Mon Jul 18 2016 14:39:18 GMT+0100 (W. Central Africa Standard Time)
This commit is contained in:
parent
0d524badb1
commit
9b320622e7
|
@ -1 +1 @@
|
|||
\v 3 Niba umuntu yigishije inyigisho zidakwiriye kandi ntakurikize amagambo gaboneye gavuye ku Mwami wacu Yesu Kristo, no kunyigisho zerekeje kwubah'Imana, \v 4 yujujwe ubwibone, n'umuswa, arwaye indwara z'ibibazo bidasobanutse, n'amagambo gazan'impaka kandi byose bibyaraga kwifuza, amahane, guteranya, no gukekerana,\v 5 impaka z'abantu zidafite akamaro z'abantu b'ubwenge bwatannye, batagira ukuri kandi abatekereza ko ububonere bwabo buzababyarira inyungu.
|
||||
\v 3 Niba umuntu yigishije inyigisho zidakwiriye kandi ntakurikize amagambo gaboneye gavuye ku Mwami wacu Yesu Kristo, no kunyigisho zerekeje kwubah'Imana, \v 4 yujujwe ubwibone, n'umuswa, arwaye indwara z'ibibazo bidasobanutse, n'amagambo gazan'impaka kandi byose bibyaraga kwifuza, amahane, guteranya, no gukekerana, \v 5 impaka z'abantu zidafite akamaro z'abantu b'ubwenge bwatannye, batagira ukuri kandi abatekereza ko ububonere bwabo buzababyarira inyungu.
|
|
@ -1 +1 @@
|
|||
\v 9 Ariko abashaka gukira bwangu, bagwaga mu bigeragezo, mu mitego no mubishuko kangari byubupfapfa, bikabazambaguza, bagomba byose nyuma bakarimbuka. kuko ,\v 10 gukunda amakuta ari isoko y'ibibazo byose; kandi bamwe bayobowe n'umubi baraguye mu kwizera kwabo kandi bagwa mu mibabaro myinshi.
|
||||
\v 9 Ariko abashaka gukira bwangu, bagwaga mu bigeragezo, mu mitego no mubishuko kangari byubupfapfa, bikabazambaguza, bagomba byose nyuma bakarimbuka. kuko, \v 10 gukunda amakuta ari isoko y'ibibazo byose; kandi bamwe bayobowe n'umubi baraguye mu kwizera kwabo kandi bagwa mu mibabaro myinshi.
|
|
@ -1 +1 @@
|
|||
\v 19 Ubwire abakire ba kino gihe bareke batekwirata, be gushira ibyiringiro bu ukire bwabo butagira akamaro. Ahubwo babishire ku Imana Iduhaga ibintu byose kugira ngo tunezererwe.\v 18 Ubabwire bakore ibiboneye, bagire ubukiri mu gukora neza, bakunde gutanga, kandi babe abo gusangira n' abandi mu urukundo.\v 17 Bityo bashakire mu gihe kizaza imari ifite umusingi gukomeye kugira ngo babone ubuzima by' ukuri.
|
||||
\v 17 Ubwire abakire ba kino gihe bareke batekwirata, be gushira ibyiringiro bu ukire bwabo butagira akamaro. Ahubwo babishire ku Imana Iduhaga ibintu byose kugira ngo tunezererwe. \v 18 Ubabwire bakore ibiboneye, bagire ubukiri mu gukora neza, bakunde gutanga, kandi babe abo gusangira n' abandi mu urukundo. \v 19 Bityo bashakire mu gihe kizaza imari ifite umusingi gukomeye kugira ngo babone ubuzima by' ukuri.
|
|
@ -3,7 +3,7 @@
|
|||
"format": "usfm",
|
||||
"generator": {
|
||||
"name": "ts-desktop",
|
||||
"build": ""
|
||||
"build": "25"
|
||||
},
|
||||
"target_language": {
|
||||
"direction": "ltr",
|
||||
|
|
Loading…
Reference in New Issue