Tue Jul 19 2016 11:16:46 GMT+0100 (W. Central Africa Standard Time)

This commit is contained in:
parfait-ayanou 2016-07-19 11:16:46 +01:00
parent 484d17f47c
commit 1247065be2
6 changed files with 6 additions and 6 deletions

View File

@ -1 +1 @@
\v 21 Dufite urukundo kubera ko Imana ari we wamanjije kudukunda. Niba rero umuntu agambye ngo " nkunze Imana ariko akanga mwene se, ni umubeshi. \v 20 Umuntu wangaga mwene se wo bari hamwe, azakunda gute Imana yatarikureba.\v 19 Kandi twahawe iri tegeko riturutse ku Mana, nuko umuntu ukundaga Imana agomba gukunda mugenzi we.
\v 19 Dufite urukundo kubera ko Imana ari we wamanjije kudukunda. Niba rero umuntu agambye ngo " nkunze Imana ariko akanga mwene se, ni umubeshi. \v 20 Umuntu wangaga mwene se wo bari hamwe, azakunda gute Imana yatarikureba. \v 21 Kandi twahawe iri tegeko riturutse ku Mana, nuko umuntu ukundaga Imana agomba gukunda mugenzi we.

View File

@ -1 +1 @@
\v 1 Buri muntu wizera ko Yesu ariwe Kristo, uwo aba yarabyawe n'Imana.Kandi buri muntu ukunda data akunda nuwo yabyaye. \v 2 Kubwo ibyo, tuzi yuko dukunda abana b'Imana, iyo dukunda Imana kandi dukurikiza amategeko ye.\v 3 Kuko gukund'Imana nukwubaha amategeko ye. kandi amategeko ye ntabwo aremeye.
\c 5 \v 1 Buri muntu wizera ko Yesu ariwe Kristo, uwo aba yarabyawe n'Imana.Kandi buri muntu ukunda data akunda nuwo yabyaye. \v 2 Kubwo ibyo, tuzi yuko dukunda abana b'Imana, iyo dukunda Imana kandi dukurikiza amategeko ye. \v 3 Kuko gukund'Imana nukwubaha amategeko ye. kandi amategeko ye ntabwo aremeye.

View File

@ -1 +1 @@
\v 6 Niwe Yesu wanyuze mumazi n'amaraso, atari amaraso gusa , ariko hamwe amazi n'amaraso.\v 7 Kuko bari batatu batanga ubuhamya kuri we; \v 8 Umwuka,amazi, n'amaraso; kandi bose uko bari batatu baremeranya.
\v 6 Niwe Yesu wanyuze mumazi n'amaraso, atari amaraso gusa , ariko hamwe amazi n'amaraso. \v 7 Kuko bari batatu batanga ubuhamya kuri we; \v 8 Umwuka,amazi, n'amaraso; kandi bose uko bari batatu baremeranya.

View File

@ -1 +1 @@
\v 9 Niba twemera ubuhamya bw'abantu nukuvuga ko ubuhamya bw'Imana ari bukuru kurushaho. Kuko ubuhamya bw'Imana; niko yahamirije umwana we.\v 10 Uwezera umwana w'Imana ahabwa muriwe ubwo buhamya. Utizer'Imana amuhindura umubeshi kukoatigeze ubuhamya bwo Imana yatanze ku mwana wayo.
\v 9 Niba twemera ubuhamya bw'abantu nukuvuga ko ubuhamya bw'Imana ari bukuru kurushaho. Kuko ubuhamya bw'Imana; niko yahamirije umwana we. \v 10 Uwezera umwana w'Imana ahabwa muriwe ubwo buhamya. Utizer'Imana amuhindura umubeshi kukoatigeze ubuhamya bwo Imana yatanze ku mwana wayo.

View File

@ -1 +1 @@
\v 13 Aga magambo garabandikiwe kugira ngo mumenye ko mufite ubugingo buhoraho, mwebwe mwizeye izina rw'umwana w'Imana.\v 14 Ibi nibyo byiringiro tubonera muri we. n'uko iyo tumusabye icarico cose, mu bushake bwe, aratwumva. \v 15 Kandi niba tuzi neza ko atwumva mubyo tumusaba byose, tuzi ko ibyotubona byose biza nkuko twabimusabye.
\v 13 Aga magambo garabandikiwe kugira ngo mumenye ko mufite ubugingo buhoraho, mwebwe mwizeye izina rw'umwana w'Imana. \v 14 Ibi nibyo byiringiro tubonera muri we. n'uko iyo tumusabye icarico cose, mu bushake bwe, aratwumva. \v 15 Kandi niba tuzi neza ko atwumva mubyo tumusaba byose, tuzi ko ibyotubona byose biza nkuko twabimusabye.

View File

@ -1 +1 @@
\v 16 Niba umuntu abonye mwene se arigukora icaha kitari ico kujana umuntu murupfu, amusabire, Imana izamuha ubuzima. Na niko bimeze ku muntu ufite icaha kitari icogupfa.\v 17 Hariho icaha kiganisha ku rupfu, ntabwo aribyerekeye icaha nkico co mbasaba gusengera.
\v 16 Niba umuntu abonye mwene se arigukora icaha kitari ico kujana umuntu murupfu, amusabire, Imana izamuha ubuzima. Na niko bimeze ku muntu ufite icaha kitari icogupfa. \v 17 Hariho icaha kiganisha ku rupfu, ntabwo aribyerekeye icaha nkico co mbasaba gusengera.