, mubibazo, mubabale, mwiha ngaika; Nakubela bunyanda, hanyuma ni nviteingufu
\p
\v 11 Ingye nabele kichuchu imwe mwanibita kwili ubwo naliba nina lesimulirwa nemwe, mukubela beja na nangaba nindali kindu
\v 12 Miyiyiza yakuli za mndumwa zakolekire hagati yenyu kwiki hangana muijiza na bikorwa binene
\v 13 munamuna yilute mwabaga balazim na hasi iruta nakanis gasigee bitali ku ndabere muzimgo kurimwe? Mugasigere bitali kundabere muzigo kwimwe? Mu mbabalire kokoseli
\p
\v 14 Deba ingye nditayari kwimwe kukali kashatu ndibe muzigo kwimwe nukubela ndakyo ndimweshaka ngakindu kyenyu kyoshe, ndamwebashaka. Mukubela bana batakwilire ibika kindu kubeka babyeyi
\v 15 ngakissia kyane itumiane tumirwa kubela emitima yenyu. Kumbakundile kyane anjakila ikundwa kake;
\p
\v 16 Aliko ngakwabili ndali nabahekiezmwuzio imwemwe aliko mukubelaingyengye ndi munya bwenge kyane ingyeniwala wabafataga mu buchuchu.
\v 17 Aliko nolinafatire, kwikigira inyungu kukila mundu kuyala natumire kwimwe?
\v 18 Nali nabwivu TITO ayije kwa wenyu tena nalina tulire wundi hagu na naye aliko TITO alaba koler injungu imwemwe? Tutalitwagendire monjila iyeyo? Tutalitwa gendile omu laho ugogo?
\p
\v 19 Amute kereza mowakatiyi twabele nituli mwakiteta itwetwe twanyine kwimwe, imele za Mungu namu Yesu kristu twwameba natugamba kil kitndu kubeela ibakuza imwemwe
\v 20 Nukubela nvite ruba kuti mbaba nayija kuna saa ndanga baboba nga kwala undemwashaka nvite buba kuti mutanga mbona nga kwala mulimweshaka; ndimwe yubaaha kuti hamgaba ibazikanya wivu, mili pukoya mujinya, ilali lya mumutima, Umbeya, kibiri na ndwano
\v 21 Nvite buba kuti mbaba na meshubu la tena mungu wani angashobola indondeka imele yenyu; nvite buba kunatsibukiswa indondeka imebele yenu. Nvite buba kunatsibukiwa nabandi na ngwa nabengi bakolire kyaha ilbel yobubu nabandi ya lali ya byala bana kola.
\c 13
\cl Chapitre 13
\p
\v 1 Akokameba kashatu na nyija kwa wenu igila ngukila kilego kweli kihibwe neyemezwa nabadimwe babilichangwa bashatu
\v 2 Namemalaigamba kubala bakolire chyaha nakubandi boshe kihe nabageyo bwakabili angamatena ngobanayija kandi ndika hanileho
\v 3 Ambabila imwemwe kubela amushaka budimwe ku kristu anagamba ihitila yeno atalinyand kiwmwe kubela yeneho afite mbalaga mwwimwe
\v 4 kubela ahanikilwe m bunyanda aliko ariho umbaraga zamana. Kubela netwe tuli turinyanda muyencho aliko tukabaho naye kumbalaga zamana mumigongo yenyu.
\p
\v 5 Mukirebe mwenyine murebe ngakuno muli mukizele. Mukihe mwenyine mutag=yiji ku yesu kristo alimwimwe ye neho alimo mubindi bindi kubera muyangirwe
\v 6 Nvite banga ku imwemwe muka vumburko itwetwe tutalitwayangirwe
\v 7 Nonetuhe kumanako mutashoboraga ikora kindu chyoshe kibi ndanihema ngu itwetwe tushobore igalagara ko twaregwa na kigeragezo kubelabyo ndihemo) ndi mwehema igirra ngu mukore kindu kija alinga tushobwere twangagaragara ilemwe na kigelagezo
\v 8 Kubela itwetwe tutanga kora kindu chyshe inyuma yakuli aliko nikubela kulitu
\v 9 Kubera atusima kihe tulimubunyanda namwe nifite baraga atuhema igira ngumushobre ikorwa ikilingiro
\v 10 Neyandika magbo aga muwakati ndihare na mwwe igarangu mukihe ngaba nemwe ndanishaka ibabwereka buvakali imwemwe; ndangifuja ibwerekane mbalagazo mana yambele jyejye nibahimbe natari ibabishya hoshi
\p
\v 11 Mutayiji munyachyenyu waga munyachyenyu wa mugabo na wamukazi kisime! Ukore mulimo kungambo yegenda muhe mutima muyemelane imwekwimwe, mubeho munahoro na mana ya rukundo na mahoro ikaba haguma namwe
\v 12 Muramu tsanye kukila munguma isoma lija lija
\v 13 Bakilire aboshe ababalamutsa; Mugisha gwayesukristo; na rukundo rwa mana namuano gwa utima musyasya gube haguma