\v 12 Yesu araongera arabwira ngo : Ndi umwangaza wisi , umuntu wese unkurikira ntabwo azagendera mumwijima , ariko azabona umwangaza w'ubuzima . Hejuru yibyo , Abafarisayo baramubwira\v 13 ngo : Weho , urikwitangira ubuhamya , ubwo buhamya bwawe ntaho arubwukuri .