faustin-azaza_rw_obs_text_obs/21/02.txt

1 line
202 B
Plaintext

Imana isezeranaya Aburahamu ko muriwe hari amaoko yose yo mwisi ahererwa umugisha. Uwo mugisha wagombaga gusohora igihe Mesiya yari kuzaza akabisobanurira abantu kandi buri bwoko bwose mw'isi buzakizwa.