auto save

This commit is contained in:
KINYABWISHA 2016-07-20 18:45:58 +08:00 committed by root
parent d1c4830207
commit 14ad725558
168 changed files with 168 additions and 40 deletions

View File

@ -1 +1 @@
Yohana arabasubiza ngo : Njewe, mbatiza n'amazi, ariko hagati yanyu hari umuntu wo mutazi, uraza nyuma yanje Ntabwo nkwiriye gupfundura utugozi tw'ibirato bye. Ibyo bintu byabereye i Betaniya hakurya ya Yorodani, aho Yohana yabatiorizaga.
\v 26 Yohana arabasubiza ngo : Njewe, mbatiza n'amazi, ariko hagati yanyu hari umuntu wo mutazi,\v 27 uraza nyuma yanje Ntabwo nkwiriye gupfundura utugozi tw'ibirato bye. \v 28 Ibyo bintu byabereye i Betaniya hakurya ya Yorodani, aho Yohana yabatiorizaga.

View File

@ -1 +1 @@
Bukeye bwaho, aje, aragamba ngo : Reba intama y'Imana, ikuraho ibyaha by'abantu. Niwe wavuze ngo nyuma yanje hazaza umugabo wambnjirije; kuko yabayeho ntarabaho. Sinari muzi ariko kugirango amenyekane mu Israeli niyo mpamvu naje kubatiza mu mazi.
\v 29 Bukeye bwaho, aje, aragamba ngo : Reba intama y'Imana, ikuraho ibyaha by'abantu. \v 30 Niwe wavuze ngo nyuma yanje hazaza umugabo wambnjirije; kuko yabayeho ntarabaho. \v 31 Sinari muzi ariko kugirango amenyekane mu Israeli niyo mpamvu naje kubatiza mu mazi.

View File

@ -1 +1 @@
Yohana amutangira ubuhamya: Nabonye umuka umanuka uva mwijuru , umeze nkinuma uhagarara hejuru ye . Ntaho nrimuzi, ariko uwantumye kubatirisha amazi , uwo yambyiko , uyo azabona umuka ukamuhangarara ho niwe ubatiza n'umuka wera . Narabibonye mpamya ko arumwana w'Imana .
\v 32 Yohana amutangira ubuhamya: Nabonye umuka umanuka uva mwijuru , umeze nkinuma uhagarara hejuru ye .\v 33 Ntaho nrimuzi, ariko uwantumye kubatirisha amazi , uwo yambyiko , uyo azabona umuka ukamuhangarara ho niwe ubatiza n'umuka wera . \v 34 Narabibonye mpamya ko arumwana w'Imana .

View File

@ -1 +1 @@
Bukeye bwaho , Yohana yari akira ho , arikumwe nabo bigishwa be ; babonye Yesu anyura ho , baravugana ngo , nguyu umwana w'intama w'Imana .
\v 35 Bukeye bwaho , Yohana yari akira ho , arikumwe nabo bigishwa be ; \v 36 babonye Yesu anyura ho , baravugana ngo , nguyu umwana w'intama w'Imana .

View File

@ -1 +1 @@
Abo bigishwa babiri bamwunvitse avuga ayo magambo bakurikira Yesu . Yesu arebye inyuma arebako bamukurikiye , arababyira ati : Murashaka iki ? baramusubiza ngo : 'Bisobanurwa mwigisha ". Arababyira ati muze murebe , baragenda babona aho yabaga .
\v 37 Abo bigishwa babiri bamwunvitse avuga ayo magambo bakurikira Yesu . \v 38 Yesu arebye inyuma arebako bamukurikiye , arababyira ati : Murashaka iki ?\v 39 baramusubiza ngo : 'Bisobanurwa mwigisha ". Arababyira ati muze murebe , baragenda babona aho yabaga .

View File

@ -1 +1 @@
Andreya mwene se wa petero yarar'umwe wabo babiri wari wunvise amagambo ya Yoana nibo bakurikiye Yesu . Niwe wabaye uwambere guhura na mwenese aramubwira twabonye Masiya (Bisobanura ngo Kristo) .Amuzanira Yesu , Yeus amubonye aravuga ngo uri Simoni umwana Yona ; uzitwa Kefa ( Bisobanura ngoIbuye)
\v 40 Andreya mwene se wa petero yarar'umwe wabo babiri wari wunvise amagambo ya Yoana nibo bakurikiye Yesu . \v 41 Niwe wabaye uwambere guhura na mwenese aramubwira twabonye Masiya (Bisobanura ngo Kristo). \v 42 Amuzanira Yesu , Yeus amubonye aravuga ngo uri Simoni umwana Yona ; uzitwa Kefa ( Bisobanura ngoIbuye)

View File

@ -1 +1 @@
Bukeye bwaho Yesu ashaka kuja i Galilaya azanga yo Filipo . Aramubyira ati : Nkurikira . Filipo yari wi Betania mumugi wa Andereya na Simoni . Filipo ahura na Nataneili aramubyira ati : Twabonye uwoi musa twanditse muma tegeko , nuho abahanuzi bavuze ho Yesu wi Nazareti mwene Daudi .
\v 43 Bukeye bwaho Yesu ashaka kuja i Galilaya azanga yo Filipo . Aramubyira ati : Nkurikira . \v 44 Filipo yari wi Betania mumugi wa Andereya na Simoni . \v 45 Filipo ahura na Nataneili aramubyira ati : Twabonye uwoi musa twanditse muma tegeko , nuho abahanuzi bavuze ho Yesu wi Nazareti mwene Daudi .

View File

@ -1 +1 @@
Nataneili aramubyira ati i Nazarateti hava yo ikintu ciza ,Filipo aramusubiza , gwino , urebe . Yesu abonye Nataneili avuga ati mubwukuri nguyu mwisiraeli utari mo uburimanganya .Natanaeli aramubaza ati ni hehe wambonye ? Yesu aramusubiza , mbere yuko Filipo aguhamagara , igihe wari munsi digitizing cu mutini narakubonye .
\v 46 Nataneili aramubyira ati i Nazarateti hava yo ikintu ciza ,Filipo aramusubiza , gwino , urebe . \v 47 Yesu abonye Nataneili avuga ati mubwukuri nguyu mwisiraeli utari mo uburimanganya . \v 48 Natanaeli aramubaza ati ni hehe wambonye ? Yesu aramusubiza , mbere yuko Filipo aguhamagara , igihe wari munsi digitizing cu mutini narakubonye .

View File

@ -1 +1 @@
Natanaeli aramusubiza no ku mubywira : Mwigisha , uri umwana, uri umwami w'Israeli . Yesu aramusubiza , kuko nakubwiye , kuko nakubonye uri munsi wi mutini ,urizera , uzareba ibintu bikomeye kuruta ibi . Arongera kumubwira , nuku nukuri uhereye none uzareba ijuru rikinguwe , aba maraika b'Imana batarama noku gogoma hejuru w'umwana wumuntu .
\v 49 Natanaeli aramusubiza no ku mubywira : Mwigisha , uri umwana, uri umwami w'Israeli . \v 50 Yesu aramusubiza , kuko nakubwiye , kuko nakubonye uri munsi wi mutini ,urizera , uzareba ibintu bikomeye kuruta ibi . \v 51 Arongera kumubwira , nuku nukuri uhereye none uzareba ijuru rikinguwe , aba maraika b'Imana batarama noku gogoma hejuru w'umwana wumuntu .

View File

@ -1 +1 @@
Nyuma yi minsi itatu haba ubukwe i Kanani yi Galilaya . Na nyina wa Yesu hari ahari na Yesu nawe yari yatumiwe nabigishwa be
\v 1 Nyuma yi minsi itatu haba ubukwe i Kanani yi Galilaya . \v 2 Na nyina wa Yesu hari ahari na Yesu nawe yari yatumiwe nabigishwa be

View File

@ -1 +1 @@
Divayi irashira , nyina wa Yesu aramubyira ngo : Nta divayi idahari . Yesu ara musubiza : Mugore we , ibyo ubinzanye mo gute ? Isaha ndabwo uragera . Nyina abyira abahereza ngo : Mukore ibyo arababyira .
\v 3 Divayi irashira , nyina wa Yesu aramubyira ngo : Nta divayi idahari .\v 4 Yesu ara musubiza : Mugore we , ibyo ubinzanye mo gute ? Isaha ndabwo uragera . \v 5 Nyina abyira abahereza ngo : Mukore ibyo arababyira .

View File

@ -1 +1 @@
Aho , hari ibibindi bitandatu bya mabuye byari biteguwe kubwo kuhumanura aba Yuda , barabyuzuza . Yesu arababyira ngo : Mwuzuze ibyo bibindi amazi . barabyuzuza bageza kurugara . Hanyuma arabayira ngo : None ho nimudahe mujanyire umushangwa mukuru , baramujanira .
\v 6 Aho , hari ibibindi bitandatu bya mabuye byari biteguwe kubwo kuhumanura aba Yuda , barabyuzuza .\v 7 Yesu arababyira ngo : Mwuzuze ibyo bibindi amazi . barabyuzuza bageza kurugara .\v 8 Hanyuma arabayira ngo : None ho nimudahe mujanyire umushangwa mukuru , baramujanira .

View File

@ -1 +1 @@
Umusangwa mukuru amze gusogongera ago mazi gamaze guhinduka divayi ntiyamenya aho iturutse , ariko abahereza baribavomye amazi baribahazi . Nuko ahamagara umukwe . Aramubyira ngo : Ikimenyerewe umuntu wose amanza gutanga divayi nziza ,hanyuma abantu bamara guhaga , akazana itari nziza ngi ya mbere , none wowe wagumanye nziza kugeza buno.
\v 9 Umusangwa mukuru amze gusogongera ago mazi gamaze guhinduka divayi ntiyamenya aho iturutse , ariko abahereza baribavomye amazi baribahazi . Nuko ahamagara umukwe . \v 10 Aramubyira ngo : Ikimenyerewe umuntu wose amanza gutanga divayi nziza ,hanyuma abantu bamara guhaga , akazana itari nziza ngi ya mbere , none wowe wagumanye nziza kugeza buno.

View File

@ -1 +1 @@
Ico gitangaza cambere Yesu yagikoreye i kana yi Galilaya . cerekanye icubahiro ce , abigishwa be bara mwizera . Hashize iminsi amanukira i Kapernaumu .
\v 11 Ico gitangaza cambere Yesu yagikoreye i kana yi Galilaya . cerekanye icubahiro ce , abigishwa be bara mwizera . Hashize iminsi amanukira i Kapernaumu .

View File

@ -1 +1 @@
Hashize iminsi amanukira i Kapernaumu , hamwe na nyina , bene nyina na abigishwa be , bamara yo iminsi mike .
\v 12 Hashize iminsi amanukira i Kapernaumu , hamwe na nyina , bene nyina na abigishwa be , bamara yo iminsi mike .

View File

@ -1 +1 @@
Pasika ya Abayuda yari iri hafi , Yesu azamuka i Yerusalemu . Asanga mukanisa abari kugurisha inka , intama , ni numa , na abavunjayi bishaye .
\v 13 Pasika ya Abayuda yari iri hafi , Yesu azamuka i Yerusalemu . \v 14 Asanga mukanisa abari kugurisha inka , intama , ni numa , na abavunjayi bishaye .

View File

@ -1 +1 @@
Akora umunyafu mumigozi abirukana mukanisa , ni ntama ni nka zabo , atagaguza afaranga ga ba vunjayi , ahenura na meza yabo ; Abwira abagurisha inuma : Mukure ibihano , ndimugire inzu ya data ya bajura .
\v 15 Akora umunyafu mumigozi abirukana mukanisa , ni ntama ni nka zabo , atagaguza afaranga ga ba vunjayi , ahenura na meza yabo ; \v 16 Abwira abagurisha inuma : Mukure ibihano , ndimugire inzu ya data ya bajura .

View File

@ -1 +1 @@
Abigishwa be bibuk ko byanditswe ngo : ishaka ngirira inzu yawe rirangya . Abayuda bafata ijambo bagamba ngo : Ni gitangaza ki utweretse , gukora ibi ? Yesu arabasubiza . Gusenya iri kanisa mu minsi tatu nga ryubaka
\v 17 Abigishwa be bibuk ko byanditswe ngo : ishaka ngirira inzu yawe rirangya . \v 18 Abayuda bafata ijambo bagamba ngo : Ni gitangaza ki utweretse , gukora ibi ? \v 19 Yesu arabasubiza . Gusenya iri kanisa mu minsi tatu nga ryubaka

View File

@ -1 +1 @@
Abayuda bavuga ngo : irikanisa baryubatse imwaka mirongo ine nitandatu , wowe ngo mu minsi itatu uzaba wa ryubatse . Ariko yagambaga ikanisa nkumubiri we . Nico catumye , igihe yaramaze kuzuka mubapfuye , abigishwa be bibutse ko yabivuze , bizera ibyanditwe nijambo yesu yababwiye.
\v 20 Abayuda bavuga ngo : irikanisa baryubatse imwaka mirongo ine nitandatu , wowe ngo mu minsi itatu uzaba wa ryubatse . \v 21 Ariko yagambaga ikanisa nkumubiri we .\v 22 Nico catumye , igihe yaramaze kuzuka mubapfuye , abigishwa be bibutse ko yabivuze , bizera ibyanditwe nijambo yesu yababwiye.

View File

@ -1 +1 @@
Ubwo Yesu yari i Yerusalemu , ku munsi ya Pasika benshi baramwizera , babonye ibitangaza yakoze . Nyamara Yesu ntiya bagirira icizere kuko yari abazi ,kuko yari adakeneye ubuhamya bwabo , kandi yar'azi wenyine ibiri muribo .
\v 23 Ubwo Yesu yari i Yerusalemu , ku munsi ya Pasika benshi baramwizera , babonye ibitangaza yakoze . \v 24 Nyamara Yesu ntiya bagirira icizere kuko yari abazi ,\v 25 kuko yari adakeneye ubuhamya bwabo , kandi yar'azi wenyine ibiri muribo .

View File

@ -1 +1 @@
Ariko , Nikodemu , umwe mu Abafarisayo , umukuru wa Abayuda, aza nijoro aho Yesu ari, aramubwira ngo : Mwalimu tuzi yuko uri umwalimu mukuru waturutse ku Imana kuko undi muntu ntabwo yashobora gukora ibitangaza ibyo weho ukoze , keretse Imana iri kumwe nawe .
\v 1 Ariko , Nikodemu , umwe mu Abafarisayo , umukuru wa Abayuda, aza nijoro aho Yesu ari, aramubwira ngo :\v 2 Mwalimu tuzi yuko uri umwalimu mukuru waturutse ku Imana kuko undi muntu ntabwo yashobora gukora ibitangaza ibyo weho ukoze , keretse Imana iri kumwe nawe .

View File

@ -1 +1 @@
Nukuri , ngubwiye ko nimba umuntu atavutse ubwa kabiri , ntabwo ashobora kubona ubwami bw'Imana . Nikodemu aramubwira ngo : Umuntu ashobora kuvuka kandi ashaje ? Yasubira munda ya nyina akongera kuvuka ?
\v 3 Nukuri , ngubwiye ko nimba umuntu atavutse ubwa kabiri , ntabwo ashobora kubona ubwami bw'Imana . \v 4 Nikodemu aramubwira ngo : Umuntu ashobora kuvuka kandi ashaje ? Yasubira munda ya nyina akongera kuvuka ?

View File

@ -1 +1 @@
Yesu ara musubiza : nukuri niba umuntu atabyawe na mazi , n'umuka ndago ya kwinjira mubwami bw' Imana . Icabyawe n' mubiri naco n'umubiri , icabyawe n'umuka naco n'umuka .
\v 5 Yesu ara musubiza : nukuri niba umuntu atabyawe na mazi , n'umuka ndago ya kwinjira mubwami bw' Imana .\v 6 Icabyawe n' mubiri naco n'umubiri , icabyawe n'umuka naco n'umuka .

View File

@ -1 +1 @@
Ndutangare ko nakubwiye ngo : ningombwa yuko uvuka bwa kabiri .umuyaga uhuhira aho ushaka , kandi uruyombo rwayo ukunvikana , ariko ndumenye aho guturutse naho guri kuja . Ukoniko bimeze ku muntu wabwawe n'umuka .
\v 7 Ndutangare ko nakubwiye ngo : ningombwa yuko uvuka bwa kabiri .\v 8 Umuyaga uhuhira aho ushaka , kandi uruyombo rwayo ukunvikana , ariko ndumenye aho guturutse naho guri kuja . Ukoniko bimeze ku muntu wabwawe n'umuka .

View File

@ -1 +1 @@
Nikodemu ara mubwira ati ibyo byashoboka bite ? Yesu ara muzubiza : Uri umwarimu mukuru wa Israeli , ariko ntaco uzi ! Nukuri ndakubwira ko tugamba ico tuzi kandi duhamya ico twa bonye , namwe ndi mwakire ubuhamya bwacu .
\v 9 Nikodemu ara mubwira ati ibyo byashoboka bite ? \v 10 Yesu ara muzubiza : Uri umwarimu mukuru wa Israeli , ariko ntaco uzi ! \v 11 Nukuri ndakubwira ko tugamba ico tuzi kandi duhamya ico twa bonye , namwe ndi mwakire ubuhamya bwacu .

View File

@ -1 +1 @@
Niba mutizeye kandi narababwiye ibintu byo ku isi , muzizera ni mbabwira ibyo mwijuru ? nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwavuye , umwana wumuntu ari mwijuru nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwa vuye yo , umwana w'umuntu uri mwijuru .
\v 12 Niba mutizeye kandi narababwiye ibintu byo ku isi , muzizera ni mbabwira ibyo mwijuru ? \v 13 nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwavuye , umwana wumuntu ari mwijuru nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwa vuye yo , umwana w'umuntu uri mwijuru .

View File

@ -1 +1 @@
Nkuko Musa yazamuye inzoka mubutayu , ningobwa umwana w'umuntu azamurwe , kugira ngo umwizera wese ahabwe ubuzima budashira .
\v 14 Nkuko Musa yazamuye inzoka mubutayu , ningobwa umwana w'umuntu azamurwe , \v 15 kugira ngo umwizera wese ahabwe ubuzima budashira .

View File

@ -1 +1 @@
\v 16 \v 18 kuko Imana yakunze abatuye kwisi , yatanze umwana we umwe gusa , kugira ngo umuntu wese , umwizera ye gupfa ahubwo ahabwe ubuzima buhoraho .\v 17 Cakora ntabwo Imana yatumye umwana wayo kwisi kugira ngo acire abantu urubanza ahubwo nukugira ngo akize abantu .
\v 16 kuko Imana yakunze abatuye kwisi , yatanze umwana we umwe gusa ,\v 17 kugira ngo umuntu wese , umwizera ye gupfa ahubwo ahabwe ubuzima buhoraho . \v 18 Cakora ntabwo Imana yatumye umwana wayo kwisi kugira ngo acire abantu urubanza ahubwo nukugira ngo akize abantu .

View File

@ -1 +1 @@
Hanyuma yaho umunsi mukuru waba Yuda na Yesu agenda i Yerusalemu . Kandi , i Yerusalemu hafi yumuryango wintama hariho iki zenga muki hebrayo kitwa Betsaida gifite amabara atanu . Hasi yago hari hagyamwe abagwayi kangari : abacumbagira , nibirema , babaga barindiriye uko amazi arahindagurika . kandi umu maraika w'Imana yamanukaga rimwe narimwe nyuma ara birindura amazi , winjiye mo wambere yarakizwaga ingwara yariyo yose
\v 1 Hanyuma yaho umunsi mukuru waba Yuda na Yesu agenda i Yerusalemu .\v 2 Kandi , i Yerusalemu hafi yumuryango wintama hariho iki zenga muki hebrayo kitwa Betsaida gifite amabara atanu . \v 3 Hasi yago hari hagyamwe abagwayi kangari : abacumbagira , nibirema , babaga barindiriye uko amazi arahindagurika .\v 4 kandi umu maraika w'Imana yamanukaga rimwe narimwe nyuma ara birindura amazi , winjiye mo wambere yarakizwaga ingwara yariyo yose

View File

@ -1 +1 @@
Aho hari umugabo warumaze imyaka mirongo itatu numunani arwaye . Yesu amubona agyamye , amenya ko agwaye igihe kirekire , aramubaz ngo : ushaka gukira ? .
\v 5 Aho hari umugabo warumaze imyaka mirongo itatu numunani arwaye .\v 6 Yesu amubona agyamye , amenya ko agwaye igihe kirekire , aramubaz ngo : ushaka gukira ? .

View File

@ -1 +1 @@
Umurwayi aramusubiza ngo mwami ntaho nfite wokunshira mukizenga igihe amazi yibirinduye , yonihanganye kuryamo undi aba yamaze kuntanga . Yeus aramubyira ngo : Byuka ufate akarago kawe ugende .
\v 7 Umurwayi aramusubiza ngo mwami ntaho nfite wokunshira mukizenga igihe amazi yibirinduye , yonihanganye kuryamo undi aba yamaze kuntanga . \v 8 Yeus aramubyira ngo : Byuka ufate akarago kawe ugende .

View File

@ -1 +1 @@
Murako kanya uwo murwayi arakira ; afata ikirago ce aragenda .
\v 9 Murako kanya uwo murwayi arakira ; afata ikirago ce aragenda .

View File

@ -1 +1 @@
Kandi gwari umunsi wi sabato . Aba Yuda babyira uwo wakize ; niku sabato ; ntibyemewe kwikorera ikirago . Arabasubiza ngo : Uwankijije yambwe ngo : fata ikirago cawe ugende .
\v 10 Kandi gwari umunsi wi sabato . Aba Yuda babyira uwo wakize ; niku sabato ; ntibyemewe kwikorera ikirago .\v 11 Arabasubiza ngo : Uwankijije yambwe ngo : fata ikirago cawe ugende .

View File

@ -1 +1 @@
Baramubaza ngo : Ninde wakubyiye ngo : fata ikirako ugende ? Uwo wari wakize ntiyamenye wamukijije ngo ninde ,kuko Yesu yari yazimiriye mu bantu, kuko harabantu kangari .
\v 12 Baramubaza ngo : Ninde wakubyiye ngo : fata ikirako ugende ? \v 13 Uwo wari wakize ntiyamenye wamukijije ngo ninde ,kuko Yesu yari yazimiriye mu bantu, kuko harabantu kangari .

1
05/14.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
14 Yesu amubona mukanisa : Aramubwira ngo : Wakize , ndukongere gukora icaha bitaza kubeba bibi kurushaho . 15 Uwo muntu aragenda , abwira Abayuda ko ari Yesu wa mukijije .

1
05/16.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
16 Niyo impamvu Abayuda bakurikirana Yesu , nkuko yakoraga ibyi bintu umunsi w'isabato. 17 Yesu arabasubiza ngo : Data arakora kugeza na none ; nanje ndakora . 18 Kubera ibyo Abayuda bashakishaga kumwica , hataruko yicaga gusa Isabato ariko yitaga Imana Se wenyine . kandi akigereranya n'Imana .

1
05/19.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
19 Yesu yongera kubabyira ngo : Mubyukuri ndababyiye umwana ndaco abashe gukora wenyine , akora gusa ico abona kuri Se , kandi ico Se akora cose 20 umwana nawe nico akora . Kuko Se akunda umwana kandi akamwereka ibyo akora byose nuko azamwereka imirimo ikomeye kuruta iyi kugirango muzatangare.

1
05/21.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 21 Kuko Data azura abapfuye kandi agatanga ubuzima , niko umwana atanga ubuzima kuwo yishakiye . \v 22 Ntawe Data acira urubanza umwana niwe wabihawe byose .\v 23 Kugira ngo bose bahe icubahiro umwana nkuko bubaha Se utubaha umwana ntiyubaha nase wamutumye .

1
05/24.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Mubyukuri ndababyiye umuntu wese wunva ijambo ryanje kandi akizera ku wantumwe afite ubugingo buhoraho , kandi ntazacirwa urubanza ahubwo avuye murupfu agya mu buzima .

1
05/25.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
mubyu kuru ndababyira isaha iraje kandi yamaze gusohora ubwo abapfuye bazunva ijwi ry' imana w'Imana .

1
05/26.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
26 Kubera ko Data afite ubuzima muriwe niko yahaye umwana ubuzima muriwe . 27 Kandi Data yamuhaye ubushobozi bwo guca impanza kuberako arumwana w'umuntu .

1
05/28.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
29 Ntimutangazwe nibyo kuko isaha iraje aho abari mubituro bose bazunva ijwi rye. Kandi bavemo 28 Abakoze neza bose baza zukira ubugingo naho ababazaba barakoze nabi baza zukira gushirwa urubanza

1
05/30.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
30 Ntaco njobora gukora nje nyine : Uko nunvishe urubanza kandi urubanza rwanje nurgu kuri kuberako ntakora gushaka kwanje ariko ngora ugushaka ku wantumye . 31 Niba ari nje nitangira ubuhamya bwanje njenyine ubuhamya bwanje ndago ar'ubwukuri . 32 Hari uwundi untangira ubuhamya kandi ubuhamya bwo anantangira bub'ukuri .

1
05/33.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
33 Natumye abantu kuri Yoana na yohana yatanze ubuhamya bwu kuri . 34 Kuri nje ntabwo ari umuntu untangira ubuhamya ariko mbivuze kugirango mukizwe . 35 Yohana yari itara ricanye kandi ryaka kandi nashatse kwishimira umuco we igihe gitoya .

1
05/36.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
36 Njewe nfite ubuhamya bukomeye kuruta ubwa Yohane kuko imirimo data yambaye gusohoza ariyo imirimo ndimo gukora , Impamiriza ko aridata wantumye . 37 Kandi data wantumye yantangira ubuhamya ndabwo yigeze bunva injwi rye. 38 Ntabwo mwigeze mubona mumaso ge . Kandi ijambo rye niriguma murimwe kuberako mutizera uwantumye .

1
05/39.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 39 Mucukumbura ibyanditswe kuberako mutekereza ko mufite mo ubuzima : Nibyo bintangira ubuhamya . \v 40 Ntabwo mushakaga kuza iwanje kugira ngo mubone ubuzima .

1
05/41.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 41 Icubahiro canje ndago ngikuraga kubantu . \v 42 Ariko nzi neza ko ntarukundo rw'Imana rubarimo .

1
05/43.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
43 Naje mwizina rwa Data , ntago mwanyakiriye , ariko hagize umuntu aje kugite ce mwamwakira . 44 Mushobora kwizera gute mwebwe mushakaga ko buri muntu wese yashimwa na mugenzi we . Ntabwo mushakaga ko gushimwa kwanyu kwava mu Mana yonyine .

1
05/45.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
45 Ntimutekereze ko nzabarega mbere ya Data , ubaregaga ni Musa . Uwo mwashize ho ibyiringiro byanyu . 46 Yabaye mwarizeye musa , Muba mwaranizeye nanje , kuberako yanditse ibinyerekeye ho . 47 Ariko niba mutizeye ibyo yanditse , mwakwizera gute amagambo ganje .

1
06/01.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
1 Nyuma yaho Yesu aragenda yerekera urundi ruhande rwi ngezi yi Galilaya ya Tiberiya 2 Abantu benshi baramukurikira , kuko babonaga ibitangaza by'arigukorera abagwayi. 3 Yesu azamuka umusozi iyi yicarana nabishwa be .

1
06/04.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
4 Pasika umunsi mukuru gwari rw' Abayuda gwegereje . 5 Arebye hejuru abona ko abantu benshi bamusanze , Yesu abwira Filipi turagurirahe imake kugira ngo bano bantu babone ibiryo . 6 Yagambye ko kugira ngo amugerageze kuko yari azi ubyo yagiye gukora .

1
06/07.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 7 Filipo aramusubiza ngo : Imikati yo twobona ku mafaranga maganabiri ntoyo tosha kugirango buri muntu abone gake . \v 8 Umwe wo mubigishwa be mbere ya mwene nyina wa Simoni Petro aramubwira ngo : \v 9 Hano hariho umwana wumuhungu ufite imikati itano yingano namahere abiri , none si yo mariki kuraba bantu bangana baca.

1
06/10.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
10 Yesu aragamba ngo : Mubicaze .Aho hantu hariho ibwatsi bwimshi barishara nka bantu bihumbi bitanu . 11 Yesu afata imikati ara ishimira ara igabira abari bishaye abahereza na mahere , uko babishakaga . 12 Bamaze guhaga abwira abigishwa be ngo : Mutoragure ibice bisigaye he kugira ibizimira .

1
06/13.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
13 Barabitoragura , buzuza ibisobane cumi nabibiri hamwe n'ubuvungunyukira bwasigaye kuriyo mikati itanu yingano bose bamaze kurya . 14 Abobantu bamaze kubona ibitangaza byo Yesu yakoze baragamba ngo : uyu koko n'umuhanuzi ukwiriye kuza mwisi . 15 Yesu amaze kumenya ko bagiye kuza kumuzana ngo bamuhereze ubwami arongera avayo aja kumusozi ari wenyine .

1
06/16.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 16 Bugorobye abigishwa be bagogomera uruhande ryingezi .\v 17 Bamaze kwinjira mubwato bambuka ingezi baja Ikapernaumu . Bwari bumamaze kwira , Kandi Yesu yari atari yakabageraho . \v 18 Hari hari guhuha umuyaga mwinshi ingezi yari yagiye mo umuyaga.

1
06/19.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
19 Bamaze kugasha nki meteri mirongo ibiri nitano cangwa mirongo itatu babona Yesu arikugenda ku nyanja ari kwegera ubwato ; baratinya . 20 Ariko Yesu arababwira ngo ni njewe, mutagutinya. 21 Bashakaga kumufata ngo aze mubwato , akokanya ubwato bagera aho baribarija .

1
06/22.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 22 Abantu benshi bari basigaye urundi ruhande rwingezi bamenya ko hasigaye ubwato bumwe gusa , kandi ko Yesu atagiye murubwo bwato hamwe nabigishwa be , ahubwo ko bari bagiye bonyine . \v 23 Bukeye bwaho kuko ubundi bwato bwari bumaze kugera i Tiberia hamwe naho bari baririye imakati umwami amze guhishimira .

1
06/24.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 24 Bamwe bo murabo bantu benshi , bamaze kureba ko hari Yesu , hari abigishwa be batariho batarama bonyine mur'ubwo bwato buja i Kapernaumu gushaka Yesu . \v 25 Bamaze kumubona hakurya yi nyanja baramubwira ngo : Rabi wageze hano gihe ki ?

1
06/26.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 26 Yesu arababwira ngo : Mubwukuri ndabibabyiye muri kunshaka atar'uko mwabonye ibitangaza ariko aruko mwariye imikati mukahaga . \v 27 Mukore atari kubwo ibiryo byo kubora ahubwo ibizahoraho iteka ryose byo umwana w'umuntu azabaha kuko ariwe wo Data Imana yashize ho icapa.

1
06/28.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
28 Baramubwira ngo : Tugiredute kugira ngo dukore imirimo y'Imana. 29 Yesu arababwira ngo : Tugire gute kugira ngo dukore imirimo y'Imana ? Yesu aramusubiza ngo : Umurimo w'Imana nuko mukwiriye kwizera uwantumye .

1
06/30.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 30 Nikihe gitangaza ukoze baramusubiza kugira ngo : Tukirebe kandi tukwizere ukoze iki ? \v 31 Badata bariye manu mubutayu bikurikiranye bikurikiranye nibyanditswe yabahaye ugati uvuye mwijuru gwo kurya.

1
06/32.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 32 Yesu aramubwira ngo : Nukuri nukuri ndikubibabwira Musa nto yabahaye umukati gwo mwijuru\v 33 ariko Data abaherezaga umukati w'ukuri kuko umukati gw'Imana nugugogoma guva mwijuru kandi gugatanga ubuzima kwisi .\v 34 Baramubwira ngo : Mwami tuhereze buri musi ugwo mukati .

1
07/28.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Njewe, ndamuzi, kubera niwe nturukaho kandi niwe wantumye.

1
07/30.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
30Bashaka kumufata, baratinya nta n'umuntu wamukojejeho intoki, kubera ko igihe ce cari kitari cagera. 31 Abantu akangari baramwizera. Maze baragamba ngo: None Kristo nazaza azkora ibitangaza kurusha wuno ? 32 Abafarisayo bumva uko abantu barikwibubuza hejuru ye. Nuko abatambyi bakuru n'Abafarisayo batuma abakozi babo kugirango bamufate bamuzane.

1
07/33.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 33 Yesu aragamba ngo : Ndacari hamwe akanya kanyori nyuma nigire k'uwantumye.\v 34 Muzanshaka ariko ntabwo muzambona. Ntan'ubwo mwoshobora kugera aho nzaba ndi.

1
07/35.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 35 Abayuda baritotomba hagati yabo : Azaja hehe aho tutagomba kumubona ? Nonesi azaja hamwe na babandi batatanijwe mu Bagiriki ? Nonesi azigisha Abagiriki ? \v 36 Iri ijambo ryo yagambye risobanuye ngw'iki : Ngo muzanshaka ariko ntabwo muzambona, ngo nta n'ubwo mushobora kugera aho nzaba ndi ?

1
07/37.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 37 K'umusi gwa nyuma, umusi mukuru gukomeye Yesu arahaguruka agamba n'ijwi rirenga: Niba hari umuntu ufite imyota aze iwanje anywe. \v 38 Umuntu wese unyizeye imigezi y'amazi y'ubuzima gazadudubiriza muri we nkuko ibyanditswe birikugamba.

1
07/39.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Agamba m'umwuka gw'abizeye bagombaga kwakira kuberako umwuka gwari gutar gwabaho. Kandi Yesu yari atarahabwa icubahiro ce.

1
07/40.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 40 Bamwe mubari bari aho, buvushije ago magambo baratangara : Uyu n'umuhanuzi nyawe.\v 41 Abandi baragamba : Ni Krisito. Abandi nabo ngo mbesi ni ngombwa ko Krisito yaturuka i Galilaya ? \v 42 Nonesi ibyanditswe ntibirikugamba ko Krisito agomba guturuka mu muryango gwa Daudi, mu rusisiro rw'i Betelehemu iyo Daudi yari atuye ?

1
07/43.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 43 Kubera we haboneka amacakubiri mu abantu bari bari ahongaho. \v 44 Bamwe bar bari gushaka kumufata ariko nta n'umwe wamukozeho.

1
07/45.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 45 Abakozi bo hasi b'abatambyi bakuru, nabab'Abafarisayo, barigarukira.\v 46 Maze ba shebuja barababaza ngo kuber'iki mutamufashe ngo mumuzane ? Abo bakozi barabasubiza : Reka da, nta muntu numwe ugambaga neza nkawe.

1
07/47.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 49 Ko umanza namwe yaboheje akabayobya ?\v 48 Nonesi nta muntu n'umwe mubakuru cangwa mu Abafarisayo waba yamwizeye ? \v 47 Ni koko, abantu bose batazi amategeko baba baravumwe.

1
07/50.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 50 Nikodemu, wari waragiye kwa Yesu nijoro yaramaze kuba umwe muri bo, arababwira ngo:\v 51 Itegeko ryacu ryohana umuntu ritari rya mwumva no kumenya ico ari kuzira ?\v 52 Baramusubiza : Nawe si uri umunya Galilaya ? N'ureba neza, uzabona ko i Galilaya na rimwe hatovayo umuhanuzi.

1
07/53.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Nuko buri muntu asubira iwabo murugo.

1
08/01.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu aragenda agana ku musozi wa Elayo . Ariko ,mugitondo karekare yongera kuja mukanisa , nuko abantu bose baza aho ari . Amaze kwicara , arabigisha . Nuko abakarani n'Abafarisayo bazana umugore wafashwe ari gusambana .

1
08/04.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Bamuhagarika hagati y'abantu , nuko babwira Yesu ngo : Mwigisha uyu mugore yafashwe mpiri arigusambana . Musa , mumategeko , yadutegetse ko abagore ngaba tubicisha amabuye : None weho ubivuzeho iki ? Ibyo babigambaga bamutega kugira ngo babone ibyo bamurega . Ariko Yesu amaze kunama yandigisha urutoke hasi .

1
08/07.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Mugihe bakomezaga kumubaza arunamuka arababwira ngo : Niba hari umuntu umwe uziko atagira icaha , aba uwambere kumutera ibuye . Nuko yongera kunama yandika kubutaka .

1
08/09.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Mugihe bumvise ibyo , bamaze kuregwa n'umutima nama gwabo , batangira kunyonyomba bigendera umwe umwe , kuhera kubakuru ukageza kubanyuma , nuko Yesu asigara wenyine hamwe nawa mugore waruri hagati . Amaze kunamuka , abona wamugore gusa , aramubwira ngo : Mugore , abakuregaga barihe ? Nta muntu numwe ugucira urubanza ? Arasubiza ngo : Oya , mwami . Nuko Yesu aramubwira ngo : Nanje ntabwo ndikugucira urubanza , genda ariko ntuzongere kukora icaha .

1
08/12.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu araongera arabwira ngo : Ndi umwangaza wisi , umuntu wese unkurikira ntabwo azagendera mumwijima , ariko azabona umwangaza w'ubuzima . Hejuru yibyo , Abafarisayo baramubwira ngo : Weho , urikwitangira ubuhamya , ubwo buhamya bwawe ntaho arubwukuri .

1
08/14.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arabasubiza ngo : Nubwo ndikwitangira ubuhamya ,ubuhamya bwanje nubw'ukuri ,kuko njewe nzi iyo navuye niyo ndi kuja , ariko mwebwe , ntabwo muzi ayi mva niyo ndikuja . Muriguca imanza mukoresheje umubiri , ariko njewe ntawe nshiriye urubanza . Kandi niba nciye urubanza , urubanza rwaje n'ubw'ykuri , kuko ntari njenyine ariko Data wantumye arihamwe nanje .

1
08/17.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Byanditswe mu mategeko yanyu ko ubuhamya bwabantu babiri ari ubwukuri , Nje ndikwitangira ubuhamya bwanje , na Data wantumye ari kubuntangira .

1
08/19.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Nuko baramubaza ngo : Iswo ari he ? Yesu arasubiza ngo : Ntabyo munzi arinjewe ari na Data . Iyaba mwari munzi , mwari kumenya na Data . Yesu yabawiye ayo magambo , arikwigisha mu kanisa , ahantu babikaga isadaka , ariko nta muntu numwe wagombaga kumufata kuberako isaha ye yari itari yagera

1
08/21.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arababwira kandi ngo : Nje ndigendeye , Muzanshaka , kandi muzapfa mufiriye mu byaha byanyu , ntabwo mwashobora kuza iyo ndikuja . Kuribyo Abayuda baragamba ngo : Mbese aziyica ubwe wenyine ? kuko aragambye ngo : Ntabwo mushobora kuza iyo ndi kuja .

1
08/23.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ariko Yesu aramubwira ngo : Muturuka hasi , ariko njewe nduwo hejuru . Mur'abiyisi , ariko njewe , ndabwo nduw'iyisi . Niyo mpamvu nababwiye yuko muzapfira mubyaha byanyu , kuberako niba mutizeye uwo ndiwe , muzapfira mubyaha byanyu .

1
08/25.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Baramubanza ngo : Uri nde ? Yesu arabazubiza ngo : Nduwo nababwiye kuva muntangiriro . Mfite byinci byo kubagambaho mbacira urubanza , ariko uwantumye nuwukuri , kandi ibyo namunvishijeho mbibwiraga isi . Ntabwo bumvise ko arikubabwira ibyerekeye Se .

1
08/28.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arababwira ngo : igihe muza shora hejurur umwana w'umuntu nibwo muzamenya uwo ndiwe , kandi ko ntaco nkora kubwanje njenyine , ariko ko ndikugamba nkurikije ibyo Data yanyigishije . Uwantumye arikumwe nanje , ntabwo yandetse njenyine , kuko burigihe cyose nkora ibyiza . Gukurikiza nibyo Yesu yigishije , bituma abantu kangari bamwizera .

1
08/31.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Nuko abwira Abayuda bari bamwizeye ngo : Nimuguma kuba mujambo ryanje muri abigishwa banje byukuri . Muzamenya ukuri nuko uko ukuri kuzabaha ubuhuru . Maze baramusubiza ngo : Turi urubyaro gwa Aburahamu , ntabwo twigeze tuba abagaragu b'umuntu , nigute wagamba ngo muzaba huru ?

1
08/34.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arababwira ngo : Mubyukuri umuntu wese uzahitamo gukora icaha azaba ari umugaragu wicaha . Nyamara umugaragu ndaguma munzu ariko umwana ayiguma mo . Niba rero umwana abahaye ubuhuru , muzadamarara .

1
08/37.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Nzi yuko muri urubyari rwa Aburahamu ariko mushaka kunyica kuberako ijambo ryanje ritari kubinjira mo . Ndikugamba ibyo nabonye kuri Data , ariko mwebwe , murigukora ibyo mwumvishije kuri swo .

View File

@ -1 +1 @@
Ariko noneho murigushaka kunyica , njewe wababwiye ukuri numvishije ku Imana . Ibyo Aburahamu ntaho yigeze kubikora . Mukora imirimo ya so . Baramubwira ngo : Ntaho turi ibibyarane , dufite data umwe , Imana .
Baramusubiza ngo : Data ni Aburahamu . Yesu araba bwira ngo : Iyo muba mur'abana ba Aburahamu mwari gukora imirimo ya Aburahamu .\v 39 Ariko noneho murigushaka kunyica , njewe wababwiye ukuri numvishije ku Imana . \v 40 Ibyo Aburahamu ntaho yigeze kubikora . Mukora imirimo ya so .\v 41 Baramubwira ngo : Ntaho turi ibibyarane , dufite data umwe , Imana .

View File

@ -1 +1 @@
Yesu arababwira ngo : yabaye Imana ariyo So , mwari kunkunda , kubera ko mu Imana arimo nkomoka . Kandi arimo naturutse , Ntabwo naje ku bwanje , ahubwo niwe wantumye . Kubera iki mutunvaga invugo yanje ? kubera ko mutashobora gusobanukirwa ijambo ryanje . Muri abaso shetani , kandi murashaka gusohoza ubyo so yifuriza . Yabaye umwicanyi kuva kuntangiriro ,Ntabwo yahagararaga mukuri , kuko ntakuri kuba muriwe . igihe avuga ibinyoma aba avuga ibye ; kuberako ari umubeshi na se w'ibinyoma .
\v 42 Yesu arababwira ngo : yabaye Imana ariyo So , mwari kunkunda , kubera ko mu Imana arimo nkomoka . \v 43 Kandi arimo naturutse , Ntabwo naje ku bwanje , ahubwo niwe wantumye . Kubera iki mutunvaga invugo yanje ? kubera ko mutashobora gusobanukirwa ijambo ryanje . \v 44 Muri abaso shetani , kandi murashaka gusohoza ubyo so yifuriza . Yabaye umwicanyi kuva kuntangiriro ,Ntabwo yahagararaga mukuri , kuko ntakuri kuba muriwe . igihe avuga ibinyoma aba avuga ibye ; kuberako ari umubeshi na se w'ibinyoma .

View File

@ -1,2 +1 @@
\v 4
Njewe , kuko nvuga ukuri , ntabwlo munyemeza\v 46 Ninde muri mwe uza nyemeza ibyaha ? Niba nvuga ukuri , kubera iki mutanyemeraga ? \v 45Uri uw'Imana , asobanukirwaga bamagambo y'Imana ; mwewe nti musobanukirwa kubera ko mutari ab'Imana .
\v 45 Njewe , kuko nvuga ukuri , ntabwlo munyemeza\v 46 Ninde muri mwe uza nyemeza ibyaha ? Niba nvuga ukuri , kubera iki mutanyemeraga ? \v 47 Uri uw'Imana , asobanukirwaga bamagambo y'Imana ; mwewe nti musobanukirwa kubera ko mutari ab'Imana .

View File

@ -1 +1 @@
9\v 8 Abaturanyi nabari bamuzi mbere ubwo yasabirizaga baragamba ngo : Uriya siwe ya horaga yicaye kandi asabiriza . Bamwe baragambaga ngo niwe . \v 9Abandi baka gamba ngo : Oya . Ntabwo ariwe ? Ariko barasana . Naho we ubwe ngo ni njewe .
8 Abaturanyi nabari bamuzi mbere ubwo yasabirizaga baragamba ngo : Uriya siwe ya horaga yicaye kandi asabiriza . Bamwe baragambaga ngo niwe . 9 Abandi baka gamba ngo : Oya . Ntabwo ariwe ? Ariko barasana . Naho we ubwe ngo ni njewe .

1
10/01.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 1 Muby'ukuri ndabibabwiye : Wa undi utinjiriraga mu muryango gwikiraro , ariko akazamukira ahandi uwo n'umujura nuwo kunyaga . \v 2 Umushumba mwiza w'intama yinjiriraga mu muryango .

1
10/03.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 3 Umushumba mwiza w'intama iyo afunguye umuryango intama zumvaga ijwi rye , akaza kura mu mazina akazisohora hanze akaja kuziragira .\v 4 Iyo amaze kuzisohora hanze ajaga imbere yazo soze zika mukurikira kubera ko zizi ijwi rye .

1
10/05.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 5 Intama ntabwo zokurikira umunya mahanga ahubwo zira muhungaga kuko zitazi ijwi ryabanyamahanga .\v 6 Yesu yababwiye ugo mugani bo ntibamenye ico yashatse kubabwira .

1
10/07.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 7 Yesu yongera kubabwira ngo : Ndabibabwiye kandi ni njewe umuryango gw'intama . \v 8 Abantu bose baje imbere yanje nabajura nabo kunyaga , ariko intama ntabwo zumvishije ijwi ryabo .

1
10/09.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 9 Ninjewe umuryango umuntu wese uza nyuriraho azakizwa , azinjira kandi azasohoka azicara mubwatsi bwiza .\v 10 Naho umujura azaga aje kwiba , kubaga, no kubomora , njewe nazanywe no kugirango intama zanje zibone ubuzima kandi zikomeze kudamarara .

1
10/11.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 11 Njewe ndi umushumba mwiza , kandi mushumba mwiza atangaga ubuzima bwe kurengera intama ze . \v 12 Ariko umucanshuro utari umushumba w'intama iyo igisimba kije ataga intama akirukanka igisimba kikarya izo intama no kuzitatanya. \v 13Umucanshura arirukaga ntahangaike ntiyite no kungorane intama zifite . Ariko njewe ndumushumba mwiza .

1
10/14.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
\v 16 Intama zanje ndazizi kandi nazo ziranzi . \v 15 Nkuko Data anzi nanje nkaba nzi Data , ntangaga ubuzima bwanje kubera intama zanje .\v 14 Mfite izindi intama zitari izo muriki kiraro izo nazo ningobwa ko nzazizana kandi nazo zizumva ijwi ryanje hazaba ho umukumbi gumwe n'umushumba umwe .

Some files were not shown because too many files have changed in this diff Show More